by admin | Nov 12, 2025 | Amateka y'Abami
Umuganura watangiye kwizihizwa mu kinyejana cya cyenda, ni umuhango wari ukomeye mu Banyarwanda, wizihizwaga n’abanyarwanda bose kuva I bwami kugera kuri rubanda rwo hasi. Ni umuhango wagize ibibazo mu mateka y’u Rwanda, gusa wagiye usubiraho bitewe n’abayobozi...