Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...
Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...
Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...
Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....
Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...
Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...
Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...
Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice
Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...
Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi
Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta...
- Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
- Club Rafiki Community Library
- Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
- Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
- Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
- Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
- Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
- Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
- Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
- Igicumbi Magazine: UCI 2025: Le vélo dans les routes du pays des mille collines.#Issue10 Numéro Spécial!
- Igicumbi Magazine; Umunsi w’Igikundiro 2025 #Issue9 Numero yihariye
- Igicumbi Magazine;Umuganura 2025 #Issue8 Nimero Yihariye
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Igicumbi Magazine; Ubumuntu Arts Festival 2025 #Issue7 Special Cover
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...
Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...
Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...
Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....
Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...
Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...
Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...
Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice
Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...
Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi
Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta...

