Month: August 2024

Indashyikirwa

Shampiyona 2023-2024; abakinnyi 8  b’indashyikirwa batsinze ibitego byinshi

Shapiyona y’uyu mwaka 2023-2024 (Rwanda Premier League) yarigizwe  n’amakipe 16, yabayemo imikino 240, habonekamo ibitego 518, ibera ku masitade; Kigali Pele Stadium, Bugesera Stadium, Huye Stadium, Umuganda Stadium, Ubworoherane Stadium, Ngoma Stadium na Nyagatare Stadium. Dore abakinni batsinze ibitego byinshi: 1.Victor Mbaoma (APR FC )                            Ibitego 15 2. Ani Elijah (Bugesera FC)                             Ibitego 15 3.Gedeon […]

Indashyikirwa

APR FC, Indashyikirwa yatwaye Shapiyona y’umwaka wa 2023-2024

Ikipe ya APR FC niyo yatwaye shapiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda (Primus National League) umwaka wa 2023-2024. Ni ikipe yakoze amateka akomeye kuva yashingwa mu mwaka wa 1993 kugeza ubu, yambara imyambaro y’umukara n’umweru. Ni igikombe cya 22 imaze gutwara. 1.umukino wa mbere, APR FC vs Musanze (2-1) 2.Umukino wa nyuma, APR FC vs Amagaju […]

Inkuru zo kwamamaza

Rwanda, Amaserukiramuco uzitabira mu mpeshyi

Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose z’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco bazitabira. Kwitabira iserukiramuco ryiza mu Rwanda ni kimwe mu bintu bizagushimisha mu mpeshyi. 1.Kivu Festival (Rubavu) Iserukiramuco  ribera […]

Inkuru zo kwamamaza

Musanze, amaserukiramuco akomeye abera I Musanze

Musanze iwabo w’ibirunga n’ibirayi! Musanze izwiho ibintu byinshi bizwi cyane n’abanyarwanda n’abanyamahanga. Aka gace kazwimo kubamo amaserukiramuco akomeye, akurura abantu bakunda amaserukiramuco bavuye hirya no hino. 1.Ikirenga Culture Tourism Festival (Mu mujyi wa Musanze) Iserukiramuco riba ririmo ibiganiro, ibitaramo by’abahanzi batandukanye; harimo abanyarwanda n’abanyamahanga. Rirangwa n’ imbyino n’imikino gakondo, kwerekana filimi, gusetsa, kwerekana Impano n’ibindi. […]

Amateka y'Ahantu

Misiyoni 12 za mbere zubatswe mu Rwanda

Abapadiri bera  bakandagije ikirenge cyabo ku butaka bw’u Rwanda tariki ya 24 Gashyantare 1878. Kiliziya Gatolika  ifite abayoboke benshi mu Rwanda, ikaba ari iya mbere yazanye imyemerere ya Gikirisitu mu banyarwanda. Mu mwaka w’I 1894, hashizwe Vicariyati ya Nyanza itandukanyijwe na Victoria-Nyanza, maze u Rwanda ruba igice gishya cya Kiliziya Gatorika gishingwa Musenyeri Livinhac. Tariki […]

Inkuru zo kwamamaza

2024. Amaserukiramuco 17 akomeye azabera mu Rwanda

Ni byiza kumenya amaserukiramuco akomeye azaba mu gihugu, amaserukiramuco uzitabira, uzajyanamo n’inshuti n’abavandimwe. Kuva mu ntangiro z’umwaka kugera mu mpera zawo haba hari amaserukiramuco atandukanye mu mpande zose z’igihugu. Mu Rwanda, ni igihugu giteza imbere ibikorwa by’imyidagaduro, kirangwa n’umutekano, abategura ibitaramo ndetse n’ibikorwaremezo by’imyidagaduro birahari. Dore amaserukiramuco akomeye azaba: 1.Iteka African Festival (Kigali) Iserukiramuco ribanziriza […]

Amateka y'Abantu

Ibintu 40 wamenya kuri Padiri Silivani Bourguet

Padiri Silivani Bourget ni umupadiri w’umubiligi waje mu Rwanda gukora ubutumwa bw’iyobokamana mu Rwanda  Nyakanga 1963-Ukuboza 2000. Dore ibintu 40 wamenya kuri uwo mu Padiri: 1.Silivani Bourguet yavutse tariki ya 16 Werurwe 1924 2. Mama we yitwaga Felicite Bourguet 3.Papa we yitwaga Matthieu Bourguet 4. Bourguet yavukiye komini ya Chaudfontaine, mu karere ka Wallonie bavuga […]

Inkuru zo kwamamaza

2025; Amaserukiramuco utagomba kuburamo mu Rwanda

Kwitabira iserukiramuco ryiza mu Rwanda ni kimwe mu bintu bizagushimisha mu kurangiza uyu mwaka. Amaserukiramuco azabera ahantu hatandukanye mu Rwanda. Kuba uhatuye, utuye hafi yaho, uteganya kujyayo, tekereza ku iserukiramuco rizahabera. Ntugomba kubura! 1.Iteka African Festival (Kigali) Iserukiramuco ribanziriza ayandi, riba mu ntangiro z’umwaka (Mutarama). Iteka African Cultural Festival riba rigizwe n’indirimbo zitandukanye n’imbyino ndangamuco […]

Urugendo

Gutemberera mu Imbuga City Walk

Umujyi wa Kigali wakoze Imbuga mu rwego rwo gufasha abanyamujyi ndetse n’abahagenda kubona ahantu ho kwicara, gukinira, kuganirira, kuruhuka, gusomera ibitabo, kubona iterineti y’ubuntu. Iyi mbuga igizwe n’ubusitani, intebe zo kwicaramo, ahantu ho gutegurira ibirori ndangamuco, kugura ibintu byo kurya no kunywa , ahantu ho kugenda n’amaguru n’igare. Ni ahantu ushobora gutemberera wowe winyine, inshuti, […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.