

Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
Kuva mu kwezi kwa Ukwakira-Ugushyingo-Ukuboza tuba turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe cy’imvura nyinshi. Ni byiza kumenya amaserukiramuco wa kwitabira muri iki gihe. 1.Umurage International Books and Arts Festival Iserukiramuco Mpuzamahanga ry ’ibitabo...

Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
Mukunzi Jean De Dieu ni umusore w’umunyarwanda, ukunda ibintu by’umuco n’ubukerarugendo. Kuganira n’abantu bakuze bimwigisha ibintu byinshi cyane, bituma amenya amateka ya kera y’abantu n’ahantu. Mukunzi avana ibyishimo mu gutembera mu ishyamba ahantu hatuje. Ni hehe...

Huye, Amasaha 10 I Sovu
Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo,...

Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
Buri mwaka, kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, mu gihugu hose aba ari umunsi w’umuganura. Uyu mwaka ku rwego rw’igihugu wabereye kuri Sitade Ubworoherane mu murenge wa Muhoza mu Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Itorero Urukerereza Itorero ry’igihugu...

Amafunguro ya Kigande I Kibeho
Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta...

Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
Ku munsi ubanziriza kwizihiza umuganura w’umwaka 2025, Umuyobozi w’inteko y’Umuco yasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco I Huro (Akarere ka Gakende) n’ I Rwiri (Akarere ka Rulindo). 1.Kumenya amateka avuga mu kurinda ahantu ndangamateka Itegeka No 28/2016 ryo...

Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
Bungwe Queen’s Park ni mu rugo rugari rwashinzwe mu rwego rwo gusigasira ubwami bwa Bungwe. Hashinzwe ikigo cy’ubukerarugendo cya GiHomArts & Cultours Ltd ku bufatanye na MSC Ibisumizi (Mountains Sports Club Ibisumizi) Bungwe Queen’s Park ikora ibikorwa...

Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere tw’u Rwanda tweramo icyayi cyinshi. Ni icyayi giteye ku misozi n’ibishanga bigize akarere ka Nyaruguru. Ni akarere kagizwe n’imisozi, bituma hari ubutumburuke buri hejuru, ikirere cyiza kubera ari hafi y’ishyamba rya...

Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
Bungwe Queen’s Park ni mu rugo rugari rwashinzwe mu rwego rwo gusigasira ubwami bwa Bungwe. Hashinzwe ikigo cy’ubukerarugendo cya GiHomArts & Cultours Ltd ku bufatanye na MSC Ibisumizi (Mountains Sports Club Ibisumizi) Ni urugo rutatswe n’ imitako ya kinyarwanda,...

Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
Uyu mwaka, mu rwego rwo kwizihiza umuganura nasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco mu majyaruguru y’u Rwanda. Ni ahantu narigeze bwa mbere, mu turere nasanze dufite ahantu hafite amateka n’umuco bikomeye by’abanyarwanda. Ivubiro rya Huro (Akarere ka Gakenke) I Huro...
- Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
- Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
- Huye, Amasaha 10 I Sovu
- Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
- Amafunguro ya Kigande I Kibeho
- Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
- Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
- Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
- Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
- Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
- Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe
- Kuzamuka umusozi wa Huye
- Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru
- Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
- Umuganura 2025, Umuganura ku rwego rw’Igihugu wizihirijwe I Musanze
Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
Kuva mu kwezi kwa Ukwakira-Ugushyingo-Ukuboza tuba turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe cy’imvura nyinshi. Ni byiza kumenya amaserukiramuco wa kwitabira muri iki gihe. 1.Umurage International Books and Arts Festival Iserukiramuco Mpuzamahanga ry ’ibitabo...
Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
Mukunzi Jean De Dieu ni umusore w’umunyarwanda, ukunda ibintu by’umuco n’ubukerarugendo. Kuganira n’abantu bakuze bimwigisha ibintu byinshi cyane, bituma amenya amateka ya kera y’abantu n’ahantu. Mukunzi avana ibyishimo mu gutembera mu ishyamba ahantu hatuje. Ni hehe...
Huye, Amasaha 10 I Sovu
Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo,...
Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
Buri mwaka, kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, mu gihugu hose aba ari umunsi w’umuganura. Uyu mwaka ku rwego rw’igihugu wabereye kuri Sitade Ubworoherane mu murenge wa Muhoza mu Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Itorero Urukerereza Itorero ry’igihugu...
Amafunguro ya Kigande I Kibeho
Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta...
Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
Ku munsi ubanziriza kwizihiza umuganura w’umwaka 2025, Umuyobozi w’inteko y’Umuco yasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco I Huro (Akarere ka Gakende) n’ I Rwiri (Akarere ka Rulindo). 1.Kumenya amateka avuga mu kurinda ahantu ndangamateka Itegeka No 28/2016 ryo...
Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
Bungwe Queen’s Park ni mu rugo rugari rwashinzwe mu rwego rwo gusigasira ubwami bwa Bungwe. Hashinzwe ikigo cy’ubukerarugendo cya GiHomArts & Cultours Ltd ku bufatanye na MSC Ibisumizi (Mountains Sports Club Ibisumizi) Bungwe Queen’s Park ikora ibikorwa...
Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere tw’u Rwanda tweramo icyayi cyinshi. Ni icyayi giteye ku misozi n’ibishanga bigize akarere ka Nyaruguru. Ni akarere kagizwe n’imisozi, bituma hari ubutumburuke buri hejuru, ikirere cyiza kubera ari hafi y’ishyamba rya...
Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
Bungwe Queen’s Park ni mu rugo rugari rwashinzwe mu rwego rwo gusigasira ubwami bwa Bungwe. Hashinzwe ikigo cy’ubukerarugendo cya GiHomArts & Cultours Ltd ku bufatanye na MSC Ibisumizi (Mountains Sports Club Ibisumizi) Ni urugo rutatswe n’ imitako ya kinyarwanda,...
Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
Uyu mwaka, mu rwego rwo kwizihiza umuganura nasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco mu majyaruguru y’u Rwanda. Ni ahantu narigeze bwa mbere, mu turere nasanze dufite ahantu hafite amateka n’umuco bikomeye by’abanyarwanda. Ivubiro rya Huro (Akarere ka Gakenke) I Huro...