

Rwanda, Amaserukiramuco uzitabira mu mpeshyi
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose z’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...

Musanze, amaserukiramuco akomeye abera I Musanze
Musanze iwabo w’ibirunga n’ibirayi! Musanze izwiho ibintu byinshi bizwi cyane n’abanyarwanda n’abanyamahanga. Aka gace kazwimo kubamo amaserukiramuco akomeye, akurura abantu bakunda amaserukiramuco bavuye hirya no hino. 1.Ikirenga Culture Tourism Festival (Mu mujyi wa...

Misiyoni 12 za mbere zubatswe mu Rwanda
Abapadiri bera bakandagije ikirenge cyabo ku butaka bw’u Rwanda tariki ya 24 Gashyantare 1878. Kiliziya Gatolika ifite abayoboke benshi mu Rwanda, ikaba ari iya mbere yazanye imyemerere ya Gikirisitu mu banyarwanda. Mu mwaka w’I 1894, hashizwe Vicariyati...

2024. Amaserukiramuco 17 akomeye azabera mu Rwanda
Ni byiza kumenya amaserukiramuco akomeye azaba mu gihugu, amaserukiramuco uzitabira, uzajyanamo n’inshuti n’abavandimwe. Kuva mu ntangiro z’umwaka kugera mu mpera zawo haba hari amaserukiramuco atandukanye mu mpande zose z’igihugu. Mu Rwanda, ni igihugu giteza imbere...

Ibintu 40 wamenya kuri Padiri Silivani Bourguet
Padiri Silivani Bourget ni umupadiri w’umubiligi waje mu Rwanda gukora ubutumwa bw’iyobokamana mu Rwanda Nyakanga 1963-Ukuboza 2000. Dore ibintu 40 wamenya kuri uwo mu Padiri: 1.Silivani Bourguet yavutse tariki ya 16 Werurwe 1924 2. Mama we yitwaga Felicite...

2025; Amaserukiramuco utagomba kuburamo mu Rwanda
Kwitabira iserukiramuco ryiza mu Rwanda ni kimwe mu bintu bizagushimisha mu kurangiza uyu mwaka. Amaserukiramuco azabera ahantu hatandukanye mu Rwanda. Kuba uhatuye, utuye hafi yaho, uteganya kujyayo, tekereza ku iserukiramuco rizahabera. Ntugomba kubura! 1.Iteka...

Gutemberera mu Imbuga City Walk
Umujyi wa Kigali wakoze Imbuga mu rwego rwo gufasha abanyamujyi ndetse n’abahagenda kubona ahantu ho kwicara, gukinira, kuganirira, kuruhuka, gusomera ibitabo, kubona iterineti y’ubuntu. Iyi mbuga igizwe n’ubusitani, intebe zo kwicaramo, ahantu ho gutegurira ibirori...

Abatsinze mu irushanwa rya Africa Tourism Leadership Award 2020
I Kigali habereye ku nshuro yaryo ya gatatu, umuhango wo guhemba mu irushanwa ry’abakora mu nzego z’ubukerarugendo ku mugabane wa Afurika. Ni ibihembo biba biri mu byiciro icyenda aho ibigo bitandukanye byarushanwaga. Uyu mwaka harushanwaga abagera ku 106. Abatsinze...

Umunyarwandakazi watsindiye igihembo muri ATLF 2020
Umunyarwandakazi Aline Murekatete yatsindiye igihembo cyo mu rwego rw’urubyiruko rufite imishinga ifite udushya (Youth Innovation Competition). Umushinga wa Aline ni Spree Bubble Concept. Ni irushanwa ryateguwe urubyiruko rwohereza imishinga ifite udushya yo gufasha...

2020, Voyages Afriq yatsindiye igihembo muri Africa Tourism Leadership Forum
I Kigali habereye Africa Tourism Leadership Forum ku nshuro yaryo ya gatatu, habayemo umuhango wo guhemba mu irushanwa ry’abakora mu nzego z’ubukerarugendo ku mugabane wa Afurika. Voyages Afriq niyo yabonye igihembo mu itsinda ry’ibigo byandika ku bukerarugendo,...
- Rwanda, hagati ya 17-31 Ukwakira hazaba iki?
- Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
- Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
- Huye, Amasaha 10 I Sovu
- Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
- Amafunguro ya Kigande I Kibeho
- Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
- Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
- Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
- Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
- Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
- Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe
- Kuzamuka umusozi wa Huye
- Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru
- Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
Rwanda, Amaserukiramuco uzitabira mu mpeshyi
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose z’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...
Musanze, amaserukiramuco akomeye abera I Musanze
Musanze iwabo w’ibirunga n’ibirayi! Musanze izwiho ibintu byinshi bizwi cyane n’abanyarwanda n’abanyamahanga. Aka gace kazwimo kubamo amaserukiramuco akomeye, akurura abantu bakunda amaserukiramuco bavuye hirya no hino. 1.Ikirenga Culture Tourism Festival (Mu mujyi wa...
Misiyoni 12 za mbere zubatswe mu Rwanda
Abapadiri bera bakandagije ikirenge cyabo ku butaka bw’u Rwanda tariki ya 24 Gashyantare 1878. Kiliziya Gatolika ifite abayoboke benshi mu Rwanda, ikaba ari iya mbere yazanye imyemerere ya Gikirisitu mu banyarwanda. Mu mwaka w’I 1894, hashizwe Vicariyati...
2024. Amaserukiramuco 17 akomeye azabera mu Rwanda
Ni byiza kumenya amaserukiramuco akomeye azaba mu gihugu, amaserukiramuco uzitabira, uzajyanamo n’inshuti n’abavandimwe. Kuva mu ntangiro z’umwaka kugera mu mpera zawo haba hari amaserukiramuco atandukanye mu mpande zose z’igihugu. Mu Rwanda, ni igihugu giteza imbere...
Ibintu 40 wamenya kuri Padiri Silivani Bourguet
Padiri Silivani Bourget ni umupadiri w’umubiligi waje mu Rwanda gukora ubutumwa bw’iyobokamana mu Rwanda Nyakanga 1963-Ukuboza 2000. Dore ibintu 40 wamenya kuri uwo mu Padiri: 1.Silivani Bourguet yavutse tariki ya 16 Werurwe 1924 2. Mama we yitwaga Felicite...
2025; Amaserukiramuco utagomba kuburamo mu Rwanda
Kwitabira iserukiramuco ryiza mu Rwanda ni kimwe mu bintu bizagushimisha mu kurangiza uyu mwaka. Amaserukiramuco azabera ahantu hatandukanye mu Rwanda. Kuba uhatuye, utuye hafi yaho, uteganya kujyayo, tekereza ku iserukiramuco rizahabera. Ntugomba kubura! 1.Iteka...
Gutemberera mu Imbuga City Walk
Umujyi wa Kigali wakoze Imbuga mu rwego rwo gufasha abanyamujyi ndetse n’abahagenda kubona ahantu ho kwicara, gukinira, kuganirira, kuruhuka, gusomera ibitabo, kubona iterineti y’ubuntu. Iyi mbuga igizwe n’ubusitani, intebe zo kwicaramo, ahantu ho gutegurira ibirori...
Abatsinze mu irushanwa rya Africa Tourism Leadership Award 2020
I Kigali habereye ku nshuro yaryo ya gatatu, umuhango wo guhemba mu irushanwa ry’abakora mu nzego z’ubukerarugendo ku mugabane wa Afurika. Ni ibihembo biba biri mu byiciro icyenda aho ibigo bitandukanye byarushanwaga. Uyu mwaka harushanwaga abagera ku 106. Abatsinze...
Umunyarwandakazi watsindiye igihembo muri ATLF 2020
Umunyarwandakazi Aline Murekatete yatsindiye igihembo cyo mu rwego rw’urubyiruko rufite imishinga ifite udushya (Youth Innovation Competition). Umushinga wa Aline ni Spree Bubble Concept. Ni irushanwa ryateguwe urubyiruko rwohereza imishinga ifite udushya yo gufasha...
2020, Voyages Afriq yatsindiye igihembo muri Africa Tourism Leadership Forum
I Kigali habereye Africa Tourism Leadership Forum ku nshuro yaryo ya gatatu, habayemo umuhango wo guhemba mu irushanwa ry’abakora mu nzego z’ubukerarugendo ku mugabane wa Afurika. Voyages Afriq niyo yabonye igihembo mu itsinda ry’ibigo byandika ku bukerarugendo,...