Ibitabo, ibyiza 15 by’ibitabo

Ibitabo, ibyiza 15 by’ibitabo

1.Ibitabo bigufasha kugira icyizere muri wowe 2.Ibitabo bigufasha kugenda hirya no hino ku isi ku buryo bworoshye 3.Ibitabo bikuzamurira uwo uriwe 4.Ibitabo biguha uburyo bwo gutekereza 5.Ibitabo byongera kugira udushya 6.Ibitabo bikuzamurira impano yo kwandika...

Gusoma igitabo, uburyo 21 wakunda gusoma

Gusoma igitabo, uburyo 21 wakunda gusoma

1.Ikintu kigora cya mbere ni ukwicara ugusoma igitabo. 2.Gusoma igitabo kimwe Ntabwo byaguhindurira ubuzima, ariko gusoma buri munsi byahindura byinshi. 3.Uburyo bwose wasoma ibitabo ni ugusoma. Gerageza uburyo bwa kubera bwiza; ari ibyo ku mpapuro, kuri eterinite,...

2024, ibitabo 12 ukwiriye gusoma

2024, ibitabo 12 ukwiriye gusoma

Bimwe mu bintu biranga abantu b’abahanga, abantu bateye imbere, abakire bazwi ku isi, barangwa n’ikintu kimwe Gusoma. Niyo mpamvu na we mu ntego ugomba kugira muri uyu mwaka , gusoma bikwiriye kuba mu ntego za mbere. Dore ibitabo 12 byatoranyijwe na Library Mindset...

2024, ibiciro byo gusura ingagi mu Rwanda

2024, ibiciro byo gusura ingagi mu Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), binyuze mu ishami rishinzwe ubukerarugendo cyashyizeho ibiciro bishya byo gusura ingagi muri Pariki y’Igihugu  kuva tariki ya 1 Mutarama-31 Ukuboza 2024 Umunyarwanda n’umunya East African :200$ Ibisabwa: ID, Valid...

Ibisubizo 15 bya Christophe Kivunge

Ibisubizo 15 bya Christophe Kivunge

Christophe Kivunge ni umunyarwanda ukora umwunga w’ubunyamakuru kuri Kigali Today na KT Radio. Christophe yize itangazamakuru akaba ari nawo mwunga akora, akaba awumazemo imyaka 12. Azwi cyane mu kiganiro Inyanja Twogamo kuri KT Radio. Christophe Kivunge akunda cyane...

Ibintu kamere bitangaje muri Afurika

Ibintu kamere bitangaje muri Afurika

Umugabane ufite ibintu kamere bitangaje biri mu bihugu bitandukanye bigize uyu mugabane. Ni imirage kamere yabayeho nta muntu ubigizemo uruhare, ni ahantu karemano. Uhasanga kuva mu majyaruguru kugera mu majyepfo, iburasirazuba kugera mu burengerazuba no hagati. 1....

Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”
Insingamigani

Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”

Uyu mugani Abanyarwanda baca ngo kanaka “Yigize syoli”, bawuca iyo babonye umuntu wigize umushirasoni kabuhariwe, akaba ikinani muri byose. Ni bwo bagira bati “kanaka yigize Syoli!” Ngo byakomotse kuri Syoli w’i Nyagahanga ( ahazwi nka Byumba) ahagana mu mwaka wa 1600. Syoli uwo yabyirukiye ku...
Read More
Ubugeni

KURAMVURA AMASEKURU

Ubugeni

UMUNYABUGENI NDAYISENGA LÉON

Imigani

Umugani Impyisi n’Imana

Imigani

Umugani Nyanshya na Baba

1 5 6 7 8 9 11

Ibitabo, ibyiza 15 by’ibitabo

1.Ibitabo bigufasha kugira icyizere muri wowe 2.Ibitabo bigufasha kugenda hirya no hino ku isi ku buryo bworoshye 3.Ibitabo bikuzamurira uwo uriwe 4.Ibitabo biguha uburyo bwo gutekereza 5.Ibitabo byongera kugira udushya 6.Ibitabo bikuzamurira impano yo kwandika...

Gusoma igitabo, uburyo 21 wakunda gusoma

1.Ikintu kigora cya mbere ni ukwicara ugusoma igitabo. 2.Gusoma igitabo kimwe Ntabwo byaguhindurira ubuzima, ariko gusoma buri munsi byahindura byinshi. 3.Uburyo bwose wasoma ibitabo ni ugusoma. Gerageza uburyo bwa kubera bwiza; ari ibyo ku mpapuro, kuri eterinite,...

2024, ibitabo 12 ukwiriye gusoma

Bimwe mu bintu biranga abantu b’abahanga, abantu bateye imbere, abakire bazwi ku isi, barangwa n’ikintu kimwe Gusoma. Niyo mpamvu na we mu ntego ugomba kugira muri uyu mwaka , gusoma bikwiriye kuba mu ntego za mbere. Dore ibitabo 12 byatoranyijwe na Library Mindset...

2024, ibiciro byo gusura ingagi mu Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), binyuze mu ishami rishinzwe ubukerarugendo cyashyizeho ibiciro bishya byo gusura ingagi muri Pariki y’Igihugu  kuva tariki ya 1 Mutarama-31 Ukuboza 2024 Umunyarwanda n’umunya East African :200$ Ibisabwa: ID, Valid...

Ibisubizo 15 bya Christophe Kivunge

Christophe Kivunge ni umunyarwanda ukora umwunga w’ubunyamakuru kuri Kigali Today na KT Radio. Christophe yize itangazamakuru akaba ari nawo mwunga akora, akaba awumazemo imyaka 12. Azwi cyane mu kiganiro Inyanja Twogamo kuri KT Radio. Christophe Kivunge akunda cyane...

Ibintu kamere bitangaje muri Afurika

Umugabane ufite ibintu kamere bitangaje biri mu bihugu bitandukanye bigize uyu mugabane. Ni imirage kamere yabayeho nta muntu ubigizemo uruhare, ni ahantu karemano. Uhasanga kuva mu majyaruguru kugera mu majyepfo, iburasirazuba kugera mu burengerazuba no hagati. 1....