Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”

Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”

Uyu mugani Abanyarwanda baca ngo kanaka “Yigize syoli”, bawuca iyo babonye umuntu wigize umushirasoni kabuhariwe, akaba ikinani muri byose. Ni bwo bagira bati “kanaka yigize Syoli!” Ngo byakomotse kuri Syoli w’i Nyagahanga ( ahazwi nka Byumba) ahagana mu mwaka wa...

Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

1. Umuntu azira kurya abyina, kuba ari ugukenya bene nyina 2. Umuntu iyo ashatse kuvuga undi muntu akavugishwa, akavuga undi adashaka kuvuga, arongera akarisubiramo, ngo nawe arakavugwa.Iyo atamusubiye mu izina ngo amuvuge, kuba ari ukumukenya 3. Iyo umuntu arya maze...

Imiziririzo: umuntu n’ihene

Imiziririzo: umuntu n’ihene

Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...

IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE

IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE

Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere, ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca...

Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama

Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama

Kuragiza Imana umwaka mushya ni ikintu cy’ingenzi kuri buri muntu aba agomba gushyira muri gahunda mu mwaka mushya. Ni byiza kureba ingendo nyobokamana wakora, ugahura n’abandi ugasenga, ukereka Imana ibyifuzo, ingamba, gahunda by’umwaka mushya. Urugendo rwo Kwa Yezu...

Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’ 
Insingamigani

Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’ 

Abantu benshi bakunda guca imigani miremire,iy’imigenurano ndetse n’Insigamigani,abandi bakibaza inkomoko yayo, bikababera urujijo ,aha twarabakoreye ubushakashatsi bw’igihe kirekire bw’Inkomoko y’iyo Migani ikoreshwa ahantu henshi hatandukanye.Umugani tugiye gusesengura imvano yawo ni ugira uti: “U Rwanda ruratera ntiruterwa “ Uwo Mugani ufite inkomoko k’Umwami CYILIMA II RUJUGIRA...
Read More
1 7 8 9 10 11

Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”

Uyu mugani Abanyarwanda baca ngo kanaka “Yigize syoli”, bawuca iyo babonye umuntu wigize umushirasoni kabuhariwe, akaba ikinani muri byose. Ni bwo bagira bati “kanaka yigize Syoli!” Ngo byakomotse kuri Syoli w’i Nyagahanga ( ahazwi nka Byumba) ahagana mu mwaka wa...

Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

1. Umuntu azira kurya abyina, kuba ari ugukenya bene nyina 2. Umuntu iyo ashatse kuvuga undi muntu akavugishwa, akavuga undi adashaka kuvuga, arongera akarisubiramo, ngo nawe arakavugwa.Iyo atamusubiye mu izina ngo amuvuge, kuba ari ukumukenya 3. Iyo umuntu arya maze...

Imiziririzo: umuntu n’ihene

Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...

IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE

Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere, ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca...

Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama

Kuragiza Imana umwaka mushya ni ikintu cy’ingenzi kuri buri muntu aba agomba gushyira muri gahunda mu mwaka mushya. Ni byiza kureba ingendo nyobokamana wakora, ugahura n’abandi ugasenga, ukereka Imana ibyifuzo, ingamba, gahunda by’umwaka mushya. Urugendo rwo Kwa Yezu...