Month: December 2023

Amateka y'Abantu Uncategorized

Ibintu 16 wamenya kuri Prof. Laurent Nkusi

Umunyarwanda Nkusi Laurent ni umunyapolitiki, umwarimu, umunyamateka,  umwanditsi w’ibitabo. Nkusi  yari afite ubunararibonye mu byerekeranye n’umuco, amateka , politiki ndetse  n’ itangazamakuru. Prof.Laurent Nkusi yari umuntu w’ikitegererezo mu buzima bwe bwa buri munsi; mu  rugo, mu kazi ke, mu mibereho ye muri rusange ndetse no mu buzima bwa politiki. Dore ibintu  wamenya kuri Prof.Laurent Nkusi: […]

Amateka y'Ahantu Uncategorized

UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA

Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi. 1. Ubwanacyambwe Ni agace kari kagizwe na Nyaugenge, Kicukiro n’uduce tumwe twa Gasabo 2. Uburiza Ni uduce […]

Inkuru zo kwamamaza

Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda

Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira:  1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa  n’abahanzi nyarwanda bazenguruka mu mijyi itandukanye y’u Rwanda bataramira abakunzi babo. Rikaba rikunda kuba hagati ya Nzeri-Ugushyingo buri mwaka. Ni iserukiramuco ritegurwa na Kampanyi […]

Amafunguro Uncategorized

IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT

Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi gifite akamaro kenshi mu mubiri wacu, gituma ibice by’umubiri bikora neza. Dore ibyiza 10 byo kunywa Thé Vert : 1. […]

Amafunguro Uncategorized

Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu

Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza kumenya icyo ukwiriye kurya, icyo ukwiriye gusangiza abandi. Uganda: Luwombo Na Matooke Abagande bazwi nka bantu bakunda kurya igitoki kizwi […]

Urugendo

Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera kandi ukishima. Dore uko ushobora kuwumaramo amasaha 9: Saa tatu za mugitondo: Kugera […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.