Month: March 2026

Abanditsi

Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2025 yasomye ibitabo byiza yakunze bivuga ku; mateka, urukundo, inkuru, kubaho mu dushya na magazine. Ni ibitabo bifasha kumenya, kumva no gutekereza ibyo umuntu arimo gusoma. 1.Les Grands Personnages de l’Histoire (BD) Ni igitabo kivuga ku bantu babaye bazwi babayeho mu myaka ishize ku […]

Abanditsi

Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO

Ni isomero rya Komisiyo y’Igihugu Ikorana na UNESCO (Rwanda National Commission For UNESCO). Isomero rifite ubukungu bw’ ibitabo by’amoko yose (ubukungu, politiki, umuco, ubuzima, ikoranabuhanga, inkuru, ubushakashatsi,.. ..). Ubushakashatsi Rizwi kuba ahantu ho kubona ibitabo bivuga ku bushakashatsi butandukanye; uburezi, umuco, ikoranabuhanga. Abantu bashaka cyangwa barimo gukora ubushakashatsi, iri somero ni ahantu heza ho kubonera […]

Abanditsi

Club Rafiki Community Library

Ni isomero riri mu Kigo cy’Urubyiruko kizwi nko kuri Rafiki (Rafiki Youth Center) riherereye mu murenge wa Rwezamenyo. Ni isomero rifite ibitabo bitandukanye, biri mu ndimi zitandukanye, isomero ryakira abantu b’ingeri z’itandukanye; abana, urubyiruko, n’abakuze. Gusoma Isomero ryakira abantu bose kuza gusoma no gutira ibitabo, riifite ahantu ho gusomera no kwicara ukigira. Umubare munini wa […]

Abanditsi

Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda

Mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo habarizwa amasomero akomeye mu Rwanda, ni amasomero yakira abantu batandukanye kandi usangamo  ibitabo bishya, byihariye, ibitabo bya kera bivuga ku bintu byose. Amasomero afasha abantu kugira ubumenyi, kubona ahantu ho gusomera, kwandika, amahugurwa, kumurika ibitabo, gukora ubushakashatsi, kwigisha, n’ibindi. 1.Isomero rya Kigali Public Library Isomero ryafunguwe n’umufasha […]

Abanditsi

Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma

Gutoza umwana gusoma ibitabo akiri muto ni ibintu by’ingenzi, bimufasha gukura neza, azi ubwenge kandi afite n’ubumenyi. Gusoma ibitabo bifasha ubwonko bw’umwana gukura neza. Ntabwo watinze cyangwa hari uwo muri kurushanwa mu gusoma ku mwana wawe cyangwa umuvandimwe wawe. Bikore igihe umenyeye ko bifite akamaro utitaye ku kigero cy’umwana, ashobora no kuba yararenze ubwana, wabimukundisha […]

Abanditsi

Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama

Uwahoze ari Perezida wa  Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama (Uwa 44) yasomye ibitabo 11 kandi arabyishimira mu mwaka wa 2025. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.Paper Girl — Beth Macy 2.Flashlight — Susan Choi 3.We the People — Jill Lepore 4.The Wilderness — Angela […]

Abanditsi

Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka

Gukunda gusoma ibitabo ni ingenzi mu buzima , bifasha kuba umunyabwenge, kumenya ibintu byinshi, gutekereza cyane, kugira amakuru kurusha abandi, kwandika ibitabo, inkuru n’ibindi. Kubera iyo ufite ubumenyi bituma wumva wabisangiza abandi. Ubushakashatsi bwagaragaje ko ikintu witoje iminsi 21, uhozaho ,kiba kikugiye mu maraso no mu bwonko.  Ikintu  wumva ushaka kugira umuco mu buzima bwawe […]

Inkuru zo kwamamaza

Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye

Mu gihe ISIS Models Africa itangije Urugendo rwo Gutoranya Abanyamideli. U Rwanda ruri mu mahirwe kuko ISIS Models Africa, ku bufatanye na Rwanda Modeling Academy, batangije urugendo rushimishije rwo kuzenguruka igihugu bashaka abanyamideli bashya bazavamo ibyamamare mu myidagaduro n’imideri. Iyi sosiyete izwi nk’iy’indashyikirwa mu myidagaduro ku mugabane w’Afurika, imaze kumenyekana mu kuvumbura no guteza imbere […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.