Month: September 2024

Urugendo

Gutembera! Pariki watemberamo mu mujyi wa Kigali

Mu mujyi wa Kigali haboneka ahantu henshi hatandukanye watemberera igihe cyose. Ni Pariki zifite ibintu byinshi abantu bakunda, abantu bishimira, abantu bajya kuruhukira, kuganirira, gukora siporo, kwitekerezaho, gukorera ibirori, picnic, kwifotoza, gufata amashusho, n’ibindi. Pariki zakira abantu mu ngeri zose, kuva ku bana, urubyiruko n’abakuze. Green Park Gahanga (Gahanga/Kicukiro) Pariki iherereye I Gahanga, ni ahantu […]

Amateka y'Ahantu

Gasabo, ibintu 45 bitandukanye ukwiriye kumenya mu Akarere ka Gasabo

Akarere ka Gasabo ni kamwe mu turere dutatu tw’umujyi wa Kigali, ni akarere gafite ubuso bwa km2 430.30, kagizwe n’imirenge 15, utugari 73 n’imidugugu 485. Ikicaro cya Karere ka Gasabo kibarizwa mu murenge wa Remera Akagari ka Nyarutarama. Akarere ka Gasabo kabayeho nyuma y’itegeko Ngenga rigena inzego z’imitegekere y’igihugu cy’u Rwanda No29/2005 ryo kuwa 31/12/2005. […]

Urugendo

Gusura ubutaka butagatifu bwa Kibeho

Ubutaka butagatifu bwa Kibeho buherereye mu karere ka Nyaruguru mu ntara y’Amajyepfo. Ni ahantu habaye amabonekerwa ya Bikira Mariya mu myaka ya 1981-1983. Hari ibintu bitandukanye wasura byerekeye  amabonekerwa yahabereye. Ni ubutaka buriho ikigo cy’Amashuri Yisumbuye cya Kibeho kigagaho abakobwa batatu b’abanyarwandakazi (Alphonsine Mumureke (17), Nathalie Mukamazimpaka (20) na Marie Claire Mukangango (21) babonekewe n’umubyeyi […]

Indashyikirwa

Indashyikirwa, Umunyabugeni Ramadhan

Umunyabugeni Ramadhan ni umusore w’umunyarwanda wavutse tariki ya 13 Ugushyingo 2003. Ramadhan yatangiye gushushanya yiga mu mashuri abanza, akagira ubumenyi bwo gushushanyiriza ayandi mashuri. Ubwo yigaga mu mwaka wa Kane w’amashuri abanza (P4) yajyaga ajya gushushanyiriza  mu mashuri yo mu wa Gatandatu (P6), abarimu bakamuha ishimwe, rikamushimisha. Ramadhan agira ati: “Mu gutangira gushushanya umubyeyi byaramutangaje […]

Indashyikirwa

Indashyikirwa z’urubyiruko. Mu kwizihiza imyaka 50 imaze ishinzwe, Club Rafiki yahembye urubyiruko rwatsinze amarushanwa

Tariki ya 16 Kanama 2024, Club Rafiki y’izihije imyaka 50 imaze ishinzwe (1974-2024). Muri ibyo birori byo kwizihiza isabukuru, yahembye urubyiruko mu marushanwa yari yateguwe mu byiciro bine: Ubugeni, Kubyina, Ikinamico na Basketball. Indashyikirwa za Urban Dance School- Mageragere (Kubyina) Itsinda rya Urban Dance School (UDS Mageragere) niryo ryabaye irya mbere mu cyiciro cyo kubyina. […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.