
Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...

Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...

Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...

Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...

Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...

Amasomero y’ibitabo byiza mu mujyi wa rubavu
Umujyi wa Rubavu ni umujyi uri mu Karere ka Rubavu ku nyengero z’ikiyaga cya Kivu, ni umujyi urimo ibintu byinshi byo gusura. Ukunda gusoma ukaba watembereye, wagiye gukorera mu mujyi wa Rubavu cyangwa uwutuyemo ni byiza kumenya ahantu wajya gusomera,...

Udakora mu nkono,isahane ikakurega.
Harabaye ntihakabe habaye inka n’ingoma, hapfuye Impyisi mahuma Hasigaye Inka n’abana Ngucire umugani w’umurandaranda nuwurinda ukawurandura uzaramba nkawo Ubusambo bw’abagabo bo hambere, Kera habayeho umugabo n’umugore. Bari batuye mu Ruhondo rwa...

Ibintu 22 ukwiye kumenya kuri perezida wa mbere wayoboye tanzaniya julius kambarage nyerere
Julius Kambarage Nyerere ni umunyatanzaniya, umunyapolitiki, impirimbanyi yabadakunda ubukoroni, umwanditsi w’ibitabo. Dore ibintu wamenya kuri Julius Nyerere: 1. Julius Kambarage Nyerere yavutse taliki ya 13 /04/1922 2. Nyerere Yavukiye Butiama, ni...

Kazungula, ahantu ibihugu bine bya afurika bihurira
Quadripoint! Si henshi ku isi usanga ahantu afite imiterere iteye gutya, kuba hahurira ibihugu birenze bibiri icyarimwe. Kazungula ni ahantu ho nyine ku isi ibihugu bihurira mu buryo kamere.Ni ahantu hafite amateka menshi kubera ukuntu...

Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO
Kizito Mihigo ni umuhanzi, umucuranzi, umwanditsi w’indirimbo n’umuririmbyi w’umunyarwanda, akaba n’imirimbanyi y’amahoro n’ubwiyunge. Yaririmbaga indirimo zihimbaza imana muri Kiliziya Gaturika ahimba n’iz’ubumwe n’ubwiyunge. Kizito Mihigo yavukiye I kibeho mu karere...
- Inzu zisohora ibitabo by’abana mu Rwanda wagana
- Indashyikirwa 2025; Itorero Inyamibwa rya UR-CST ryatwaye igihembo
- Itorero Indangamirwa rya UR-CST ryatwaye irushanwa ry’imbyino Gakondo mu Rwanda
- Indashyikirwa 2025, uturere 5 twahize utundi mu Urugerero rw’Inkomezabigwi
- Indashyikirwa 2025, abahembwe mu guteza imbere umuco nyarwanda
- Gusoma 2025, ibitabo abantu bakuru bakwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025: Ibitabo urubyiruko rukwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025, ibitabo abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025: Ibitabo byasohotse muri Mutarama-Werurwe 2025
- Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka
- Ibintu 5 ukwiriye kumenya kuri Rencontres Internationales du Livre Francophone du Rwanda
- Gusoma 2025, Ibitabo 6 ukwiriye gusoma ku kugira ubumenyi bwihariye ku giti cyawe
- Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025, Ibitabo ukwiriye gusoma kugirango wongere umusaruro muri uyu mwaka
- Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie
- Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.
- Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama
- Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa
- Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...
Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...
Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...
Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...
Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...
Amasomero y’ibitabo byiza mu mujyi wa rubavu
Umujyi wa Rubavu ni umujyi uri mu Karere ka Rubavu ku nyengero z’ikiyaga cya Kivu, ni umujyi urimo ibintu byinshi byo gusura. Ukunda gusoma ukaba watembereye, wagiye gukorera mu mujyi wa Rubavu cyangwa uwutuyemo ni byiza kumenya ahantu wajya gusomera,...
Udakora mu nkono,isahane ikakurega.
Harabaye ntihakabe habaye inka n’ingoma, hapfuye Impyisi mahuma Hasigaye Inka n’abana Ngucire umugani w’umurandaranda nuwurinda ukawurandura uzaramba nkawo Ubusambo bw’abagabo bo hambere, Kera habayeho umugabo n’umugore. Bari batuye mu Ruhondo rwa...
Ibintu 22 ukwiye kumenya kuri perezida wa mbere wayoboye tanzaniya julius kambarage nyerere
Julius Kambarage Nyerere ni umunyatanzaniya, umunyapolitiki, impirimbanyi yabadakunda ubukoroni, umwanditsi w’ibitabo. Dore ibintu wamenya kuri Julius Nyerere: 1. Julius Kambarage Nyerere yavutse taliki ya 13 /04/1922 2. Nyerere Yavukiye Butiama, ni...
Kazungula, ahantu ibihugu bine bya afurika bihurira
Quadripoint! Si henshi ku isi usanga ahantu afite imiterere iteye gutya, kuba hahurira ibihugu birenze bibiri icyarimwe. Kazungula ni ahantu ho nyine ku isi ibihugu bihurira mu buryo kamere.Ni ahantu hafite amateka menshi kubera ukuntu...
Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO
Kizito Mihigo ni umuhanzi, umucuranzi, umwanditsi w’indirimbo n’umuririmbyi w’umunyarwanda, akaba n’imirimbanyi y’amahoro n’ubwiyunge. Yaririmbaga indirimo zihimbaza imana muri Kiliziya Gaturika ahimba n’iz’ubumwe n’ubwiyunge. Kizito Mihigo yavukiye I kibeho mu karere...