Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira

Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira

Kuva mu kwezi kwa Ukwakira-Ugushyingo-Ukuboza tuba turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe cy’imvura nyinshi. Ni byiza kumenya amaserukiramuco wa kwitabira muri iki gihe. 1.Umurage International Books and Arts Festival Iserukiramuco Mpuzamahanga ry ’ibitabo...

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo,...

Amafunguro ya Kigande I Kibeho

Amafunguro ya Kigande I Kibeho

Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta...

Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru

Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru

Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere tw’u Rwanda tweramo icyayi cyinshi. Ni icyayi giteye ku misozi  n’ibishanga bigize akarere ka Nyaruguru. Ni akarere kagizwe n’imisozi, bituma hari ubutumburuke buri hejuru, ikirere cyiza kubera ari hafi y’ishyamba rya...

Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco

Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco

Uyu mwaka, mu rwego rwo kwizihiza umuganura nasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco mu majyaruguru y’u Rwanda. Ni ahantu narigeze bwa mbere, mu turere nasanze dufite ahantu hafite amateka n’umuco bikomeye by’abanyarwanda. Ivubiro rya Huro (Akarere ka Gakenke) I Huro...

Insingamigani Inyurabwenge

Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo: "Rubanda ni abahanya!" Wakomotse ku muja wa Mibambwe Sekarongoro witwaga Nyirabihanya muka Buyoyo w'i Nyarusave ku Itaba rya Bugoba i Rukoma (Gitarama); ahasaga umwaka w'i 1400. Ku...
Read More
Imigenzo & Imigenzo Umuco

Imiziririzo

1 2 3 17

Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira

Kuva mu kwezi kwa Ukwakira-Ugushyingo-Ukuboza tuba turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe cy’imvura nyinshi. Ni byiza kumenya amaserukiramuco wa kwitabira muri iki gihe. 1.Umurage International Books and Arts Festival Iserukiramuco Mpuzamahanga ry ’ibitabo...

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo,...

Amafunguro ya Kigande I Kibeho

Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta...

Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru

Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere tw’u Rwanda tweramo icyayi cyinshi. Ni icyayi giteye ku misozi  n’ibishanga bigize akarere ka Nyaruguru. Ni akarere kagizwe n’imisozi, bituma hari ubutumburuke buri hejuru, ikirere cyiza kubera ari hafi y’ishyamba rya...

Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco

Uyu mwaka, mu rwego rwo kwizihiza umuganura nasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco mu majyaruguru y’u Rwanda. Ni ahantu narigeze bwa mbere, mu turere nasanze dufite ahantu hafite amateka n’umuco bikomeye by’abanyarwanda. Ivubiro rya Huro (Akarere ka Gakenke) I Huro...