Amagambo y’Indirimbo NTUMPEHO y’Amasimbi n’Amakombe
Ni mucyo twambare, twambarire Kuba imena. Jyewe ubu nahisemo, nzatwaza ngana imbere. Nushaka unkurikire, mu runana Rw’imihigo, Turishinge turahire, yuko Tuzahora Dukunda ibyiza: Ubutabera n’amahoro Urukundo n’ubupfura; Ubukire Bwanga ibyo ndabugaya, Ntumpeho 1....
Ibintu 10 byo gukora mbere y’uko umwaka urangira
Kuva Tariki ya 1 Ugushyingo harabura amezi abiri, iminsi 61, amasaha 1464 ngo umwaka urangire, ni ngombwa gutangira gutekereza uko umwaka urangiye, ugapanga n’ibintu wakora mbere y’uko urangira. Ni igihe cya kazi kenshi , igihe cyo gushaka amafaranga kandi...
UBUTEGETSI BW’IBIHUGU-NKIKO BY’URWA GASABO
“u Rwanda Rwa Gasabo rwari rufite ibihugu birukikije” Iyo bavuze imitegekere y’ingoma iyi n’iyi,biba bishaka kuvuga amatwara n’imikorere y’iyo ngoma.Ibyo bikagendana n’imirongo migari ubutegetsi buba bwarihaye yo kugenderwaho. Iyo bavuze Ibihugu-Nkiko,baba bashatse...
Ibintu 16 wamenya kuri Prof. Laurent Nkusi
Umunyarwanda Nkusi Laurent ni umunyapolitiki, umwarimu, umunyamateka, umwanditsi w’ibitabo. Nkusi yari afite ubunararibonye mu byerekeranye n’umuco, amateka , politiki ndetse n’ itangazamakuru. Prof.Laurent Nkusi yari umuntu w’ikitegererezo mu buzima...
UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...
Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...
IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...
- Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
- Club Rafiki Community Library
- Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
- Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
- Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
- Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
- Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
- Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
- Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
- Igicumbi Magazine: UCI 2025: Le vélo dans les routes du pays des mille collines.#Issue10 Numéro Spécial!
- Igicumbi Magazine; Umunsi w’Igikundiro 2025 #Issue9 Numero yihariye
- Igicumbi Magazine;Umuganura 2025 #Issue8 Nimero Yihariye
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Igicumbi Magazine; Ubumuntu Arts Festival 2025 #Issue7 Special Cover
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
Amagambo y’Indirimbo NTUMPEHO y’Amasimbi n’Amakombe
Ni mucyo twambare, twambarire Kuba imena. Jyewe ubu nahisemo, nzatwaza ngana imbere. Nushaka unkurikire, mu runana Rw’imihigo, Turishinge turahire, yuko Tuzahora Dukunda ibyiza: Ubutabera n’amahoro Urukundo n’ubupfura; Ubukire Bwanga ibyo ndabugaya, Ntumpeho 1....
Ibintu 10 byo gukora mbere y’uko umwaka urangira
Kuva Tariki ya 1 Ugushyingo harabura amezi abiri, iminsi 61, amasaha 1464 ngo umwaka urangire, ni ngombwa gutangira gutekereza uko umwaka urangiye, ugapanga n’ibintu wakora mbere y’uko urangira. Ni igihe cya kazi kenshi , igihe cyo gushaka amafaranga kandi...
UBUTEGETSI BW’IBIHUGU-NKIKO BY’URWA GASABO
“u Rwanda Rwa Gasabo rwari rufite ibihugu birukikije” Iyo bavuze imitegekere y’ingoma iyi n’iyi,biba bishaka kuvuga amatwara n’imikorere y’iyo ngoma.Ibyo bikagendana n’imirongo migari ubutegetsi buba bwarihaye yo kugenderwaho. Iyo bavuze Ibihugu-Nkiko,baba bashatse...
Ibintu 16 wamenya kuri Prof. Laurent Nkusi
Umunyarwanda Nkusi Laurent ni umunyapolitiki, umwarimu, umunyamateka, umwanditsi w’ibitabo. Nkusi yari afite ubunararibonye mu byerekeranye n’umuco, amateka , politiki ndetse n’ itangazamakuru. Prof.Laurent Nkusi yari umuntu w’ikitegererezo mu buzima...
UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...
Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...
IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...

