Mali-Niger-BurkinaFaso, imirage y’isi wasura muri ibi bihugu
Ibihugu bya Mali, Niger na Burkina Faso ni ibihugu biherereye mu burengerazuba bw’Afurika. Byose hamwe bifite imirage y’isi 11, ni imirage ndangamuco, kamere n’imirage ibikomatanyije byose. Bifite ubuso bungana Km2 2 781 200 n’abaturage bagera kuri Miliyoni...
Gusura Ikibumbano Hand mu mujyi wa Kigali
Ikibumbano Hand cyo Kurwanya Ruswa (Anti-Corruption Monument ) kireshya na metero 12, cyakozwe n’umunyabugeni w’umunya Iraq Ahmed Al Barani wishyuwe na Leta ya Qatar. Giherereye mu busitani bwa KCC (Kigali Convention Center) mu Akagari ka Rugando, umurenge wa...
Rwanda-Uganda-Kenya: Imirage Kamere y’isi wasura muri ibi bihugu
Imirage kamere y’Isi ni bimwe mu bintu byiza bitangaje biboneka mu bihugu bitatu;Rwanda-Uganda-Kenya biherereye muri Afurika y’uburasirazuba. Ni imirage yashyizwe ku rwego rw’isi mu bihe bitandukanye bitewe n’akamaro iyo mirage ifitiye ibyo bihugu, umugabane...
Ikiyaga cya Malawi, umurage Kamere w’isi.
Ikiyaga cya Malawi cyangwa Ikiyaga cya Nyasa (Tanzania), Lago Niassa (Mozambique). Ni ikiyaga giherereye muri Afurika y’uburasirazuba ishyira amajyepfo hazwi nka East African Rift Valley. Mu akarere bita akarere k’ Afurika y’Ibiyaga Bigari, aho habaye iruka...
Afurika, ibibumbabano bifite ibisobanuro bikomeye muri Afurika (11-20)
11.Fahaleovantena Tribes Monument (Madagascar) Ikibumbano cy’amoko 18 yo muri Madagascar, ijambo Fahaleovantena bisobanura ubwigenge, hariho amazina yayo moko, hajuru hariho inka ya Zebu. 12.Mangal Mahadev of Shiva (Ile Maurice) Ikibumbano cy’umugore...
U Rwanda n’ibyiza byarwo byihariye mu mpande zose
U Rwanda ni igihugu gifite ibyiza byinshi mu mpande zose z’igihugu; ibyiza karemano (Imisozi, imigezi, amashyamba, ibiyaga, ibishanga, inzuzi..), ndangamuco (imbyino, insengero, imihango, amafunguro, ), ndangamateka ( ibigabiro, imisezero y’abami, inzibutso,..) . Mu...
Indashyikirwa 2024, umunyarwanda yahawe igihembo n’umwami w’Ubwongereza cya Tusk Wildlife Ranger Award
Umunyarwanda Ntoyinkima Claver yahawe igihembo cyitwa Tusk Wildlife Ranger , igihembo yahawe n’umwami w’ubwongereza Charles III. Ni igihembo yahawe kubera ibikorwa by’indashyikirwa byo kubungabunga ibidukikije agiramo uruhare, amenyekanisha inyoni ziri muri Pariki...
Afurika, ibibumbabano bifite ibisobanuro bikomeye muri Afurika (1-10)
Ni byiza kumenya ibibumbano biri hirya no hino mu bihugu bya Afurika , ibibumbano bifite akamaro ku rwego rw’igihugu cyangwa rw’umugabane kubera ibisobanuro abanyagihugu baha icyo kibumbano. Ni ibibumbano by’abaturage, bisurwa na buri wese kandi ku buntu, bidasaba...
Iminsi mikuru 2024! Ibikorwa by’ubugeni wakwitabira
Muri iy’iminsi mikuru isoza umwaka wa 2024, abakunda ubugeni bafite amahirwe yo kwitabira ibikorwa bitandaukanye bihari bizaba. Harimo imurika ry’ubugeni, gukora ibihangano by’ubugeni, guhaha ibihangano.. 1. Persistence Of Vision Art Exhibition (Inkingi Arts Space) 20...
Indashyikirwa 2024, ikipe ya APR FC yabaye iya kabiri muri CECAFA Kagame Cup
Kuva tariki ya 9-21 Nyakanga 2024 muri Tanzania habaye irushanwa rya CECAFA Kagame Club Cup, harimo ama ekipe 12 yo muri Afurika y’uburasirazuba n’iyo hagati. Ikiye ya APR FC yatwaye umwanya wa kabiri nyuma yo gustindwa n’ikipe Red Arrows yo muri Zambia kuri Penalite...
- #Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma
- #Gusoma2026.Ibitabo, urubyiruko rukwiriye gusoma
- #Gusoma2026. Ibitabo, abantu bakuru bakwiriye gusoma
- #Gusoma2026. Ibitabo, abana bakwiriye gusoma
- Ibihembo Women Books Award 2026 byatanzwe ku mugaragaro
- Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
- Club Rafiki Community Library
- Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
- Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
- Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
- Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
- Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
- Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
- Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
- Igicumbi Magazine: UCI 2025: Le vélo dans les routes du pays des mille collines.#Issue10 Numéro Spécial!
- Igicumbi Magazine; Umunsi w’Igikundiro 2025 #Issue9 Numero yihariye
- Igicumbi Magazine;Umuganura 2025 #Issue8 Nimero Yihariye
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
Mali-Niger-BurkinaFaso, imirage y’isi wasura muri ibi bihugu
Ibihugu bya Mali, Niger na Burkina Faso ni ibihugu biherereye mu burengerazuba bw’Afurika. Byose hamwe bifite imirage y’isi 11, ni imirage ndangamuco, kamere n’imirage ibikomatanyije byose. Bifite ubuso bungana Km2 2 781 200 n’abaturage bagera kuri Miliyoni...
Gusura Ikibumbano Hand mu mujyi wa Kigali
Ikibumbano Hand cyo Kurwanya Ruswa (Anti-Corruption Monument ) kireshya na metero 12, cyakozwe n’umunyabugeni w’umunya Iraq Ahmed Al Barani wishyuwe na Leta ya Qatar. Giherereye mu busitani bwa KCC (Kigali Convention Center) mu Akagari ka Rugando, umurenge wa...
Rwanda-Uganda-Kenya: Imirage Kamere y’isi wasura muri ibi bihugu
Imirage kamere y’Isi ni bimwe mu bintu byiza bitangaje biboneka mu bihugu bitatu;Rwanda-Uganda-Kenya biherereye muri Afurika y’uburasirazuba. Ni imirage yashyizwe ku rwego rw’isi mu bihe bitandukanye bitewe n’akamaro iyo mirage ifitiye ibyo bihugu, umugabane...
Ikiyaga cya Malawi, umurage Kamere w’isi.
Ikiyaga cya Malawi cyangwa Ikiyaga cya Nyasa (Tanzania), Lago Niassa (Mozambique). Ni ikiyaga giherereye muri Afurika y’uburasirazuba ishyira amajyepfo hazwi nka East African Rift Valley. Mu akarere bita akarere k’ Afurika y’Ibiyaga Bigari, aho habaye iruka...
Afurika, ibibumbabano bifite ibisobanuro bikomeye muri Afurika (11-20)
11.Fahaleovantena Tribes Monument (Madagascar) Ikibumbano cy’amoko 18 yo muri Madagascar, ijambo Fahaleovantena bisobanura ubwigenge, hariho amazina yayo moko, hajuru hariho inka ya Zebu. 12.Mangal Mahadev of Shiva (Ile Maurice) Ikibumbano cy’umugore...
U Rwanda n’ibyiza byarwo byihariye mu mpande zose
U Rwanda ni igihugu gifite ibyiza byinshi mu mpande zose z’igihugu; ibyiza karemano (Imisozi, imigezi, amashyamba, ibiyaga, ibishanga, inzuzi..), ndangamuco (imbyino, insengero, imihango, amafunguro, ), ndangamateka ( ibigabiro, imisezero y’abami, inzibutso,..) . Mu...
Indashyikirwa 2024, umunyarwanda yahawe igihembo n’umwami w’Ubwongereza cya Tusk Wildlife Ranger Award
Umunyarwanda Ntoyinkima Claver yahawe igihembo cyitwa Tusk Wildlife Ranger , igihembo yahawe n’umwami w’ubwongereza Charles III. Ni igihembo yahawe kubera ibikorwa by’indashyikirwa byo kubungabunga ibidukikije agiramo uruhare, amenyekanisha inyoni ziri muri Pariki...
Afurika, ibibumbabano bifite ibisobanuro bikomeye muri Afurika (1-10)
Ni byiza kumenya ibibumbano biri hirya no hino mu bihugu bya Afurika , ibibumbano bifite akamaro ku rwego rw’igihugu cyangwa rw’umugabane kubera ibisobanuro abanyagihugu baha icyo kibumbano. Ni ibibumbano by’abaturage, bisurwa na buri wese kandi ku buntu, bidasaba...
Iminsi mikuru 2024! Ibikorwa by’ubugeni wakwitabira
Muri iy’iminsi mikuru isoza umwaka wa 2024, abakunda ubugeni bafite amahirwe yo kwitabira ibikorwa bitandaukanye bihari bizaba. Harimo imurika ry’ubugeni, gukora ibihangano by’ubugeni, guhaha ibihangano.. 1. Persistence Of Vision Art Exhibition (Inkingi Arts Space) 20...
Indashyikirwa 2024, ikipe ya APR FC yabaye iya kabiri muri CECAFA Kagame Cup
Kuva tariki ya 9-21 Nyakanga 2024 muri Tanzania habaye irushanwa rya CECAFA Kagame Club Cup, harimo ama ekipe 12 yo muri Afurika y’uburasirazuba n’iyo hagati. Ikiye ya APR FC yatwaye umwanya wa kabiri nyuma yo gustindwa n’ikipe Red Arrows yo muri Zambia kuri Penalite...

