Igicumbi Magazine

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2024 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi n’ibitekerezo mu byo akora,  kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kwifuza ikintu nyuma sikibe...

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Uwahoze ari Perezida wa  Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda;  amazi ya Nyabarongo  aturuka mu majyepfo mu...

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)

Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...

Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?

Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?

Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène  par Hervé Kimenyi...

Amateka Amateka y'Abami

Abanyamihango b’Ibwami

“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse hakaziramo n’ubucurabwenge.Abo banyamihango,bakaba bari bashizwe imirimo n’imihango yose yakorerwaga I Bwami umunsi k’uwundi,Abanyamirimo b’Ibwami bari aba...
Read More
Abanditsi

Musanze, Isomero ry’Agati

Urugendo

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2024 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi n’ibitekerezo mu byo akora,  kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kwifuza ikintu nyuma sikibe...

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Uwahoze ari Perezida wa  Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda;  amazi ya Nyabarongo  aturuka mu majyepfo mu...

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)

Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...

Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?

Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène  par Hervé Kimenyi...