Ibintu 27 ukwiriye kumenya kuri AHOYIKUYE Jean Paul

Ibintu 27 ukwiriye kumenya kuri AHOYIKUYE Jean Paul

AHOYIKUYE Jean Paul yari umusore w’umunyarwanda, wamenyekanye akina umupira w’amaguru mu Rwanda. Ni ibintu 27 bihwanye n’imyaka yitabye Imana afite. 1.Ahoyikuye Jean Paul yavutse tariki ya 1 Mutarama 1997 2.Ababyeyi be; Papa we ni Ahoyikuye Alex na Mama we ni...

Kurahira, ibintu 4 Perezida ahabwa

Kurahira, ibintu 4 Perezida ahabwa

1.Guhabwa Itegeko Nshinga bisobanura ko ari ryo risumba ayandi mu gihugu, kandi ko buri wese aba agomba kurikurikiza harimo na Perezida nubwo aba ari we muyobozi mukuru w’Igihugu, ariko aba agomba gukurikiza ibyo ritegeka, kuko itegeko rivuga ko igikorwa cyose...

Amatora 2024, Ibintu 13 by’ingenzi ukwiriye kumenya

Amatora 2024, Ibintu 13 by’ingenzi ukwiriye kumenya

Mu Rwanda habaye amatora ya Perezida n’abadepite. Umubare w’abantu bari bemerewe gutora bageraga kuri miliyoni icyenda (9.071.1570); igitsina gabo; miliyoni 4.2, abagore miliyoni 4.845.417, site z’itora  ari 2433, abakorerabushake barenga ibihumbi 100, hari...

2015-2024! Imyaka 10 y’Ubumuntu Arts Festival

2015-2024! Imyaka 10 y’Ubumuntu Arts Festival

Ni iserukiramuco rikomeye mu Rwanda, rikunda kuba mu kwezi kwa Nyakanga buri mwaka kuva mu mwaka wa 2015 rishinzwe na Hope Azenda. Ni iserukiramuco ryitabirwa n'ababyinnyi bavuye hirya no hino ku isi mu migabane yose, bagamije kwamamaza umuco wo kubana mu mahoro, mu...

Ibintu 15 wakorera muri Green Park Gahanga

Ibintu 15 wakorera muri Green Park Gahanga

Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. 1.Picnic 2.Gukora umwiherero n’inama (inshuti,...

Ibintu 10 byo kumenya kuri Imfura Park

Ibintu 10 byo kumenya kuri Imfura Park

Imfura Park ni izina ryashyizweho n’abantu bakoresha ikoranabuhanga bakunda kugana ako gace. Ni ahantu hashyizweho mu marembo y’umujyi wa Kigali mu rwego rwo gufasha abantu kubona aho bicara bakaruhuka. Dore ibintu 10 ukwiriye kumenya kuri iyi Park 1.Kuyijyamo ni...

Gutemberera muri Green Park Gahanga

Gutemberera muri Green Park Gahanga

Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. Iherereye mu murenge wa Gahanga, akarere ka...

Indashyikirwa

Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza

Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko,  umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi cy’Ubwongereza Diana) wabaye umugore wa mbere w’umwami Charles II, akaba ari nyina...
Read More
Urugendo

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)

1 13 14 15 16 17 19

Ibintu 27 ukwiriye kumenya kuri AHOYIKUYE Jean Paul

AHOYIKUYE Jean Paul yari umusore w’umunyarwanda, wamenyekanye akina umupira w’amaguru mu Rwanda. Ni ibintu 27 bihwanye n’imyaka yitabye Imana afite. 1.Ahoyikuye Jean Paul yavutse tariki ya 1 Mutarama 1997 2.Ababyeyi be; Papa we ni Ahoyikuye Alex na Mama we ni...

Kurahira, ibintu 4 Perezida ahabwa

1.Guhabwa Itegeko Nshinga bisobanura ko ari ryo risumba ayandi mu gihugu, kandi ko buri wese aba agomba kurikurikiza harimo na Perezida nubwo aba ari we muyobozi mukuru w’Igihugu, ariko aba agomba gukurikiza ibyo ritegeka, kuko itegeko rivuga ko igikorwa cyose...

Amatora 2024, Ibintu 13 by’ingenzi ukwiriye kumenya

Mu Rwanda habaye amatora ya Perezida n’abadepite. Umubare w’abantu bari bemerewe gutora bageraga kuri miliyoni icyenda (9.071.1570); igitsina gabo; miliyoni 4.2, abagore miliyoni 4.845.417, site z’itora  ari 2433, abakorerabushake barenga ibihumbi 100, hari...

2015-2024! Imyaka 10 y’Ubumuntu Arts Festival

Ni iserukiramuco rikomeye mu Rwanda, rikunda kuba mu kwezi kwa Nyakanga buri mwaka kuva mu mwaka wa 2015 rishinzwe na Hope Azenda. Ni iserukiramuco ryitabirwa n'ababyinnyi bavuye hirya no hino ku isi mu migabane yose, bagamije kwamamaza umuco wo kubana mu mahoro, mu...

Ibintu 15 wakorera muri Green Park Gahanga

Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. 1.Picnic 2.Gukora umwiherero n’inama (inshuti,...

Ibintu 10 byo kumenya kuri Imfura Park

Imfura Park ni izina ryashyizweho n’abantu bakoresha ikoranabuhanga bakunda kugana ako gace. Ni ahantu hashyizweho mu marembo y’umujyi wa Kigali mu rwego rwo gufasha abantu kubona aho bicara bakaruhuka. Dore ibintu 10 ukwiriye kumenya kuri iyi Park 1.Kuyijyamo ni...

Gutemberera muri Green Park Gahanga

Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. Iherereye mu murenge wa Gahanga, akarere ka...