
Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...

Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène par Hervé Kimenyi...

Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
Abantu bakunda amaserukiramuco ni byiza gutangira umwaka wa 2025 uzi amaserukiramuco azaba muri uku kwezi kwa mbere. Ni amaserukiramuco azagufasha gukomeza gutangira umwaka mushya wishimye, ubyina, utembera, uhura n’abandi, ushyigikira abahanzi. Kigali Youth Festival...

Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
Umwaka wa 2024, usobanura byinshi mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi. Ni umuhango umaze imyaka 20, hakaba hamaze kwitwa abana b’ingagi 395. Mu muco nyarwanda, umwana uvutse ahabwa izina, guha izi nyamaswa ni ukuziha agaciro, no kuzirinda kugirango zidacika....

Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...

Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...

Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).

Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)

Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.
- 2025, The 6 reasons to be in Rwanda this year
- Inzu zisohora ibitabo by’abana mu Rwanda wagana
- Indashyikirwa 2025; Itorero Inyamibwa rya UR-CST ryatwaye igihembo
- Itorero Indangamirwa rya UR-CST ryatwaye irushanwa ry’imbyino Gakondo mu Rwanda
- Indashyikirwa 2025, uturere 5 twahize utundi mu Urugerero rw’Inkomezabigwi
- Indashyikirwa 2025, abahembwe mu guteza imbere umuco nyarwanda
- Gusoma 2025, ibitabo abantu bakuru bakwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025: Ibitabo urubyiruko rukwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025, ibitabo abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025: Ibitabo byasohotse muri Mutarama-Werurwe 2025
- Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka
- Ibintu 5 ukwiriye kumenya kuri Rencontres Internationales du Livre Francophone du Rwanda
- Gusoma 2025, Ibitabo 6 ukwiriye gusoma ku kugira ubumenyi bwihariye ku giti cyawe
- Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka
- Gusoma 2025, Ibitabo ukwiriye gusoma kugirango wongere umusaruro muri uyu mwaka
- Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie
- Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.
- Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama
- Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa
Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...
Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...
Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène par Hervé Kimenyi...
Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
Abantu bakunda amaserukiramuco ni byiza gutangira umwaka wa 2025 uzi amaserukiramuco azaba muri uku kwezi kwa mbere. Ni amaserukiramuco azagufasha gukomeza gutangira umwaka mushya wishimye, ubyina, utembera, uhura n’abandi, ushyigikira abahanzi. Kigali Youth Festival...
Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
Umwaka wa 2024, usobanura byinshi mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi. Ni umuhango umaze imyaka 20, hakaba hamaze kwitwa abana b’ingagi 395. Mu muco nyarwanda, umwana uvutse ahabwa izina, guha izi nyamaswa ni ukuziha agaciro, no kuzirinda kugirango zidacika....
Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...
Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...
Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).
Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)
Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.