Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2025 yasomye ibitabo byiza yakunze bivuga ku; mateka, urukundo, inkuru, kubaho mu dushya na magazine. Ni ibitabo bifasha kumenya, kumva no gutekereza ibyo umuntu arimo gusoma. 1.Les Grands...
Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
Ni isomero rya Komisiyo y’Igihugu Ikorana na UNESCO (Rwanda National Commission For UNESCO). Isomero rifite ubukungu bw’ ibitabo by’amoko yose (ubukungu, politiki, umuco, ubuzima, ikoranabuhanga, inkuru, ubushakashatsi,.. ..). Ubushakashatsi Rizwi kuba ahantu ho...
Club Rafiki Community Library
Ni isomero riri mu Kigo cy’Urubyiruko kizwi nko kuri Rafiki (Rafiki Youth Center) riherereye mu murenge wa Rwezamenyo. Ni isomero rifite ibitabo bitandukanye, biri mu ndimi zitandukanye, isomero ryakira abantu b’ingeri z’itandukanye; abana, urubyiruko, n’abakuze....
Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
Mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo habarizwa amasomero akomeye mu Rwanda, ni amasomero yakira abantu batandukanye kandi usangamo ibitabo bishya, byihariye, ibitabo bya kera bivuga ku bintu byose. Amasomero afasha abantu kugira ubumenyi, kubona ahantu ho...
Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
Gutoza umwana gusoma ibitabo akiri muto ni ibintu by’ingenzi, bimufasha gukura neza, azi ubwenge kandi afite n’ubumenyi. Gusoma ibitabo bifasha ubwonko bw’umwana gukura neza. Ntabwo watinze cyangwa hari uwo muri kurushanwa mu gusoma ku mwana wawe cyangwa umuvandimwe...
Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama (Uwa 44) yasomye ibitabo 11 kandi arabyishimira mu mwaka wa 2025. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.Paper Girl — Beth...
Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
Gukunda gusoma ibitabo ni ingenzi mu buzima , bifasha kuba umunyabwenge, kumenya ibintu byinshi, gutekereza cyane, kugira amakuru kurusha abandi, kwandika ibitabo, inkuru n’ibindi. Kubera iyo ufite ubumenyi bituma wumva wabisangiza abandi. Ubushakashatsi bwagaragaje...
Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
Mu gihe ISIS Models Africa itangije Urugendo rwo Gutoranya Abanyamideli. U Rwanda ruri mu mahirwe kuko ISIS Models Africa, ku bufatanye na Rwanda Modeling Academy, batangije urugendo rushimishije rwo kuzenguruka igihugu bashaka abanyamideli bashya bazavamo ibyamamare...
Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
Igicumbi magazine Ukwakira-Ukuboza 2025Download
Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
Igicumbi magazine Ferwafa Super Cup 2025 2Download
- Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
- Club Rafiki Community Library
- Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
- Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
- Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
- Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
- Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
- Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
- Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
- Igicumbi Magazine: UCI 2025: Le vélo dans les routes du pays des mille collines.#Issue10 Numéro Spécial!
- Igicumbi Magazine; Umunsi w’Igikundiro 2025 #Issue9 Numero yihariye
- Igicumbi Magazine;Umuganura 2025 #Issue8 Nimero Yihariye
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Igicumbi Magazine; Ubumuntu Arts Festival 2025 #Issue7 Special Cover
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2025 yasomye ibitabo byiza yakunze bivuga ku; mateka, urukundo, inkuru, kubaho mu dushya na magazine. Ni ibitabo bifasha kumenya, kumva no gutekereza ibyo umuntu arimo gusoma. 1.Les Grands...
Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
Ni isomero rya Komisiyo y’Igihugu Ikorana na UNESCO (Rwanda National Commission For UNESCO). Isomero rifite ubukungu bw’ ibitabo by’amoko yose (ubukungu, politiki, umuco, ubuzima, ikoranabuhanga, inkuru, ubushakashatsi,.. ..). Ubushakashatsi Rizwi kuba ahantu ho...
Club Rafiki Community Library
Ni isomero riri mu Kigo cy’Urubyiruko kizwi nko kuri Rafiki (Rafiki Youth Center) riherereye mu murenge wa Rwezamenyo. Ni isomero rifite ibitabo bitandukanye, biri mu ndimi zitandukanye, isomero ryakira abantu b’ingeri z’itandukanye; abana, urubyiruko, n’abakuze....
Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
Mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo habarizwa amasomero akomeye mu Rwanda, ni amasomero yakira abantu batandukanye kandi usangamo ibitabo bishya, byihariye, ibitabo bya kera bivuga ku bintu byose. Amasomero afasha abantu kugira ubumenyi, kubona ahantu ho...
Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
Gutoza umwana gusoma ibitabo akiri muto ni ibintu by’ingenzi, bimufasha gukura neza, azi ubwenge kandi afite n’ubumenyi. Gusoma ibitabo bifasha ubwonko bw’umwana gukura neza. Ntabwo watinze cyangwa hari uwo muri kurushanwa mu gusoma ku mwana wawe cyangwa umuvandimwe...
Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama (Uwa 44) yasomye ibitabo 11 kandi arabyishimira mu mwaka wa 2025. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.Paper Girl — Beth...
Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
Gukunda gusoma ibitabo ni ingenzi mu buzima , bifasha kuba umunyabwenge, kumenya ibintu byinshi, gutekereza cyane, kugira amakuru kurusha abandi, kwandika ibitabo, inkuru n’ibindi. Kubera iyo ufite ubumenyi bituma wumva wabisangiza abandi. Ubushakashatsi bwagaragaje...
Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
Mu gihe ISIS Models Africa itangije Urugendo rwo Gutoranya Abanyamideli. U Rwanda ruri mu mahirwe kuko ISIS Models Africa, ku bufatanye na Rwanda Modeling Academy, batangije urugendo rushimishije rwo kuzenguruka igihugu bashaka abanyamideli bashya bazavamo ibyamamare...
Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
Igicumbi magazine Ukwakira-Ukuboza 2025Download
Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
Igicumbi magazine Ferwafa Super Cup 2025 2Download

