Gusoma 2025, ibitabo  abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka

Gusoma 2025, ibitabo  abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka

Guhitamo ibitabo byo gusoma muri uyu mwaka, ni ukugufasha kumenya ibitabo byiza byandikiwe abana. Gusoma bigufasha kugira ubumenyi n’ubwenge bifasha mu buzima bwa buri munsi, ari ubu n’ahazaza. Bifasha umwana gukuza ubwonko bwe, akazaba umuhanga. Mudacumura Publishing...

Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka

Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka

Kugira umuco wo gusoma ibitabo ni umuco ukwiriye kuranga umuntu wese ushaka kugira ubwenge, kubaka ubuzima bwe, kugera ku bintu byinshi. Ibitabo bitanga ubwenge bwinshi mu bintu bitandukanye bifasha mu kuba muri iy’isi. Umurage wacu Group wabatoranyirije ibitabo 12...

Amateka y'Ahantu Uncategorized

UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA

Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi. 1. Ubwanacyambwe Ni agace kari kagizwe na...
Read More
Repubulika

Uturere tw’u Rwanda

Repubulika

Ikirango cy’Ibendere ry’u Rwanda

Uncategorized

Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu

Gusoma 2025, ibitabo  abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka

Guhitamo ibitabo byo gusoma muri uyu mwaka, ni ukugufasha kumenya ibitabo byiza byandikiwe abana. Gusoma bigufasha kugira ubumenyi n’ubwenge bifasha mu buzima bwa buri munsi, ari ubu n’ahazaza. Bifasha umwana gukuza ubwonko bwe, akazaba umuhanga. Mudacumura Publishing...

Gusoma 2025, ibitabo 12 wasoma muri uyu mwaka

Kugira umuco wo gusoma ibitabo ni umuco ukwiriye kuranga umuntu wese ushaka kugira ubwenge, kubaka ubuzima bwe, kugera ku bintu byinshi. Ibitabo bitanga ubwenge bwinshi mu bintu bitandukanye bifasha mu kuba muri iy’isi. Umurage wacu Group wabatoranyirije ibitabo 12...