Guhitamo ibitabo byo gusoma muri uyu mwaka, ni ukugufasha kumenya ibitabo byiza byandikiwe abana. Gusoma bigufasha kugira ubumenyi n’ubwenge bifasha mu buzima bwa buri munsi, ari ubu n’ahazaza. Bifasha umwana gukuza ubwonko bwe, akazaba umuhanga, akagira ibitekerezo byinshi kandi bimufasha kwiga neza.
1.Ibitabo byanditswe na Dr Muyumbo Thomas (Iga Publishers)

Indorerwamo za sogokuru
Sibo n’Intama ye
Zaza n’Ikinyoni kinini
Isinde rya Gashumba
Nyiramatama
Ikote ry’Akanyamasyo
2.Mudacumura Publishing
Koko the Rhino loves Planet Earth

Igisabo
Bwiza
Igare Ryange
3.Kibondo Publishing
Kabebe n imbuto
Iminsi ya kiki
Tumenye inyamaswa z’iwacui
Gakumi n’inshuti ye
4. Ubuntu Publishers
Muhirwa
Amashyuza
Amarushanwa y’inyamaswa
Igiti cyange
5.Bakame Editions
Umwana mu muryango nyarwanda
Mimi hogoza
La formule magique
6.Perdua Publishers
Kanyamanza
Nyiramusambi
Pusi na dudu
Marigarita
7. Pallotti Press Ltd
Hobe

Ujye usoma na Igicumbi Magazine, ubashe kumenya amakuru y’ubukerarugendo, umuco, amateka, n’imirage by’u Rwanda na Afurika muri rusange. Uzabasha no gusangamo imigani n’insingamigani ndetse n’ imikino, ibintu byongera ubumenyi! Ntabwo yakubuza gusoma ibindi bitabo.










