Kigali, ingoro ndangamurage ukwiriye gusura
Mu murwa mukuru w’igihugu cy’u Rwanda uhasanga ingoro ndangamurage zitandukanye, zifite amateka menshi kandi ashimishije. Mu ngoro ndangamurage ukwiriye gusura: Ni ingoro iherereye mu mujyi wa Kigali rwagati, izwi ku izina ryo kwa kandt, yabayemo umudage witwaga Richard Kandt washinze umujyi wa Kigali mu mwaka wa 1908. Ni ingoro igizwe n’ibyumba bitandukanye bigaragaza amateka y’abanyarwanda […]
