by admin | Jan 24, 2025 | Abanditsi
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...