Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
Umuganura watangiye kwizihizwa mu kinyejana cya cyenda, ni umuhango wari ukomeye mu Banyarwanda, wizihizwaga n’abanyarwanda bose kuva I bwami kugera kuri rubanda rwo hasi. Ni umuhango wagize ibibazo mu mateka y’u Rwanda, gusa wagiye usubiraho bitewe n’abayobozi bawuhaga agaciro. 1.Umwami Ruganzu II Ndoli (1510-1543) ubwo yabohoraga u Rwanda nyuma y’imyaka irenga 10 ruri mu maboko […]

