

Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...

Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...

Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...

Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...

Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...

Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...

Weekend yo Kwita Izina, impamvu 5 ukwiriye kuba uri I Musanze
Mu gihe cyo Kwita Izina abana b’ingagi, umujyi wa Musanze no mu nkengero zawo haba hashyushye,hari abantu benshi. Ni ahantu haba hahuriye abantu batandukanye; abanyamusanze cyangwaabahatembereye.Hari mpamvu abantu bakwiriye kumenya ibintu bakora muri iyo minsi....

Musanze, Isomero ry’Agati
Agati Library ni isomero ryashinzwe n’abantu batandukanye, bashaka gufasha abana kubona ahantu hogusomera, kungukira ubumenyi, kwigira, kuganira ku gitabo wasomye, kwandika inkuru, kunguka inshuti zikunda gusoma no kwandika. Ni isomero ryakira abantu bose, barigana...

Nyuma yo kwita izina abana b’ingagi, ibintu wakora I Musanze.
Umuntu wakwitabira umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi I Musanze, hari ibintu byinshi yakora nyuma y’uyu muhango. Ni byiza gukomeza kwishimira ibyiza biboneka muri aka karere kari mu majyaruguru y’u Rwanda. Dore bimwe mu byo ukwiriye gukora: Gusura ibyiza...

Kwita Izina 2022, Amazina y’abana b’Ingagi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwa bitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muripolitiki, imikino no mu...
- Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
- Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
- Huye, Amasaha 10 I Sovu
- Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
- Amafunguro ya Kigande I Kibeho
- Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
- Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
- Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
- Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
- Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
- Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe
- Kuzamuka umusozi wa Huye
- Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru
- Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
- Umuganura 2025, Umuganura ku rwego rw’Igihugu wizihirijwe I Musanze
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...
Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...
Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...
Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...
Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...
Weekend yo Kwita Izina, impamvu 5 ukwiriye kuba uri I Musanze
Mu gihe cyo Kwita Izina abana b’ingagi, umujyi wa Musanze no mu nkengero zawo haba hashyushye,hari abantu benshi. Ni ahantu haba hahuriye abantu batandukanye; abanyamusanze cyangwaabahatembereye.Hari mpamvu abantu bakwiriye kumenya ibintu bakora muri iyo minsi....
Musanze, Isomero ry’Agati
Agati Library ni isomero ryashinzwe n’abantu batandukanye, bashaka gufasha abana kubona ahantu hogusomera, kungukira ubumenyi, kwigira, kuganira ku gitabo wasomye, kwandika inkuru, kunguka inshuti zikunda gusoma no kwandika. Ni isomero ryakira abantu bose, barigana...
Nyuma yo kwita izina abana b’ingagi, ibintu wakora I Musanze.
Umuntu wakwitabira umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi I Musanze, hari ibintu byinshi yakora nyuma y’uyu muhango. Ni byiza gukomeza kwishimira ibyiza biboneka muri aka karere kari mu majyaruguru y’u Rwanda. Dore bimwe mu byo ukwiriye gukora: Gusura ibyiza...
Kwita Izina 2022, Amazina y’abana b’Ingagi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwa bitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muripolitiki, imikino no mu...