Abanditsi

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Abanditsi

Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie

Imigenzo & Imigenzo

Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.

Abanditsi

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Urugendo

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Urugendo

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Urugendo

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)

Inkuru zo kwamamaza

Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?

Umunyarwandakazi watsindiye igihembo muri ATLF 2020

Umunyarwandakazi watsindiye igihembo muri ATLF 2020

Umunyarwandakazi Aline Murekatete yatsindiye igihembo cyo mu rwego rw’urubyiruko rufite imishinga ifite udushya (Youth Innovation Competition). Umushinga wa Aline ni Spree Bubble Concept. Ni irushanwa ryateguwe urubyiruko rwohereza imishinga ifite udushya yo gufasha...

Rwanda 2024, Imirage Ndangamuco Ifatika y’Igihugu

Rwanda 2024, Imirage Ndangamuco Ifatika y’Igihugu

Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’iteka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage...

Impamvu 20 zo gusura Victoria Falls

Impamvu 20 zo gusura Victoria Falls

Victoria Falls witwa na none Mosi-Oya-Tunya ni ahantu nyaburanga kamere haherereye ku ruzi rwa Zambezi, hagati y’igihugu cya Zambia na Zimbabwe. Uko kuntu hameze, hateye, amateka yaho hagati yahoo n’abantu bahaturiye, akamaro kaho, byatumye hashyirwa mu mirage y’isi...

INSIGAMIGANI : “Bamushyize igorora”

INSIGAMIGANI : “Bamushyize igorora”

Uyu mugani uvugwa kenshi mu Rwanda bawerekeje ku muntu, bakuye mu mage bakamudabagiza; niho bavuga ngo: «Bamushyize igorora!» Wakomotse ku munyagisaka witwaga Rumanzi; ahagana mu mwaka w'i 1700, wusirwa n'umunyanduma witwaga Shabwega bwa Rubunge w'umwenegitoli,...

Kwibuka 30, abaminisitiri b’intebe b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Jenocide

Kwibuka 30, abaminisitiri b’intebe b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abaminisitiri b’intebe baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed (Ethiopie) Minisitiri w’Intebe Raymond Ndong Sima (Gabon)
Read More
1 8 9 10 11 12 15

Umunyarwandakazi watsindiye igihembo muri ATLF 2020

Umunyarwandakazi Aline Murekatete yatsindiye igihembo cyo mu rwego rw’urubyiruko rufite imishinga ifite udushya (Youth Innovation Competition). Umushinga wa Aline ni Spree Bubble Concept. Ni irushanwa ryateguwe urubyiruko rwohereza imishinga ifite udushya yo gufasha...

Rwanda 2024, Imirage Ndangamuco Ifatika y’Igihugu

Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’iteka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage...

Impamvu 20 zo gusura Victoria Falls

Victoria Falls witwa na none Mosi-Oya-Tunya ni ahantu nyaburanga kamere haherereye ku ruzi rwa Zambezi, hagati y’igihugu cya Zambia na Zimbabwe. Uko kuntu hameze, hateye, amateka yaho hagati yahoo n’abantu bahaturiye, akamaro kaho, byatumye hashyirwa mu mirage y’isi...

INSIGAMIGANI : “Bamushyize igorora”

Uyu mugani uvugwa kenshi mu Rwanda bawerekeje ku muntu, bakuye mu mage bakamudabagiza; niho bavuga ngo: «Bamushyize igorora!» Wakomotse ku munyagisaka witwaga Rumanzi; ahagana mu mwaka w'i 1700, wusirwa n'umunyanduma witwaga Shabwega bwa Rubunge w'umwenegitoli,...