2024, ibiciro byo gusura ingoro ndangamurage mu Rwanda

May 4, 2024

Mu Rwanda hari ingoro ndangamurage umunani (8) ubu basizeho ibiciro bishya byo kubasha kuzisura; gusura imurika rihoraho mu ngoro n’ibindi bikorwa bigaragara mu ngoro ndandamurage (amamurika yihariye)

Ibiciro bishya: Ibiciro by’abashyitsi  (Kuri buri ngoro)

Abanyarwanda:

  • Umuntu Mukuru: 2000 rwf/Umwe
  • Abana /Abanyeshuri (Kuva ku myaka 6 kugeza ku cyiciro cya II cya Kaminuza )   Umwe: 1000 rwf      Itsinda (abantu 20): 500 rwf

Abaturage bo muri EAC na CEPGL

  • Umuntu Mukuru: 4000 frw/Umwe
  • Abana /Abanyeshuri (Kuva ku myaka 6 kugeza ku cyiciro cya II cya Kaminuza )   Umwe: 2000 rwf      Itsinda (abantu 20) :1000 rwf

Abanyamahanga baba mu Rwanda

  • Umuntu Mukuru: 2000 rwf/Umwe
  • Abana /Abanyeshuri (Kuva ku myaka 6 kugeza ku cyiciro cya II cya Kaminuza )   Umwe: 1000 rwf      Itsinda (abantu 20): 500 rwf

Abaturuka mu bindi bihugu

  • Umuntu Mukuru: 10 000 frw/Umwe
  • Abana /Abanyeshuri (Kuva ku myaka 6 kugeza ku cyiciro cya II cya Kaminuza )   Umwe: 4000 rwf      Itsinda abantu 20): 2000 rwf

Amatike akomatanyije

Ingoro ndangamurage zose (8) igabanyirizwa rya 30%

Ingoro ndangamurage 3-7 ; igabanyirizwa rya 25 %

Ingoro ndangamurage 2 : igabanyirizwa rya 20%

Ibiciro bishya: Amamurika yihariye

1.Ingoro y’Amateka y’Abami (Rukali-(Nyanza)

Kumurikirwa Inyambo:

  • Umuntu Mukuru:3000 rwf/Umwe
  • Umwana/Umunyeshuri:1000 frw
  • Itsinda ry’abanyeshuri 20 kujyana hejuru:500frw/Umwe

2.Ingoro y’Umurage Yitiriwe Kandt (Nyarugenge)

Gusura ibikururanda

  • Umuntu Mukuru:2000 rwf/Umwe
  • Umwana/Umunyeshuri:1000 frw
  • Itsinda ry’abanyeshuri 20 kujyana hejuru:500frw/Umwe

3.Ingoro y’umurage w’Amateka y’Imibereho y’Abanyarwanda (Huye)

Kwimenyereza gukora imyuga gakondo (Gutakisha amasaro,Ububoshi, Ububumbyi no gukora amakarita yo mu birere):

  • Umuntu umunwe/ Umunsi: 1000 frw /Umwe
  • Umuntu umwe/Ukwezi: 50 000 frw
  • Itsinda ry’abantu baziye hamwe/Umunsi: 150 000frw

4.Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo kubohora Igihugu (Gicumbi)

Gutambagira Indaki y’Umugaba Mukuru w’Urugamba  

  • Umuntu Mukuru: 5000 rwf/Umwe
  • Umwana/Umunyeshuri: 1000 frw
  • Itsinda ry’abanyeshuri 20 kujyana hejuru: 500frw/Umwe
  • Itsinda ry’abantu bakuru 20 kujyana hejuru :2500 frw/umwe

5.Ingoro y’ubuhanzi n’Ubugeni (Kicukiro)

Ibisigazwa by’indege Falcon 50

  • Umuntu Mukuru:3000 rwf/Umwe
  • Umwana/Umunyeshuri: 1000 frw
  • Itsinda ry’abanyeshuri 20 kujyana hejuru: 500 frw/Umwe

6.Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside (Gasabo)

Gusura ibice ndangamateka byo hanze y’ingoro

  • Umuntu Mukuru: 3000 frw /Umwe
  • Itsinda ry’Abantu bari hagati 20-100
  • Umwana/Umunyeshuri: 1000 frw

(Abantu bakuru, abanyeshuri cg abana): 10 000 frw

  • Itsinda ry’abanyeshuri 20 kujyana hejuru: 500frw/Umwe
  • Itsinda ry’abantu bari hejuru 100: 50 000frw

N.B: Itike yo gusura ingoro ndangamurage imwe, igira agaciro mu gihe cy’amasaha 3 naho itike ikomatanyije igira agaciro mu gihe cy’amezi atatu (3).

Imvano: Inteko y’umuco.