Abanditsi

Ibintu 5 ukwiriye kumenya kuri Rencontres Internationales du Livre Francophone du Rwanda

Abanditsi

Gusoma 2025, Ibitabo 6 ukwiriye gusoma ku kugira ubumenyi bwihariye ku giti cyawe

Abanditsi

Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka

Abanditsi

Gusoma 2025, Ibitabo  ukwiriye gusoma kugirango wongere umusaruro muri uyu mwaka

Abanditsi

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Abanditsi

Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie

Imigenzo & Imigenzo

Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.

Abanditsi

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka

Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka

Dore ibitabo byatoranyijwe na Librarymindset ku rubuga rwabo rwa Instagram. Ni ibitabo biri mu icyongereza. Mutarama: The Arts of Laziness Gashyantare: The Alchimist  cyanditswe na Paulo Caelho Werurwe : Notes Underground Mata : Meditations cyanditswe na Marcus...

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2024 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi n’ibitekerezo mu byo akora,  kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kwifuza ikintu nyuma sikibe...

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Uwahoze ari Perezida wa  Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda;  amazi ya Nyabarongo  aturuka mu majyepfo mu...

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...

Inkuru zigezweho
Insingamigani Inyurabwenge

Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo: "Rubanda ni abahanya!" Wakomotse ku muja wa Mibambwe Sekarongoro witwaga Nyirabihanya muka Buyoyo w'i Nyarusave ku Itaba rya Bugoba i Rukoma (Gitarama); ahasaga umwaka w'i 1400. Ku...
Read More
Imigenzo & Imigenzo Umuco

Imiziririzo

1 2 3 15

Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka

Dore ibitabo byatoranyijwe na Librarymindset ku rubuga rwabo rwa Instagram. Ni ibitabo biri mu icyongereza. Mutarama: The Arts of Laziness Gashyantare: The Alchimist  cyanditswe na Paulo Caelho Werurwe : Notes Underground Mata : Meditations cyanditswe na Marcus...

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2024 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi n’ibitekerezo mu byo akora,  kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kwifuza ikintu nyuma sikibe...

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Uwahoze ari Perezida wa  Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda;  amazi ya Nyabarongo  aturuka mu majyepfo mu...

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...