Imigenzo & Imigenzo

Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.

Ni byiza gutangira umwaka ufata ingamba, intego cyangwa imigenzo myiza wagenderaho kugirango umwaka uzabe mwiza. Ni ibintu umuntu wese yakora kugirango ubuzima buzabe bwiza. 1.Gufata ingamba nziza zifatika Kumenya ingamba ufashe, kubera iki ugomba gufata iz’ ingamba?...

Impeshyi mu Rwanda, inama 10 kugirango impeshyi izakubera nziza

Igihe cy’impeshyi gitangira mu kwezi kwa gatandatu (Kamena) ku kageza mu kwezi kwa cyenda hagati (Nzeri) ni byiza kumenya uko wakwitegura iki gihe cy’izuba. Ni igihe kirangwa n’ubushyuhe bwinshi, imyindagaduro, ibirori n’ibindi. Inama ya 1. Gutegura impeshyi kare Ni...

UKO KWIBA UMUKOBWA BYAKORWAGA KERA

Kera umusore washakaga kwiba umukobwa ngo amurongore yashoboraga gukoresha uburyo butandukanye ngo abigereho: Kumutera umwishywa: Aha umusore yashakaga umwishywa (icyatsi) maze akawutera wa mukobwa yifuza agira ati”Ndakurongoye”ubundi akamucira imbazi...

Umwaka mushya: Ingamba 12 wafata muri uyu mwaka

 Ni byiza gutangira umwaka ufite ingamba ugomba kugenderaho, bituma ubasha kubaho neza, nta mbogamizi kuko uba ugendera kuri izo ngamba wihaye. Uba urimo gushyira mu bikorwa ibitekerezo, ibikorwa, ibyifuzo ufite. Gufata ingamba bireba buri wese; umwana,...