![Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/arton3550.jpg)
Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”
Uyu mugani Abanyarwanda baca ngo kanaka “Yigize syoli”, bawuca iyo babonye umuntu wigize umushirasoni kabuhariwe, akaba ikinani muri byose. Ni bwo bagira bati “kanaka yigize Syoli!” Ngo byakomotse kuri Syoli w’i Nyagahanga ( ahazwi nka Byumba) ahagana mu mwaka wa...
![2011-2018, Abahanzi batwaye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star mu Rwanda](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/PGGSS.jpg)
2011-2018, Abahanzi batwaye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star mu Rwanda
PGGSS ni irushanwa rwo guteza imbere umuziki mu Rwanda, isosiyete ya Bralirwa ifatanyije na Mushyoma Joseph washinze EP (East Africa Promoter) bateguraga irushanwa ryo gushakisha umuhanzi ukunzwe mu gihugu buri mwaka. Guma Guma ni irushanwa ryahuzaga abahanzi...
![Perezida Paul Kagame yahawe igihembo cya World Tourism Award 2017](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/PEREZIDA-I-LONDON.jpg)
Perezida Paul Kagame yahawe igihembo cya World Tourism Award 2017
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yahahwe igihembo cya World Tourism Award mu nama mpuzamahanga ya World Travel Market London iba buri mwaka i Londres mu Bwongereza Tariki ya 6 Ugushyingo 2017. Perezida Kagame yahawe iki gihembo kubera gahunda nziza...
![Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/amazi.jpg)
Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu
1. Umuntu azira kurya abyina, kuba ari ugukenya bene nyina 2. Umuntu iyo ashatse kuvuga undi muntu akavugishwa, akavuga undi adashaka kuvuga, arongera akarisubiramo, ngo nawe arakavugwa.Iyo atamusubiye mu izina ngo amuvuge, kuba ari ukumukenya 3. Iyo umuntu arya maze...
![Imiziririzo: umuntu n’ihene](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/ihene.png)
Imiziririzo: umuntu n’ihene
Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...
![Imiziririzo: Umuntu n’udusimba](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/imbwa.jpg)
Imiziririzo: Umuntu n’udusimba
Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...
![Imiziririzo: Umuntu n’Inka](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/inka-1024x675.jpeg)
Imiziririzo: Umuntu n’Inka
1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...
![IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/photo-gukuna-900x675.jpg)
IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE
Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere, ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca...
![Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2024/01/ruhango.jpg)
Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama
Kuragiza Imana umwaka mushya ni ikintu cy’ingenzi kuri buri muntu aba agomba gushyira muri gahunda mu mwaka mushya. Ni byiza kureba ingendo nyobokamana wakora, ugahura n’abandi ugasenga, ukereka Imana ibyifuzo, ingamba, gahunda by’umwaka mushya. Urugendo rwo Kwa Yezu...
![Kuri Noheli n’Ubunani, ahantu ho gusohokana abana muri Kigali](https://igicumbi.com/wp-content/uploads/2023/12/abana-bakina.jpg)
Kuri Noheli n’Ubunani, ahantu ho gusohokana abana muri Kigali
Ni byiza kumenya ahantu wabasha gusohokana abana muri iki gihe cy’iminsi mikuru, abana bakishima, bakanezerwa, bakamenya ahantu hatandukanye. Ni ahantu n’abantu bakuru bajya bakishimana n’abana! Kandi haba hari ibyo kurya no kunywa. 1.Santas Leisure Park (Kanombe)...
- Abatsinze mu irushanwa rya Africa Tourism Leadership Award 2020
- Umunyarwandakazi watsindiye igihembo muri ATLF 2020
- 2020, Voyages Afriq yatsindiye igihembo muri Africa Tourism Leadership Forum
- Imirage 5 y’igihugu, imirage ndangamuco ifatika iri muri kigali 2024
- Rwanda 2024, Imirage Ndangamuco Ifatika y’Igihugu
- Kwibuka, inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi ziri mu mirage ndangamuco ifatika y’igihugu.
- Impamvu 20 zo gusura Victoria Falls
- INSIGAMIGANI : “Bamushyize igorora”
- Rwanda, ibintu 18 bikomeye bizaba mu mwaka wa 2024
- 2024, ibiciro byo gusura ingoro ndangamurage mu Rwanda
- Rwanda 2017, amatora ya Perezida wa Repubulika
- Rwanda 2010; ijambo rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ku munsi wo kurahira
- Rwanda 2010, amatora ya Perezida wa Repubulika
- Rwanda 2003, amatora ya Perezida wa Repubulika
- #Kwibuka30, amazina 9 y’abanyapolitike bongewe ku Rwibutso rwa Rebero
- UKO KWIBA UMUKOBWA BYAKORWAGA KERA
- Mu mujyi wa Kigali rwagati, amasomero wagana
- Mutarama 2024, Ibitabo bishya byasohotse bwa mbere mu Rwanda
- Kwibuka 30, abagore bayoboye imiryango mpuzamahanga ikomeye ku isi baje mu Rwanda
- Kwibuka 30, aba visi Perezida b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’
Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”
Uyu mugani Abanyarwanda baca ngo kanaka “Yigize syoli”, bawuca iyo babonye umuntu wigize umushirasoni kabuhariwe, akaba ikinani muri byose. Ni bwo bagira bati “kanaka yigize Syoli!” Ngo byakomotse kuri Syoli w’i Nyagahanga ( ahazwi nka Byumba) ahagana mu mwaka wa...
2011-2018, Abahanzi batwaye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star mu Rwanda
PGGSS ni irushanwa rwo guteza imbere umuziki mu Rwanda, isosiyete ya Bralirwa ifatanyije na Mushyoma Joseph washinze EP (East Africa Promoter) bateguraga irushanwa ryo gushakisha umuhanzi ukunzwe mu gihugu buri mwaka. Guma Guma ni irushanwa ryahuzaga abahanzi...
Perezida Paul Kagame yahawe igihembo cya World Tourism Award 2017
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yahahwe igihembo cya World Tourism Award mu nama mpuzamahanga ya World Travel Market London iba buri mwaka i Londres mu Bwongereza Tariki ya 6 Ugushyingo 2017. Perezida Kagame yahawe iki gihembo kubera gahunda nziza...
Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu
1. Umuntu azira kurya abyina, kuba ari ugukenya bene nyina 2. Umuntu iyo ashatse kuvuga undi muntu akavugishwa, akavuga undi adashaka kuvuga, arongera akarisubiramo, ngo nawe arakavugwa.Iyo atamusubiye mu izina ngo amuvuge, kuba ari ukumukenya 3. Iyo umuntu arya maze...
Imiziririzo: umuntu n’ihene
Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...
Imiziririzo: Umuntu n’udusimba
Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...
Imiziririzo: Umuntu n’Inka
1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...
IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE
Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere, ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca...
Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama
Kuragiza Imana umwaka mushya ni ikintu cy’ingenzi kuri buri muntu aba agomba gushyira muri gahunda mu mwaka mushya. Ni byiza kureba ingendo nyobokamana wakora, ugahura n’abandi ugasenga, ukereka Imana ibyifuzo, ingamba, gahunda by’umwaka mushya. Urugendo rwo Kwa Yezu...
Kuri Noheli n’Ubunani, ahantu ho gusohokana abana muri Kigali
Ni byiza kumenya ahantu wabasha gusohokana abana muri iki gihe cy’iminsi mikuru, abana bakishima, bakanezerwa, bakamenya ahantu hatandukanye. Ni ahantu n’abantu bakuru bajya bakishimana n’abana! Kandi haba hari ibyo kurya no kunywa. 1.Santas Leisure Park (Kanombe)...