

Kigali!Amamurika wakwitabira muri iyi weekend
Rwanda 1994 : Traces du Génocide des Tutsi. Ibuka Mémorial de Nyanza (Kicukiro) 2-19 Octobre 2024) Les Merveilles du Quotidien (Institut Français du Rwanda), 17-24 Octobre 2024) In the Art World Season 2, Kwetu Art Gallery/Gacuriro, 18-25 Octobre 2024)

Igihe gikuru cy’inshinga cy’Indagihe
Ikivuga ibiriho, iby’ubu, n’ibyo dukora nk’akamenyero. Indagihe ivuga ibiba muri ako kanya, ibiba ubusanzwe, ibyabaye kera bivugwa mu nkuru, ibikorwa bigikomeza, bityo ikigabanyamo; indagihe y’aka kanya, indagihe y’ubusanzwe n’iy’imbarankuru, n’iy’igikomeza...

Ikinyarwanda: Twiyungure amagambo
1.Urutoto: Amagambo menshi ahatira umuntu gukora ikintu runaka 2.Uruhindu: Igikoresho kimeze nk’agacumu gato, kiboha ibyibo 3.Umunyana: Igisimba kimeze nk’Inyana bivugwa ko cyazaga n’ijoro, wakibona kirakinagira ukazabaho igihe kirekire, ukarama. 4.Umunyamahugu:...

Ibintu 27 ukwiriye kumenya kuri AHOYIKUYE Jean Paul
AHOYIKUYE Jean Paul yari umusore w’umunyarwanda, wamenyekanye akina umupira w’amaguru mu Rwanda. Ni ibintu 27 bihwanye n’imyaka yitabye Imana afite. 1.Ahoyikuye Jean Paul yavutse tariki ya 1 Mutarama 1997 2.Ababyeyi be; Papa we ni Ahoyikuye Alex na Mama we ni...

Kurahira, ibintu 4 Perezida ahabwa
1.Guhabwa Itegeko Nshinga bisobanura ko ari ryo risumba ayandi mu gihugu, kandi ko buri wese aba agomba kurikurikiza harimo na Perezida nubwo aba ari we muyobozi mukuru w’Igihugu, ariko aba agomba gukurikiza ibyo ritegeka, kuko itegeko rivuga ko igikorwa cyose...

Amatora 2024, Ibintu 13 by’ingenzi ukwiriye kumenya
Mu Rwanda habaye amatora ya Perezida n’abadepite. Umubare w’abantu bari bemerewe gutora bageraga kuri miliyoni icyenda (9.071.1570); igitsina gabo; miliyoni 4.2, abagore miliyoni 4.845.417, site z’itora ari 2433, abakorerabushake barenga ibihumbi 100, hari...

2015-2024! Imyaka 10 y’Ubumuntu Arts Festival
Ni iserukiramuco rikomeye mu Rwanda, rikunda kuba mu kwezi kwa Nyakanga buri mwaka kuva mu mwaka wa 2015 rishinzwe na Hope Azenda. Ni iserukiramuco ryitabirwa n'ababyinnyi bavuye hirya no hino ku isi mu migabane yose, bagamije kwamamaza umuco wo kubana mu mahoro, mu...

Ibintu 15 wakorera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. 1.Picnic 2.Gukora umwiherero n’inama (inshuti,...

Ibintu 10 byo kumenya kuri Imfura Park
Imfura Park ni izina ryashyizweho n’abantu bakoresha ikoranabuhanga bakunda kugana ako gace. Ni ahantu hashyizweho mu marembo y’umujyi wa Kigali mu rwego rwo gufasha abantu kubona aho bicara bakaruhuka. Dore ibintu 10 ukwiriye kumenya kuri iyi Park 1.Kuyijyamo ni...

Gutemberera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. Iherereye mu murenge wa Gahanga, akarere ka...
- Rwanda, hagati ya 17-31 Ukwakira hazaba iki?
- Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
- Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
- Huye, Amasaha 10 I Sovu
- Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
- Amafunguro ya Kigande I Kibeho
- Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
- Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
- Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
- Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
- Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
- Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe
- Kuzamuka umusozi wa Huye
- Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru
- Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
Kigali!Amamurika wakwitabira muri iyi weekend
Rwanda 1994 : Traces du Génocide des Tutsi. Ibuka Mémorial de Nyanza (Kicukiro) 2-19 Octobre 2024) Les Merveilles du Quotidien (Institut Français du Rwanda), 17-24 Octobre 2024) In the Art World Season 2, Kwetu Art Gallery/Gacuriro, 18-25 Octobre 2024)
Igihe gikuru cy’inshinga cy’Indagihe
Ikivuga ibiriho, iby’ubu, n’ibyo dukora nk’akamenyero. Indagihe ivuga ibiba muri ako kanya, ibiba ubusanzwe, ibyabaye kera bivugwa mu nkuru, ibikorwa bigikomeza, bityo ikigabanyamo; indagihe y’aka kanya, indagihe y’ubusanzwe n’iy’imbarankuru, n’iy’igikomeza...
Ikinyarwanda: Twiyungure amagambo
1.Urutoto: Amagambo menshi ahatira umuntu gukora ikintu runaka 2.Uruhindu: Igikoresho kimeze nk’agacumu gato, kiboha ibyibo 3.Umunyana: Igisimba kimeze nk’Inyana bivugwa ko cyazaga n’ijoro, wakibona kirakinagira ukazabaho igihe kirekire, ukarama. 4.Umunyamahugu:...
Ibintu 27 ukwiriye kumenya kuri AHOYIKUYE Jean Paul
AHOYIKUYE Jean Paul yari umusore w’umunyarwanda, wamenyekanye akina umupira w’amaguru mu Rwanda. Ni ibintu 27 bihwanye n’imyaka yitabye Imana afite. 1.Ahoyikuye Jean Paul yavutse tariki ya 1 Mutarama 1997 2.Ababyeyi be; Papa we ni Ahoyikuye Alex na Mama we ni...
Kurahira, ibintu 4 Perezida ahabwa
1.Guhabwa Itegeko Nshinga bisobanura ko ari ryo risumba ayandi mu gihugu, kandi ko buri wese aba agomba kurikurikiza harimo na Perezida nubwo aba ari we muyobozi mukuru w’Igihugu, ariko aba agomba gukurikiza ibyo ritegeka, kuko itegeko rivuga ko igikorwa cyose...
Amatora 2024, Ibintu 13 by’ingenzi ukwiriye kumenya
Mu Rwanda habaye amatora ya Perezida n’abadepite. Umubare w’abantu bari bemerewe gutora bageraga kuri miliyoni icyenda (9.071.1570); igitsina gabo; miliyoni 4.2, abagore miliyoni 4.845.417, site z’itora ari 2433, abakorerabushake barenga ibihumbi 100, hari...
2015-2024! Imyaka 10 y’Ubumuntu Arts Festival
Ni iserukiramuco rikomeye mu Rwanda, rikunda kuba mu kwezi kwa Nyakanga buri mwaka kuva mu mwaka wa 2015 rishinzwe na Hope Azenda. Ni iserukiramuco ryitabirwa n'ababyinnyi bavuye hirya no hino ku isi mu migabane yose, bagamije kwamamaza umuco wo kubana mu mahoro, mu...
Ibintu 15 wakorera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. 1.Picnic 2.Gukora umwiherero n’inama (inshuti,...
Ibintu 10 byo kumenya kuri Imfura Park
Imfura Park ni izina ryashyizweho n’abantu bakoresha ikoranabuhanga bakunda kugana ako gace. Ni ahantu hashyizweho mu marembo y’umujyi wa Kigali mu rwego rwo gufasha abantu kubona aho bicara bakaruhuka. Dore ibintu 10 ukwiriye kumenya kuri iyi Park 1.Kuyijyamo ni...
Gutemberera muri Green Park Gahanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. Iherereye mu murenge wa Gahanga, akarere ka...