Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda

Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda

Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...

Udakora mu nkono,isahane ikakurega.

Udakora mu nkono,isahane ikakurega.

Harabaye ntihakabe habaye inka n’ingoma, hapfuye Impyisi mahuma Hasigaye Inka n’abana  Ngucire umugani w’umurandaranda nuwurinda ukawurandura uzaramba nkawo Ubusambo bw’abagabo bo hambere, Kera habayeho umugabo n’umugore. Bari batuye  mu Ruhondo rwa...

Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO

Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO

Kizito Mihigo ni umuhanzi, umucuranzi, umwanditsi w’indirimbo n’umuririmbyi w’umunyarwanda, akaba n’imirimbanyi y’amahoro n’ubwiyunge. Yaririmbaga indirimo zihimbaza imana muri Kiliziya Gaturika ahimba n’iz’ubumwe n’ubwiyunge. Kizito Mihigo yavukiye I kibeho mu karere...

Imiziririzo

Imiziririzo

Mu muco wa Kinyarwanda habamo imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abakurambere bacu.Umuntu yakuraga azi ibizira,umwana akavuga,agakura aziko hari ibintu adashobora gukora,akarebera ku bakuru,kandi nabo bakamwigisha. I. Umuntu n’undi muntu  Umuntu azira kurya...

Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda

Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...

Udakora mu nkono,isahane ikakurega.

Harabaye ntihakabe habaye inka n’ingoma, hapfuye Impyisi mahuma Hasigaye Inka n’abana  Ngucire umugani w’umurandaranda nuwurinda ukawurandura uzaramba nkawo Ubusambo bw’abagabo bo hambere, Kera habayeho umugabo n’umugore. Bari batuye  mu Ruhondo rwa...

Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO

Kizito Mihigo ni umuhanzi, umucuranzi, umwanditsi w’indirimbo n’umuririmbyi w’umunyarwanda, akaba n’imirimbanyi y’amahoro n’ubwiyunge. Yaririmbaga indirimo zihimbaza imana muri Kiliziya Gaturika ahimba n’iz’ubumwe n’ubwiyunge. Kizito Mihigo yavukiye I kibeho mu karere...

Imiziririzo

Mu muco wa Kinyarwanda habamo imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abakurambere bacu.Umuntu yakuraga azi ibizira,umwana akavuga,agakura aziko hari ibintu adashobora gukora,akarebera ku bakuru,kandi nabo bakamwigisha. I. Umuntu n’undi muntu  Umuntu azira kurya...