Month: July 2025

Inkuru zo kwamamaza

Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka y’abanyarwanda kuva kera. Kuri uwo munsi ni ikiruhuko mu gihugu. Dore ibintu wakwitabira mu rwego rwo kwizihiza umuganura: Expo Rwanda 2025 Igihe: 29 Nyakanga-17 Kanama 2025 Izabera: Gikondo 31 Nyakanga 2025: Bridging GAPS ( Kibagabaga/Kigali) Arts Exhibition […]

Inkuru zo kwamamaza

#Impeshyi2025, Icyumweru Cyose cy’iserukiramuco rya Ubumuntu Arts Festival

Uyu mwaka wa 2025, iserukiramuco rya Ubumuntu Art Festival rigiye kuba ku nshuro ya 11. Hateganyijwe ibikorwa  bitandukanye mu gihe cy’icyumweru cyose. 11-12 Nyakanga 2025: Cultural Diplomacy Workshop for the youth                                           African Leadership university                                            Age: 18-23 14 Nyakanga 2025: Mental Health Day                                    Kigali Conference and Exhibition Village (Camp Kigali)                                    10am 15 […]

Inkuru zo kwamamaza

Kwizihiza #Kwibohora31, Comedy Shows wakwitabira

Kuwa Gatandatu: Tariki ya 5 Nyakanga 2025 (Huye) Comedy Show Kizabera: South Bridge Motel Amasaha: 7PM. Kuwa Gatandatu: Tariki ya 5 Nyakanga 2025 (Kigali) Joy’s Comedy Show Kizabera :M Hotel Cyateguwe : Etienne. Ku Cyumweru: Tariki ya 6 Nyakanga 2025 (Kigali) Sunday Night Live (Music & Comedy) Kizabera: Mundi Center (Rwandex) Isaha:7-10PM. Cyateguwe na Babu […]

Inkuru zo kwamamaza

Huye, Kwizihiza #kwibohora31 muri South Bridge Motel

South Bridge Motel yateguye ibirori mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo Kwibohora 31, bafasha abantu kubona ibintu bibashimisha, ahantu ho kwidagadurira. Kuwa Kane: Tariki 3 Nyakanga 2025 Old School Nkuko Bisanzwe buri wa Kane! Twiyibutsa ibihe bya kera mu njyana za dushimishije. Ni ukuza wambaye imyenda yarangaga ibyo bihe. Kuwa Gatandatu: Tariki ya 4 […]

Inkuru zo kwamamaza

Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori byiza, bizafasha abashaka kwidagadura, kubona aho bajya. 1.Toxic XPerience Kizaba 4 Nyakanga 2025 Kizabera muri Heza Beach Resort 2.IVY Summer Festival Kizaba Tariki ya 4-5 Nyakanga 2025 Kizabera: Nengo Eden Park Hotel Abahanzi batandukanye Kiyobowe na Muyango […]

Inkuru zo kwamamaza

Mu Rwanda, tariki ya 1-6 Nyakanga 2025 hazaba iki?

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru w’ubwigenge no Kwibohora (ku nshuro 31). Leta yatanze iminsi y’ikiruhuko, ku buryo bya baye ikiruhuko kirekire. Ni byiza kumenya ibintu bizaba hirya no hino mu gihugu. Dore ibintu bimwe bizaba muri iyo minsi hirya no hino mu gihugu. Kuwa Kabiri: Tariki ya 1 Nyakanga 2025 (Musanze) Igitaramo cya Pool […]

Jenoside

Kwizihiza Kwibohora, ibintu 8 wakora

Abanyarwanda benshi tuzi agaciro ko Kwibohora, ni byiza kumenya ibintu wakora mu rwego rwo kwizihiza uyu munsi. Twishimira agaciro ko Kwibohora, dushyigikira abakoze urugendo rwo kubohora igihugu, kugirango cyongere gitere imbere. 1.Wakora urugendo rwa Kwibohora Trail (Liberation History Tourism Trail). Urugendo rwo Kubohora igihugu, ni urugendo rw’urugamba  rwo gukora hazirikanwa igikorwa cy’indashyikirwa cyabaye cyo kubohora […]

Inkuru zo kwamamaza

UNESCO, Ubukorerabushake mu mirage y’isi muri Afurika y’uburasirazuba.

[et_pb_section admin_label=”section”] [et_pb_row admin_label=”row”] [et_pb_column type=”4_4″][et_pb_text admin_label=”Text”] Kuva 2008, buri mwaka World Heritage Centre yashyizeho gahunda y’ubukorerabushake ku mirage y’isi ntiri ku rutonde rwagateganyo . Muri Gahunda ya World Heritage Volunteers Initiative. Uyu mwaka izatangira kuva muri Mata-Kugeza Ukuboza 2025, ku insanganyamatsiko: World Heritage Volunteers 2025 – Working on the Future’. Ibikorwa bizabera hirya no […]

Jenoside

Kwibohora Trail, ibintu 7 wamenya kuri urugendo

Urugendo rwo Kubohora igihugu, ni urugendo rw’urugamba  rwo gukora hazirikanwa igikorwa cy’indashyikirwa cyabaye cyo kubohora u Rwanda. Ni urugendo rubitse amateka menshi kandi afite akamaro ku banyarwanda; ari abakuze, urubyiruko ndetse n’abato. Ni urugendo wakora mu byiciro bitewe n’ubushobozi n’imiterere yaho urugamba rwabereye, kugenda n’amaguru mu misozi, mu bibaya kwambuka imigezi. 1.Amatariki y’urugamba rwo Kwibohora. […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.