Month: September 2025

Ibiganiro

Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco

Mukunzi Jean De Dieu ni umusore w’umunyarwanda, ukunda ibintu by’umuco n’ubukerarugendo. Kuganira n’abantu bakuze bimwigisha ibintu byinshi cyane, bituma amenya amateka ya kera y’abantu n’ahantu. Mukunzi avana ibyishimo mu gutembera mu ishyamba ahantu hatuje. Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye mu Ngoro Ndangamurage y’ubugeni (Rwandan Arts Museum) hazwi nko kwa Habyarimana, mbona ibintu byinshi cyane; […]

Urugendo

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo, ureshya na 2400m z’uburebure. Ni umusozi ukora ku mirenge itatu y’akarere ka Huye, Umurenge wa Huye, umurenge wa Maraba […]

Abahanzi

Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.

Buri mwaka, kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, mu gihugu hose aba ari umunsi w’umuganura. Uyu mwaka ku rwego rw’igihugu wabereye kuri Sitade Ubworoherane mu murenge wa Muhoza mu Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Itorero Urukerereza Itorero ry’igihugu rigizwe n’abahungu n’abakobwa, bashimishije abitabiriye ibirori mu mbyino za Kinyarwanda harimo nk’ikinimba Hinga Amasaka, intore […]

Amafunguro

Amafunguro ya Kigande I Kibeho

Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta mu Rwanda. Ibyo kurya Mu mafunguro bategura harimo amafunguro azwi cyane akomoka muri Uganda, harimo Umunyigi, ikinyobwa, kawunga […]

Amateka y'Ahantu

Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.

Ku munsi ubanziriza kwizihiza umuganura  w’umwaka 2025, Umuyobozi w’inteko y’Umuco yasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco I Huro (Akarere ka Gakenke) n’ I Rwiri (Akarere ka Rulindo). 1.Kumenya amateka avuga mu kurinda ahantu ndangamateka Itegeka No 28/2016 ryo kuwa 22/7/2016 rigena ibungabungwa ry’umurage ndangamuco n’ubumenyi gakondo n’iteka No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 08/02/2024 ryerekeye urutonde rw’umurage ndangamuco ufatika […]

Ibyiza Nyaburanga

Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park

Bungwe Queen’s Park ni mu rugo rugari rwashinzwe mu rwego rwo gusigasira ubwami bwa Bungwe. Hashinzwe ikigo cy’ubukerarugendo cya GiHomArts & Cultours Ltd ku bufatanye na MSC Ibisumizi (Mountains Sports Club Ibisumizi) Bungwe Queen’s Park ikora ibikorwa bishyigikira ubukerarugendo buramye. 1.Mu bikorwa bakora bafatanya n’abaturage. Binyuze muri Bungwe Youth Volunteer, Bungwe Queen’s Park ikorana byahafi […]

Urugendo

Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru

Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere tw’u Rwanda tweramo icyayi cyinshi. Ni icyayi giteye ku misozi  n’ibishanga bigize akarere ka Nyaruguru. Ni akarere kagizwe n’imisozi, bituma hari ubutumburuke buri hejuru, ikirere cyiza kubera ari hafi y’ishyamba rya Nyungwe. Inganda Muri aka karere harimo inganda zitunganya Icyayi zigera kuri eshatu; Uko wabisura Gusura izi nganda […]

Ibyiza Nyaburanga

Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park

Bungwe Queen’s Park ni mu rugo rugari rwashinzwe mu rwego rwo gusigasira ubwami bwa Bungwe. Hashinzwe ikigo cy’ubukerarugendo cya GiHomArts & Cultours Ltd ku bufatanye na MSC Ibisumizi (Mountains Sports Club Ibisumizi) Ni urugo rutatswe n’ imitako ya kinyarwanda, igisoro, amashusho y’ubugeni, ubusitani bw’imbuto n’ibindi bifitanye isano n’ubwami bwa Bungwe. Aho giherereye Ni ku muhanda […]

Urugendo

Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco

Uyu mwaka, mu rwego rwo kwizihiza umuganura nasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco mu majyaruguru y’u Rwanda. Ni ahantu narigeze bwa mbere, mu turere nasanze dufite ahantu hafite amateka n’umuco bikomeye by’abanyarwanda. Ivubiro rya Huro (Akarere ka Gakenke) I Huro ni ahantu haberaga umuhango wo guhuza imyaka yoherezwaga I Bwami mu gukoreshwa mu muhango w’umuganura. Hagaragara […]

Imigenzo & Imigenzo

Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe

Ibirori byo kwizihiza Umuganura ku rwego rw’igihugu wabereye kuri Sitade Ubworoherane mu murenge wa Muhoza mu Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Dore imihango ikomeye yizihizwa: Gusura imurikabikorwa ry’ibikorwa by’iterambere Ni ibikorerwa by’iterambere bikomoka mu karere ka Musanze, ibikorwa byiganjemo iby’ubuhinzi, ubucuruzi, inganda, ubugeni,..Ni mu rwego rwo kwerekana ko umuganura ari umwanya wo kwishimira ibikorwa […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.