Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...
Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...
Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).
Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)
Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.
Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Basketball ugizwe n’amakipe 14 y’abagabo. Ikipe ya APR BBC y’abagabo yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya Patriots BBC. Ni umukino warangiye ari amanota 74-70 (4-2).
Amagambo y ikinyarwanda yashyizwe mu Inkoranyamagambo ya Oxford
Ubwanditsi bw’inkoranyamagambo y’Icyongereza ya Oxford, tariki ya 18 Nzeri 2024 bwatangaje ko bwongereyemo amagambo mashya 600. Muri aya magambo harimo abiri y’Ikinyarwanda; “Intore” na “Kinyarwanda”. Yombi agaragara ku rubuga rwa interineti rwa OED ndetse...
2024, Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco Udafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu nama ya 19 y’Inteko y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’umuco (UNESCO) mu kurengera umurage ndangamuco w’ibidafatika yabereye muri Asuncion muri Paraguay yashyize intore z’u Rwanda mu...
2024, imirage nyafurika itatu yashyizwe ku rutonde rw’imirage ndangamuco idafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu Inteko ya UNESCO iteraniye i Asunción yemeje ibintu bishya bishyirwa ku rutonde rusanzweho rw’umurage ndagamuco udafatika w’isi bituruka muri Afurika. Intore zo mu Rwanda Imbyino gakondo za Mangwengwe zo muri Zambia Imigenzo ya Wosana yo...
Iminsi Mikuru, gahunda yo gutega imodoka
Igihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka, ni igihe haba hariho abagenzi bagana ahantu hatandukanye mu gihugu no hanze yacyo kwizihiza Noheli n’Ubunani, bigatuma haba ibura ry’imodoka n’umuvudo w’abantu muri Gare ya Nyabugogo. Ubu hashyizweho ahantu hazakoreshwa mu gutega...
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
- Filimi,abanyarwanda 15 bagize komite ya OSCARS mu Rwanda
- Ibintu 12 wamenya ku gikomangomakazi Spéciose Mukabayojo
- Kiliziya 1990, Papa Jean Paul II mu Rwanda
- Kiliziya 2020, umukaridinali wa mbere w’umunyarwanda
- Kiliziya 1900, Misiyoni ya mbere mu Rwanda
- Kiliziya 1952, umwepisikopi wa mbere w’umunyarwanda
- UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa Global Network of Learning Cities
- Kiliziya 1917 , abapadiri ba mbere b’abanyarwanda
- Igicumbi Magazine: A Memorable Summer in Rwanda 2025. Special cover 2025 #ISSUE6.
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.
- Inama ku mushahara wawe.
- Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20 (2005-2025)
- Imyaka 8 (2017-2025) , Audrey Azoulay ayobora UNESCO
Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...
Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...
Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).
Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)
Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.
Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Basketball ugizwe n’amakipe 14 y’abagabo. Ikipe ya APR BBC y’abagabo yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya Patriots BBC. Ni umukino warangiye ari amanota 74-70 (4-2).
Amagambo y ikinyarwanda yashyizwe mu Inkoranyamagambo ya Oxford
Ubwanditsi bw’inkoranyamagambo y’Icyongereza ya Oxford, tariki ya 18 Nzeri 2024 bwatangaje ko bwongereyemo amagambo mashya 600. Muri aya magambo harimo abiri y’Ikinyarwanda; “Intore” na “Kinyarwanda”. Yombi agaragara ku rubuga rwa interineti rwa OED ndetse...
2024, Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco Udafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu nama ya 19 y’Inteko y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’umuco (UNESCO) mu kurengera umurage ndangamuco w’ibidafatika yabereye muri Asuncion muri Paraguay yashyize intore z’u Rwanda mu...
2024, imirage nyafurika itatu yashyizwe ku rutonde rw’imirage ndangamuco idafatika ku isi
Tariki ya 4 Ukuboza 2024 mu Inteko ya UNESCO iteraniye i Asunción yemeje ibintu bishya bishyirwa ku rutonde rusanzweho rw’umurage ndagamuco udafatika w’isi bituruka muri Afurika. Intore zo mu Rwanda Imbyino gakondo za Mangwengwe zo muri Zambia Imigenzo ya Wosana yo...
Iminsi Mikuru, gahunda yo gutega imodoka
Igihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka, ni igihe haba hariho abagenzi bagana ahantu hatandukanye mu gihugu no hanze yacyo kwizihiza Noheli n’Ubunani, bigatuma haba ibura ry’imodoka n’umuvudo w’abantu muri Gare ya Nyabugogo. Ubu hashyizweho ahantu hazakoreshwa mu gutega...

