Month: December 2023

Amateka y'Abantu

Ibintu 17 wamenya ku muhanzi Nsanzamahoro Denis

Nsazamahoro Denis ni umunyarwanda, umukinnyi n’utuganya sinema. Denis yari intararibonye muri cinema, yakinnye muri filimi izitandukanye haba mu Rwanda n’izo mu mahanga. Denis yarazwiho kuba yari umukinnyi mwiza muri filii yabaga yakinnemo, umuntu ukunda umwuga akora, akitanga, akifuza kuwuteza imbere hano mu Rwanda. Dore ibintu wamenya kuri Denis 1.Denis Nsanzamahoro yavutse mu 1976 2. Denis […]

Amateka y'Ahantu

INZUZI NDENDE MURI AFURIKA

Afurika ni umugabane wa gatatu mu migabane minini igize isi, ugizwe n’ubutaka n’amazi, bigize umurage kamere wa Afurika. Mu nzuzi nini ziboneka muri Afurika zituruka mu bice bitandukanye byose by’umugabane w’Afurika; mu majyaruguru, amajyepfo, hagati, uburengerazuba n’uburasirazuba Dore inzuzi ndende muri  Afurika: 1. Uruzi rwa Nili Uruzi rufite uburebure bwa Km 6670 , ni uruzi rwa […]

Amateka y'Ahantu

AMASANGANO YA NYABARONGO NA MUKUNGWA

Amasangano  y’uruzi rwa Nyabarongo n’umugezi wa Mukungwa ni ahantu izi nzuzi zihurira, Nyabarongo iturutse mu Majyepfo  y’u Rwanda na Mukungwa mu Majyaruguru y’u Rwanda. Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa ni ahantu hihariye hahurira uturere dutatu n’ intara eshatu z’u Rwanda aherereye mu Majyepfo y’u Rwanda, Akarere ka Muhanga (Intara y’Amajyepfo), Akarere ka Nyabihu(Intara y’Iburengerazuba) n’Akarere […]

Amateka y'Ahantu

RWANDA: IMIJYI 6 YUNGANIRA KIGALI

Rwanda ni igihugu gifite ubuso bugana na kirometero kare 26 333, ni igihugu gifite umurwa mukuru wa Kigali. Umujyi wa Kigali ni umurwa mukuru w’u Rwanda kuva mu 1962, igihugu kikibona ubwigenge. Kuva mu mwaka wa 2006, umujyi wa Kigali ugizwe n’uturere dutatu aritwo Gasabo, Nyarugenge na Kicukiro. Umujyi wa Kigali ufite ubuso bungana na kirometero […]

Ibyiza Nyaburanga

IMIJYI 3 MU RWANDA IKORA KU KIYAGA CYA KIVU

U Rwanda rufite imijyi itatu ikora ku kiyaga cya Kivu, bigatuma iyo mijyi igira ibyiza byinshi, ikurura abakerarugendo, igendwa cyane muri rusange. Ni imijyi iri mu ntara y’uburengerazuba bw’u Rwanda. Ikiyaga cya Kivu ni kimwe mu biyaga binini biri mu karere k’ibiyaga bigari bya Afurika no muri afurika y’uburasirazuba, ni mu karere kabamo ibiyaga byinshi […]

Ibyiza Nyaburanga

IMIJYI Y’UBUKERARUGENDO MU RWANDA

Rwanda ni igihugu gifite ibyiza nyaburanga byinshi mu mpande zose z’igihugu.Hakaba ahantu hazwi cyane haba ubukerarugendo kubera imiterere yahoo, ibyiza kamere byaho, ibyishimo bihaba,amafunguro ahaba, ibikorwa byinshi bikurura abakerarugendo. Imijyi y’ubukerarugendo mu Rwanda iherereye cyane mu ntara y’Uburengerazuba ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, mu ntara y’amajyaruguru hafi y’ibirunga n’umujyi wa Kigali. 1.Umujyi wa Kigali umurwa […]

Ibyiza Nyaburanga

IMIJYI NDANGAMURAGE MU RWANDA

Rwanda ni igihugu gifite ibintu byinshi ndangamurage byerekeranye n’amateka, umuco hirya no hino mu gihugu. Bituma hari ahantu hihariye kubera amateka haba hazwiho ko ari ku gicumbi cy’umuco n’amateka by’u Rwanda n’abanyarwanda muri rusange. Umuyoboro w’umurage, ni igice cyerekeza amajyepfo y’u Rwanda, uwo muyoboro wa Muhanga-Ruhango-Nyanza-Huye, aho hazwi kubaho habitse amateka n’ibintu ndangamuco byinshi. 1. Umujyi […]

Inkuri z'ibirori

BURKINA FASO; URUBYIRUKO RW’AFURIKA RWIZIHIJE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’IMIRAGE Y’ISI MURI AFURIKA

Tariki ya 5 Gicurasi buri mwaka aba ari umunsi mpuzamahanga w’imirage y’isi  muri  Afurika,ni kuri iyo tariki mu mujyi wa Gaoua muri Burkina Faso urubyiruko ruvuye mu bihugu bigera  kuri 23 by’afurika (Algerie, Burundi, Burkina Faso, Cameroun, Congo (Brazaville  na  Kinshasa),Tchad, Rwanda, Togo, Benin, Madagascar,….. bifatanyije  n’abandi mu kwizihiza uwo munsi mukuru. Ni umunsi mukuru […]

Ibiganiro

BUJUMBURA: IBITEKEREZO KU BUKERARUGENDO BURAMBYE BY’ABANYESHYURI BO MURI KAMINUZA Z’I BURUNDI

Muri Kaminuza Nkuru y’u Burundi (Université du Burundi) habereye amahugurwa y’abanyeshuri baturutse muri Kaminuza zikorana na Agence Universitaire de la Francophonie n’abarwiyemezamirimo yuko bakora imirimo irambye igendanye n’ingamba (SDG/ODD) z’umuryango w’abibumbye (UN). Ni mu rwego rwo gushishikariza urubyiruko gutangira gutekereza  kwihangira imirimo bakiri muri Kaminuza. amahugurwa yabaye kuva 26 Nzeri-12 Ukwakira 2018 ategurwa na Ambassade de France […]

Ibiganiro

Niger: IBITEKEREZO BY’ABARWIYEMEZAMIRIMO B’URUBYIRUKO K’UBUKERARUGENDO BURAMBYE, FIJEV 2018 I NIAMEY-NIGER

Kuva Tariki ya 27-30 Werurwe 2018 I Niamey muri Niger habereye Ihuriro Mpuzamahanga ry’Urubyiruko n’Imirirmo yita ku bidukikije (Forum International Jeunesse et Emplois Verts) akaba yari ku nshuro ya 4. Ni ihuriro ryahuje ba Rwiyemezamirimo, abanyeshuri, amashyirahamwe bakora mu bikorwa byibanda ku iterambere rirambye bagera kuri 200 harimo 40  bavuye mu bihugu bigera kuri 30 bikoresha igifaransa […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.