
Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...

Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...

Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...

Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice
Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...

Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi
Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta...

Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...

Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...

Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...

Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...

Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...
- IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
- Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
- IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
- Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
- Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
- Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
- Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
- Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
- Weekend yo Kwita Izina, impamvu 5 ukwiriye kuba uri I Musanze
- Musanze, Isomero ry’Agati
- Nyuma yo kwita izina abana b’ingagi, ibintu wakora I Musanze.
- Kwita Izina 2022, Amazina y’abana b’Ingagi
- Kwita Izina 2023, Amazina y’abana 23 b’ibangi
- Tariki ya 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hazaba iki?
- Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
- Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
- Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2023 mu Rwanda.
- Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
- Abanyamihango b’Ibwami
Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...
Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...
Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...
Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice
Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...
Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi
Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta...
Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...
Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...
Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...
Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...
Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n'amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:"Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda".Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi...