
Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...

Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...

Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...

Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...

Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...

Amasomero y’ibitabo byiza mu mujyi wa rubavu
Umujyi wa Rubavu ni umujyi uri mu Karere ka Rubavu ku nyengero z’ikiyaga cya Kivu, ni umujyi urimo ibintu byinshi byo gusura. Ukunda gusoma ukaba watembereye, wagiye gukorera mu mujyi wa Rubavu cyangwa uwutuyemo ni byiza kumenya ahantu wajya gusomera,...

Udakora mu nkono,isahane ikakurega.
Harabaye ntihakabe habaye inka n’ingoma, hapfuye Impyisi mahuma Hasigaye Inka n’abana Ngucire umugani w’umurandaranda nuwurinda ukawurandura uzaramba nkawo Ubusambo bw’abagabo bo hambere, Kera habayeho umugabo n’umugore. Bari batuye mu Ruhondo rwa...

Ibintu 22 ukwiye kumenya kuri perezida wa mbere wayoboye tanzaniya julius kambarage nyerere
Julius Kambarage Nyerere ni umunyatanzaniya, umunyapolitiki, impirimbanyi yabadakunda ubukoroni, umwanditsi w’ibitabo. Dore ibintu wamenya kuri Julius Nyerere: 1. Julius Kambarage Nyerere yavutse taliki ya 13 /04/1922 2. Nyerere Yavukiye Butiama, ni...

Kazungula, ahantu ibihugu bine bya afurika bihurira
Quadripoint! Si henshi ku isi usanga ahantu afite imiterere iteye gutya, kuba hahurira ibihugu birenze bibiri icyarimwe. Kazungula ni ahantu ho nyine ku isi ibihugu bihurira mu buryo kamere.Ni ahantu hafite amateka menshi kubera ukuntu...

Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO
Kizito Mihigo ni umuhanzi, umucuranzi, umwanditsi w’indirimbo n’umuririmbyi w’umunyarwanda, akaba n’imirimbanyi y’amahoro n’ubwiyunge. Yaririmbaga indirimo zihimbaza imana muri Kiliziya Gaturika ahimba n’iz’ubumwe n’ubwiyunge. Kizito Mihigo yavukiye I kibeho mu karere...
- Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
- Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
- Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2023 mu Rwanda.
- Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
- Abanyamihango b’Ibwami
- Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
- Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
- Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
- 1917,abasaseridoti mu rwanda
- Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
- Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
- Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
- Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
- Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
- Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
- Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
- Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
- Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
- Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice
- Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi
Abanyamihango b’Ibwami
Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...
Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...
Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...
Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...
Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...
Amasomero y’ibitabo byiza mu mujyi wa rubavu
Umujyi wa Rubavu ni umujyi uri mu Karere ka Rubavu ku nyengero z’ikiyaga cya Kivu, ni umujyi urimo ibintu byinshi byo gusura. Ukunda gusoma ukaba watembereye, wagiye gukorera mu mujyi wa Rubavu cyangwa uwutuyemo ni byiza kumenya ahantu wajya gusomera,...
Udakora mu nkono,isahane ikakurega.
Harabaye ntihakabe habaye inka n’ingoma, hapfuye Impyisi mahuma Hasigaye Inka n’abana Ngucire umugani w’umurandaranda nuwurinda ukawurandura uzaramba nkawo Ubusambo bw’abagabo bo hambere, Kera habayeho umugabo n’umugore. Bari batuye mu Ruhondo rwa...
Ibintu 22 ukwiye kumenya kuri perezida wa mbere wayoboye tanzaniya julius kambarage nyerere
Julius Kambarage Nyerere ni umunyatanzaniya, umunyapolitiki, impirimbanyi yabadakunda ubukoroni, umwanditsi w’ibitabo. Dore ibintu wamenya kuri Julius Nyerere: 1. Julius Kambarage Nyerere yavutse taliki ya 13 /04/1922 2. Nyerere Yavukiye Butiama, ni...
Kazungula, ahantu ibihugu bine bya afurika bihurira
Quadripoint! Si henshi ku isi usanga ahantu afite imiterere iteye gutya, kuba hahurira ibihugu birenze bibiri icyarimwe. Kazungula ni ahantu ho nyine ku isi ibihugu bihurira mu buryo kamere.Ni ahantu hafite amateka menshi kubera ukuntu...
Ibintu 25 wamenya ku muhanzi Kizito MIHIGO
Kizito Mihigo ni umuhanzi, umucuranzi, umwanditsi w’indirimbo n’umuririmbyi w’umunyarwanda, akaba n’imirimbanyi y’amahoro n’ubwiyunge. Yaririmbaga indirimo zihimbaza imana muri Kiliziya Gaturika ahimba n’iz’ubumwe n’ubwiyunge. Kizito Mihigo yavukiye I kibeho mu karere...