Month: September 2023

Amafunguro Ubukerarugendo

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga n’misozi,amafunguro atera imbaraga.Nk’umuntu wese ukunda gutembera aba yifuza kurya ku mafunguro y’aho aba yagiye.Niyo mpamvu uzasanga muri aka karere bategura amafunguro yihariye ahaba,abaturage […]

Ibyiza Nyaburanga Ubukerarugendo

Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda

U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo ubwo ari bwo bwose kugirango zitazacika. Mu Rwanda,haba umuhango buri mwaka wo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse,kuva iki gikorwa cyatangira muri 2005 […]

Ibiganiro Ubukerarugendo

Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast  Food iherereye I Nyamirambo.

Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo umwami yatangaga,ukuntu bogoshaga imisatsi. Ni hehe uheruka gutemberera cyangwa kugera mu Rwanda? Mperuka gutemberera […]

Ibiganiro Ubukerarugendo

Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga

Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye ikibazo.Igihe afite akanya atari mu kazi yumva umuziki.Akunda gutembera ahantu hatandukanye nko muri weekend ari kumwe n’inshuti ze. Dore ikiganiro yagiranye […]

Ibiganiro Ubukerarugendo

Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.

Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza  aho yize indimi zigezweho (modern  languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries). Akunda kurya imboga,ifiriti,inyama,akora siporo yo kwiruka Ikiganiro yagiranye n’igicumbi.com. Ni hehe watembereye mu Rwanda? Nasuye ingoro  y’imibereho y’abanyarwanda  y’I Huye no mu Rukari Ni […]

Ibiganiro Ubukerarugendo

Mudacumura  Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).

Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga kureba Ingagi ndetse nagiye no muri Pariki y’Akagera. Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda […]

Ibiganiro Ubukerarugendo

Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.

Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nzirikana umuntu […]

Ibiganiro Ubukerarugendo

Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.

Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo Karongi,Rubavu,Muhazi,Nyungwe.Mbese intara zose nazigezemo. Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda […]

Abahanzi Inyurabwenge

Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice

Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya gakondo”inanga”yatangiye umwuga w’ubuhanzi yiga mu mashuli abanza aho yabyinaga mu itorero ry’ikigo cye. Ageze mu mashuli y’isumbuye niho yatangije Club d’ Identité Africaine et Rwandaise bakoraga […]

Abanditsi Inyurabwenge Uncategorized

Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi

Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta tegeko ryari ririho rigishyiraho. Mu 2013, hasohotse itegeko rishyiraho ikigo cy’igihugu gishinzwe ishyinguranyandiko na serivici z’inkoranyabitabo (RALSA) Rwanda archives and Library services Authority mu cyongereza. Icyo kigo kibaka […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.