
Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie
Igitabo Le Concept de Safari : Un Cadre Africain Pour les soins de Fin de Vie. Cyanditswe na Dr Christian Ntizimira, cyasohotse tariki ya 18 Mutarama 2025 kuri Mundi Center. Dr Christian yari kumwe na Dr Déo Mbonyinkebe basobantura akamaro k’iki gitabo ku ruhande...

Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.
Ni byiza gutangira umwaka ufata ingamba, intego cyangwa imigenzo myiza wagenderaho kugirango umwaka uzabe mwiza. Ni ibintu umuntu wese yakora kugirango ubuzima buzabe bwiza. 1.Gufata ingamba nziza zifatika Kumenya ingamba ufashe, kubera iki ugomba gufata iz’ ingamba?...

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa
Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda; amazi ya Nyabarongo aturuka mu majyepfo mu...

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...

Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène par Hervé Kimenyi...

Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
Abantu bakunda amaserukiramuco ni byiza gutangira umwaka wa 2025 uzi amaserukiramuco azaba muri uku kwezi kwa mbere. Ni amaserukiramuco azagufasha gukomeza gutangira umwaka mushya wishimye, ubyina, utembera, uhura n’abandi, ushyigikira abahanzi. Kigali Youth Festival...

Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
Umwaka wa 2024, usobanura byinshi mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi. Ni umuhango umaze imyaka 20, hakaba hamaze kwitwa abana b’ingagi 395. Mu muco nyarwanda, umwana uvutse ahabwa izina, guha izi nyamaswa ni ukuziha agaciro, no kuzirinda kugirango zidacika....

Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...
- Gusoma 2025, ibitabo abantu bakuru bakwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025: Ibitabo urubyiruko rukwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025, ibitabo abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025: Ibitabo byasohotse muri Mutarama-Werurwe 2025
- Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka
- Ibintu 5 ukwiriye kumenya kuri Rencontres Internationales du Livre Francophone du Rwanda
- Gusoma 2025, Ibitabo 6 ukwiriye gusoma ku kugira ubumenyi bwihariye ku giti cyawe
- Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025, Ibitabo ukwiriye gusoma kugirango wongere umusaruro muri uyu mwaka
- Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie
- Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.
- Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama
- Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa
- Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
- Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
- Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
- Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
- Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
- Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie
Igitabo Le Concept de Safari : Un Cadre Africain Pour les soins de Fin de Vie. Cyanditswe na Dr Christian Ntizimira, cyasohotse tariki ya 18 Mutarama 2025 kuri Mundi Center. Dr Christian yari kumwe na Dr Déo Mbonyinkebe basobantura akamaro k’iki gitabo ku ruhande...
Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.
Ni byiza gutangira umwaka ufata ingamba, intego cyangwa imigenzo myiza wagenderaho kugirango umwaka uzabe mwiza. Ni ibintu umuntu wese yakora kugirango ubuzima buzabe bwiza. 1.Gufata ingamba nziza zifatika Kumenya ingamba ufashe, kubera iki ugomba gufata iz’ ingamba?...
Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...
Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa
Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda; amazi ya Nyabarongo aturuka mu majyepfo mu...
Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...
Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...
Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène par Hervé Kimenyi...
Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
Abantu bakunda amaserukiramuco ni byiza gutangira umwaka wa 2025 uzi amaserukiramuco azaba muri uku kwezi kwa mbere. Ni amaserukiramuco azagufasha gukomeza gutangira umwaka mushya wishimye, ubyina, utembera, uhura n’abandi, ushyigikira abahanzi. Kigali Youth Festival...
Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
Umwaka wa 2024, usobanura byinshi mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi. Ni umuhango umaze imyaka 20, hakaba hamaze kwitwa abana b’ingagi 395. Mu muco nyarwanda, umwana uvutse ahabwa izina, guha izi nyamaswa ni ukuziha agaciro, no kuzirinda kugirango zidacika....
Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...