
Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...

Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...

Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...

1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...

Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...

Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...

Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...

Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...

Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....
- IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
- Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
- IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
- Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
- Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
- Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
- Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
- Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
- Weekend yo Kwita Izina, impamvu 5 ukwiriye kuba uri I Musanze
- Musanze, Isomero ry’Agati
- Nyuma yo kwita izina abana b’ingagi, ibintu wakora I Musanze.
- Kwita Izina 2022, Amazina y’abana b’Ingagi
- Kwita Izina 2023, Amazina y’abana 23 b’ibangi
- Tariki ya 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hazaba iki?
- Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
- Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
- Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2023 mu Rwanda.
- Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
- Abanyamihango b’Ibwami
Abanyamihango b’Ibwami
Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...
Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...
Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...
1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...
Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...
Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...
Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...
Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....