Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize. Egide atuye mu murenge
administrator
+Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza
Lorem ipsum dolor sit amet consectetu. Ut tellus many suspendisse aliquam as rutrum ready.Lorem ipsum dolor sit amet consectetu.
Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori
Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka
Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda bizihiza umuganura bafata umwanya
Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango
Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye
Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi, ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona
Ubukerarugendo bugezweho ni ibikorwa bishyigikira ubukerarugendo burambye, ubukerarugendo bushyigikira ibikorwa byaho wasuye, ubukerarugendo butera impinduka. Gushyigikira ubukerarugendo buramye I Rwiri ni ikintu kizahateza imbere, kikazana impinduka muri ako gace, abaturage bakabona inyungu zo kuba bafite ahantu ndangamateka na ndangamuco. Aho iherereye Ahantu ndangamateka haramviriwe ingoma Karinga, ni mu umudugudu wa Nturo, akagari ka Rwiri, umurenge […]
I Huro ni ahantu haberaga umuhango wo guhuza imyaka yoherezwaga I Bwami mu gukoreshwa mu muhango w’umuganura. Hagaragara Ivubiro ryahashizwe n’umuvubyi witwaga Minyaruko ya Nyamikenke, wari umwami w’u Busigi mu kinyejana cya 16, abisabwe n’umwami Ruganzu II Ndori. Iri vubiro riherereye mu Akagari ka Huro, umurenge wa Muhondo, akarere ka Gakenke mu ntara y’amajyaruguru. Impamvu […]
Buri mwaka, uwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, mu gihugu hose aba ari umunsi w’Umuganura. Uyu mwaka ku rwego rw’igihugu wabereye kuri Sitade Ubworoherane mu murenge wa Muhoza mu Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka yari: Umuganura, Isoko y’Ubumwe n’ishingiro ryo Kwigira. Umushyitsi mukuru yari Minisitiri, Dominique Habimana, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, […]
Email Us:
info@igicumbi.com
Contact:+250 783 541 018
Igicumbi @2024. All Rights Reserved.





