
Ibintu 15 wakorera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. 1.Picnic 2.Gukora umwiherero n’inama (inshuti,...

Ibintu 10 byo kumenya kuri Imfura Park
Imfura Park ni izina ryashyizweho n’abantu bakoresha ikoranabuhanga bakunda kugana ako gace. Ni ahantu hashyizweho mu marembo y’umujyi wa Kigali mu rwego rwo gufasha abantu kubona aho bicara bakaruhuka. Dore ibintu 10 ukwiriye kumenya kuri iyi Park 1.Kuyijyamo ni...

Gutemberera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. Iherereye mu murenge wa Gahanga, akarere ka...

Aba Perezida bitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida Paul Kagame
Tariki ya 11 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye kuzayobora u Rwanda muri mada y’imyaka itanu (2024-2029) kuri Sitade Amahoro I Remera. Ni umuhango witabiriwe n’abanyarwanda baturutse hirya no hino, inshuti z’u Rwanda n’abanyacyubahiro...

Ijambo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze mu muhango wo kurahirira manda nshya 2024-2029
I can only begin by thanking all Rwandans for putting your trust and confidence in me. It is an honour to serve as your President for another term. To all our guests, friends, and partners, from near and far, your presence on this important day is very deeply...

Gusura ku Mulindi w’Intwari (Ingoro Ndangamurage yo Kwibohora)
Ku Mulindi w’Intwari hafite amateka mu gihugu cy’u Rwanda, hazwi nka hantu hafite inkuru y’urugendo rwo kubohora igihugu byagejeje mu guhagarika Jenoside Yakorewe Abatutsi. Ni Urugendo rwari ruyobowe n’umutwe wa politiki wa RPF (Rwanda Patriotic Front ) hamwe n’ingabo...

Gutembera! Pariki watemberamo mu mujyi wa Kigali
Mu mujyi wa Kigali haboneka ahantu henshi hatandukanye watemberera igihe cyose. Ni Pariki zifite ibintu byinshi abantu bakunda, abantu bishimira, abantu bajya kuruhukira, kuganirira, gukora siporo, kwitekerezaho, gukorera ibirori, picnic, kwifotoza, gufata amashusho,...

Gasabo, ibintu 45 bitandukanye ukwiriye kumenya mu Akarere ka Gasabo
Akarere ka Gasabo ni kamwe mu turere dutatu tw’umujyi wa Kigali, ni akarere gafite ubuso bwa km2 430.30, kagizwe n’imirenge 15, utugari 73 n’imidugugu 485. Ikicaro cya Karere ka Gasabo kibarizwa mu murenge wa Remera Akagari ka Nyarutarama. Akarere ka Gasabo kabayeho...

Gusura ubutaka butagatifu bwa Kibeho
Ubutaka butagatifu bwa Kibeho buherereye mu karere ka Nyaruguru mu ntara y’Amajyepfo. Ni ahantu habaye amabonekerwa ya Bikira Mariya mu myaka ya 1981-1983. Hari ibintu bitandukanye wasura byerekeye amabonekerwa yahabereye. Ni ubutaka buriho ikigo cy’Amashuri...

Indashyikirwa, Umunyabugeni Ramadhan
Umunyabugeni Ramadhan ni umusore w’umunyarwanda wavutse tariki ya 13 Ugushyingo 2003. Ramadhan yatangiye gushushanya yiga mu mashuri abanza, akagira ubumenyi bwo gushushanyiriza ayandi mashuri. Ubwo yigaga mu mwaka wa Kane w’amashuri abanza (P4) yajyaga ajya...
- Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie
- Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.
- Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama
- Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa
- Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
- Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
- Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
- Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
- Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
- Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
- Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
- Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
- Amagambo y ikinyarwanda yashyizwe mu Inkoranyamagambo ya Oxford
- 2024, Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco Udafatika ku isi
- 2024, imirage nyafurika itatu yashyizwe ku rutonde rw’imirage ndangamuco idafatika ku isi
- Iminsi Mikuru, gahunda yo gutega imodoka
Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”
Ibintu 15 wakorera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. 1.Picnic 2.Gukora umwiherero n’inama (inshuti,...
Ibintu 10 byo kumenya kuri Imfura Park
Imfura Park ni izina ryashyizweho n’abantu bakoresha ikoranabuhanga bakunda kugana ako gace. Ni ahantu hashyizweho mu marembo y’umujyi wa Kigali mu rwego rwo gufasha abantu kubona aho bicara bakaruhuka. Dore ibintu 10 ukwiriye kumenya kuri iyi Park 1.Kuyijyamo ni...
Gutemberera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. Iherereye mu murenge wa Gahanga, akarere ka...
Aba Perezida bitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida Paul Kagame
Tariki ya 11 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye kuzayobora u Rwanda muri mada y’imyaka itanu (2024-2029) kuri Sitade Amahoro I Remera. Ni umuhango witabiriwe n’abanyarwanda baturutse hirya no hino, inshuti z’u Rwanda n’abanyacyubahiro...
Ijambo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze mu muhango wo kurahirira manda nshya 2024-2029
I can only begin by thanking all Rwandans for putting your trust and confidence in me. It is an honour to serve as your President for another term. To all our guests, friends, and partners, from near and far, your presence on this important day is very deeply...
Gusura ku Mulindi w’Intwari (Ingoro Ndangamurage yo Kwibohora)
Ku Mulindi w’Intwari hafite amateka mu gihugu cy’u Rwanda, hazwi nka hantu hafite inkuru y’urugendo rwo kubohora igihugu byagejeje mu guhagarika Jenoside Yakorewe Abatutsi. Ni Urugendo rwari ruyobowe n’umutwe wa politiki wa RPF (Rwanda Patriotic Front ) hamwe n’ingabo...
Gutembera! Pariki watemberamo mu mujyi wa Kigali
Mu mujyi wa Kigali haboneka ahantu henshi hatandukanye watemberera igihe cyose. Ni Pariki zifite ibintu byinshi abantu bakunda, abantu bishimira, abantu bajya kuruhukira, kuganirira, gukora siporo, kwitekerezaho, gukorera ibirori, picnic, kwifotoza, gufata amashusho,...
Gasabo, ibintu 45 bitandukanye ukwiriye kumenya mu Akarere ka Gasabo
Akarere ka Gasabo ni kamwe mu turere dutatu tw’umujyi wa Kigali, ni akarere gafite ubuso bwa km2 430.30, kagizwe n’imirenge 15, utugari 73 n’imidugugu 485. Ikicaro cya Karere ka Gasabo kibarizwa mu murenge wa Remera Akagari ka Nyarutarama. Akarere ka Gasabo kabayeho...
Gusura ubutaka butagatifu bwa Kibeho
Ubutaka butagatifu bwa Kibeho buherereye mu karere ka Nyaruguru mu ntara y’Amajyepfo. Ni ahantu habaye amabonekerwa ya Bikira Mariya mu myaka ya 1981-1983. Hari ibintu bitandukanye wasura byerekeye amabonekerwa yahabereye. Ni ubutaka buriho ikigo cy’Amashuri...
Indashyikirwa, Umunyabugeni Ramadhan
Umunyabugeni Ramadhan ni umusore w’umunyarwanda wavutse tariki ya 13 Ugushyingo 2003. Ramadhan yatangiye gushushanya yiga mu mashuri abanza, akagira ubumenyi bwo gushushanyiriza ayandi mashuri. Ubwo yigaga mu mwaka wa Kane w’amashuri abanza (P4) yajyaga ajya...