Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...
Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).
Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)
Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.
Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Basketball ugizwe n’amakipe 14 y’abagabo. Ikipe ya APR BBC y’abagabo yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya Patriots BBC. Ni umukino warangiye ari amanota 74-70 (4-2).
Amagambo y ikinyarwanda yashyizwe mu Inkoranyamagambo ya Oxford
Ubwanditsi bw’inkoranyamagambo y’Icyongereza ya Oxford, tariki ya 18 Nzeri 2024 bwatangaje ko bwongereyemo amagambo mashya 600. Muri aya magambo harimo abiri y’Ikinyarwanda; “Intore” na “Kinyarwanda”. Yombi agaragara ku rubuga rwa interineti rwa OED ndetse...
2024, Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco Udafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu nama ya 19 y’Inteko y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’umuco (UNESCO) mu kurengera umurage ndangamuco w’ibidafatika yabereye muri Asuncion muri Paraguay yashyize intore z’u Rwanda mu...
2024, imirage nyafurika itatu yashyizwe ku rutonde rw’imirage ndangamuco idafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu Inteko ya UNESCO iteraniye i Asunción yemeje ibintu bishya bishyirwa ku rutonde rusanzweho rw’umurage ndagamuco udafatika w’isi bituruka muri Afurika. Intore zo mu Rwanda Imbyino gakondo za Mangwengwe zo muri Zambia Imigenzo ya Wosana yo...
Iminsi Mikuru, gahunda yo gutega imodoka
Igihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka, ni igihe haba hariho abagenzi bagana ahantu hatandukanye mu gihugu no hanze yacyo kwizihiza Noheli n’Ubunani, bigatuma haba ibura ry’imodoka n’umuvudo w’abantu muri Gare ya Nyabugogo. Ubu hashyizweho ahantu hazakoreshwa mu gutega...
Gusura ikiyaga cya Malawi
Ikiyaga cya Malawi cyangwa Ikiyaga cya Nyasa (Tanzania), Lago Niassa (Mozambique). Ni ikiyaga giherereye muri Afurika y’uburasirazuba ishyira amajyepfo hazwi nka East African Rift Valley. Mu akarere bita akarere k’ Afurika y’Ibiyaga Bigari, aho habaye iruka...
- #Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma
- #Gusoma2026.Ibitabo, urubyiruko rukwiriye gusoma
- #Gusoma2026. Ibitabo, abantu bakuru bakwiriye gusoma
- #Gusoma2026. Ibitabo, abana bakwiriye gusoma
- Ibihembo Women Books Award 2026 byatanzwe ku mugaragaro
- Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
- Club Rafiki Community Library
- Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
- Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
- Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
- Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
- Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
- Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
- Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
- Igicumbi Magazine: UCI 2025: Le vélo dans les routes du pays des mille collines.#Issue10 Numéro Spécial!
- Igicumbi Magazine; Umunsi w’Igikundiro 2025 #Issue9 Numero yihariye
- Igicumbi Magazine;Umuganura 2025 #Issue8 Nimero Yihariye
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...
Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).
Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)
Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.
Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Basketball ugizwe n’amakipe 14 y’abagabo. Ikipe ya APR BBC y’abagabo yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya Patriots BBC. Ni umukino warangiye ari amanota 74-70 (4-2).
Amagambo y ikinyarwanda yashyizwe mu Inkoranyamagambo ya Oxford
Ubwanditsi bw’inkoranyamagambo y’Icyongereza ya Oxford, tariki ya 18 Nzeri 2024 bwatangaje ko bwongereyemo amagambo mashya 600. Muri aya magambo harimo abiri y’Ikinyarwanda; “Intore” na “Kinyarwanda”. Yombi agaragara ku rubuga rwa interineti rwa OED ndetse...
2024, Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco Udafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu nama ya 19 y’Inteko y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’umuco (UNESCO) mu kurengera umurage ndangamuco w’ibidafatika yabereye muri Asuncion muri Paraguay yashyize intore z’u Rwanda mu...
2024, imirage nyafurika itatu yashyizwe ku rutonde rw’imirage ndangamuco idafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu Inteko ya UNESCO iteraniye i Asunción yemeje ibintu bishya bishyirwa ku rutonde rusanzweho rw’umurage ndagamuco udafatika w’isi bituruka muri Afurika. Intore zo mu Rwanda Imbyino gakondo za Mangwengwe zo muri Zambia Imigenzo ya Wosana yo...
Iminsi Mikuru, gahunda yo gutega imodoka
Igihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka, ni igihe haba hariho abagenzi bagana ahantu hatandukanye mu gihugu no hanze yacyo kwizihiza Noheli n’Ubunani, bigatuma haba ibura ry’imodoka n’umuvudo w’abantu muri Gare ya Nyabugogo. Ubu hashyizweho ahantu hazakoreshwa mu gutega...
Gusura ikiyaga cya Malawi
Ikiyaga cya Malawi cyangwa Ikiyaga cya Nyasa (Tanzania), Lago Niassa (Mozambique). Ni ikiyaga giherereye muri Afurika y’uburasirazuba ishyira amajyepfo hazwi nka East African Rift Valley. Mu akarere bita akarere k’ Afurika y’Ibiyaga Bigari, aho habaye iruka...

