Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
Ubwami bwa Bungwe ni ubwami bwari bugizwe n’igihugu giherereye mu gice cy’amajyepfo y’u Rwanda rw’ubu. Twavuga uturere twa Nyaruguru na Nyamagabe twose by’ubu, Igice cya Huye, igice cya Gisagara n’igice cy’I Burundi. Bwafataga U Busanza ( Komini Maraba, Mbazi ,Ruhashya, Shyanda zo muri Perefegitura ya Butare). U Bufundu (Komini Kinyamakara, Nyamagabe, Mudasomwa, Karama zo muri […]

