Ijambo rya Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu muhango wo Kwita Izina ku nshuro ya 20 (Musanze,05/09/2025)
Good Afternoon, Mwiriwe neza! Murabinyemereye? Murakoze cyane. Mukomeze mugire umunsi mwiza. Murakoze cyane kandi mugire amahoro!
Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize. Egide atuye mu murenge
administrator
+Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza
Lorem ipsum dolor sit amet consectetu. Ut tellus many suspendisse aliquam as rutrum ready.Lorem ipsum dolor sit amet consectetu.
Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori
Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka
Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda bizihiza umuganura bafata umwanya
Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango
Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye
Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi, ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona
Good Afternoon, Mwiriwe neza! Murabinyemereye? Murakoze cyane. Mukomeze mugire umunsi mwiza. Murakoze cyane kandi mugire amahoro!
Mu Rwanda turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe kiba kirangwa n’imvura, ariko hakaba ni bintu bitandukanye by’ibirori n’ibitaramo wakwitabira. Muri aya mariki y’Ukwakira hari ibintu bizaba hirya no hino mu gihugu wakwitabira: Wikendi ya 17-18-19 Ukwakira 2025 1.Kuwa Gatanu (17/10/2025) : -Rwanda National Volleyball League 2025/2026 -Caravane du Rire (17-31/10/2025) -Pool Table Tournment /Black Ball) […]
Kuva mu kwezi kwa Ukwakira-Ugushyingo-Ukuboza tuba turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe cy’imvura nyinshi. Ni byiza kumenya amaserukiramuco wa kwitabira muri iki gihe. 1.Umurage International Books and Arts Festival Iserukiramuco Mpuzamahanga ry ’ibitabo n’ubugeni, rigizwe n’ibiganiro ku bakora mu ruganda rw’ibitabo, ubugeni n’umurage, abahanzi, abarimu, abakora mu muco, amateka, ririmo imurika ry’ibitabo. Rizaba 1-3 Ukwakira 2025, […]
Email Us:
info@igicumbi.com
Contact:+250 783 541 018
Igicumbi @2024. All Rights Reserved.


