KURAMVURA AMASEKURU

KURAMVURA AMASEKURU

Kuva na kera mu Rwanda habaga hariho abantu bazi gukora, kurema ibikoresho byakenerwaga n’abanyarwanda mu buzima bwabo bwa buri munsi. Umuntu yabaga azwi mu karere atuyemo akaganwa na benshi. Ni umwuga utuga nyirawo kuko umwinjiriza, akabasha kwituga no gutunga...

INZIRA Y’UMUGANURA

INZIRA Y’UMUGANURA

Umuganura uturuka muri Kanama Uturukijwe no kwa Myaka Ari bo bo kwa Musana Bakaza kwaka amasuka Bakabwira umutsobe ubatwara Akaza n’ibwami Umwami akicara ikambere Ari kwa se cyangwa kwa Sekuru Akicara mu kirambi Ku ntebe y’inteko Umutsobe akazana amasuka Akwikiye mu...

Insigamigani: Yariye Karungu

Insigamigani: Yariye Karungu

Umugani baca ngo “Yariye Karungu”, bawuvuga iyo babonye umuntu warakaye yarubiye, nibwo bavuga ngo “ni mumubise dore yariye karungu.” Wakomotse kuri Karungu n’umugore we Nyirakamagaza bao mu Rwampara rwa Biryogo (Kigali), ahasaga mu mwaka wa 1700. Uwo Karungu yari...

Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”

Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”

Uyu mugani Abanyarwanda baca ngo kanaka “Yigize syoli”, bawuca iyo babonye umuntu wigize umushirasoni kabuhariwe, akaba ikinani muri byose. Ni bwo bagira bati “kanaka yigize Syoli!” Ngo byakomotse kuri Syoli w’i Nyagahanga ( ahazwi nka Byumba) ahagana mu mwaka wa...

Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

1. Umuntu azira kurya abyina, kuba ari ugukenya bene nyina 2. Umuntu iyo ashatse kuvuga undi muntu akavugishwa, akavuga undi adashaka kuvuga, arongera akarisubiramo, ngo nawe arakavugwa.Iyo atamusubiye mu izina ngo amuvuge, kuba ari ukumukenya 3. Iyo umuntu arya maze...

Imiziririzo: umuntu n’ihene

Imiziririzo: umuntu n’ihene

Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...

Ibitabo, ibyiza 15 by’ibitabo
Abanditsi

Ibitabo, ibyiza 15 by’ibitabo

1.Ibitabo bigufasha kugira icyizere muri wowe 2.Ibitabo bigufasha kugenda hirya no hino ku isi ku buryo bworoshye 3.Ibitabo bikuzamurira uwo uriwe 4.Ibitabo biguha uburyo bwo gutekereza 5.Ibitabo byongera kugira udushya 6.Ibitabo bikuzamurira impano yo kwandika 6.Ibitabo bigufasha kuganira 7.Ibitabo bigufasha gufata icyemezo cyiza 8. Ibitabo...
Read More
Amataka y'Abantu

Intwari z’u Rwanda

Amacumbi

Private Apartment I Rubavu

Imigani

Umugani wa CACANA

1 6 7 8 9 10

KURAMVURA AMASEKURU

Kuva na kera mu Rwanda habaga hariho abantu bazi gukora, kurema ibikoresho byakenerwaga n’abanyarwanda mu buzima bwabo bwa buri munsi. Umuntu yabaga azwi mu karere atuyemo akaganwa na benshi. Ni umwuga utuga nyirawo kuko umwinjiriza, akabasha kwituga no gutunga...

INZIRA Y’UMUGANURA

Umuganura uturuka muri Kanama Uturukijwe no kwa Myaka Ari bo bo kwa Musana Bakaza kwaka amasuka Bakabwira umutsobe ubatwara Akaza n’ibwami Umwami akicara ikambere Ari kwa se cyangwa kwa Sekuru Akicara mu kirambi Ku ntebe y’inteko Umutsobe akazana amasuka Akwikiye mu...

Insigamigani: Yariye Karungu

Umugani baca ngo “Yariye Karungu”, bawuvuga iyo babonye umuntu warakaye yarubiye, nibwo bavuga ngo “ni mumubise dore yariye karungu.” Wakomotse kuri Karungu n’umugore we Nyirakamagaza bao mu Rwampara rwa Biryogo (Kigali), ahasaga mu mwaka wa 1700. Uwo Karungu yari...

Inkomoko Y’insigamigani “Yigize Syoli”

Uyu mugani Abanyarwanda baca ngo kanaka “Yigize syoli”, bawuca iyo babonye umuntu wigize umushirasoni kabuhariwe, akaba ikinani muri byose. Ni bwo bagira bati “kanaka yigize Syoli!” Ngo byakomotse kuri Syoli w’i Nyagahanga ( ahazwi nka Byumba) ahagana mu mwaka wa...

Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

1. Umuntu azira kurya abyina, kuba ari ugukenya bene nyina 2. Umuntu iyo ashatse kuvuga undi muntu akavugishwa, akavuga undi adashaka kuvuga, arongera akarisubiramo, ngo nawe arakavugwa.Iyo atamusubiye mu izina ngo amuvuge, kuba ari ukumukenya 3. Iyo umuntu arya maze...

Imiziririzo: umuntu n’ihene

Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...