Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga n’misozi,amafunguro atera imbaraga.Nk’umuntu wese ukunda gutembera aba yifuza kurya ku mafunguro y’aho aba yagiye.Niyo mpamvu uzasanga muri aka karere bategura amafunguro yihariye ahaba,abaturage […]








