Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

Winter Dressing Tips When It’s Really Cold Out

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

  • Home  
  • Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda
- Insingamigani - Inyurabwenge

Imana yirirwa ahandi igataha i rwanda

Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n’amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:”Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda”.Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi ahagana mu wmaka wa 1400(1356-1386);ariko kandi wabaye gikwira biturutse kuri Cyirima Rujugira ahasanga mu mwaka wa 1700(1699-1730) Runukamishyo rwa Muhiga […]

Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo babonye ibyiza n’amahirwe bibwira ko bibaye ku Rwanda gusa,andi mahanga atabonye.Ubwo nibwo wumva bavuga bati:”Imana yirirwa ahandi igataha mu Rwanda”.Uyu mugani ukomoka kuri Runukamishyo wabayeho ku ngoma ya MibambweI Mutabazi ahagana mu wmaka wa 1400(1356-1386);ariko kandi wabaye gikwira biturutse kuri Cyirima Rujugira ahasanga mu mwaka wa 1700(1699-1730)

Runukamishyo rwa Muhiga wa Nyamurorwa ni umupfumu wadutse mu Rwanda ku ngoma ya Mibambwe Sekarongoro Mutabazi .Akaba rero yarahingutse mu Rwanda aturutse mu Ndorwa y’u Butumbi.Runukamishyo ngo yari n’impumyi ku buryo yerekeza mu Rwanda yari arandaswe n’umuhungu we witwa Nsinga.Nuko baza berekeza i Gasabokwa Mibambwe Sekarongoro Mutabazi.

Uyu Runukamishyo ni na we musekuruza w’abasinga b’Abanukamishyo bo mu nzu y’Aboshya.Ngo yadukiye rimwe na Nkongori sekuru w’Abega bitwa Abakongori;na Ndejuru sekuru w’abega bitwa Aberejuru.Abo bose bavuye i Butumbi ni ko baje baragura.Iyi miryango ni nayo yakomeje kugira umuhango wo kuragurira umwami inka n’Inkoko.Mbere ya bo mu Rwanda abahanuzi ngo baraguzaga umutwe  gusa.

Runukamishyo n’umuhungu we Nsinga bageze i Gasabo ,igihe bazamuka ku musozi bahasanga inka zirisha;Runukamishyo azumvise ati:”Mbe  Nsinga izo nka ntiziri mo inka y’igitare ihaka uburiza”?Undi ati:”Izirimo”!

Barikomereza bajya ibwami.Runukamishyo amaze kuremya ubuhake neza,abwira Mibambwe ati:”Hariya twahasanze inka y’igitare ihaka uburiza uyishingane kuko ariyo izaguha imitsindo”!Inka bayishinga nyirayo bati:”Iyo nka nijya kubyara uramenye uzayireke yibyaze ntuzagere uyibyaza”!

Bukeye inka irerera imara iminsi ine itarabyara!Nyirayo ararambirwa abona ko inka ye igiye gupfa arayibyaza!Runukamishyo abwira umwami ati:”Abantu bagoma kwinshi !Wa mugabo yabyaje yanka ye!Wari ugiye kuzatsinda amahanga bitaguteye ibyorezo ,none uwo mugabo yakoze iyo nka mu nda!Akoze ababyeyi mu nda:uzatsinda ubanje kwohereza imbaga;ugiye kuzica abo muva inda imwe,n’abo ubyaye n’abo uhatse.Uno mugabo ayogoje igihugu”!

Yongeraho ati:”Ariko rero noneho  nubwo yabigize;muramubuze kuzazirika icyo kimasa inka ibyaye!Bagishyire mu kiraro gusa ntihazagire umugozi ugikoraho”!Babibwira uwo mugabo.

Bukeye ikimasa gikurana umururumba ,kikamena ikiraro maze nyiracyo arakizirika!Runukamishyo aba yageze ibwami ati:”Wamugabo yongeye gukora ishyano kani!Yaziritse cya Kimasa:azanye ingoyi mu Rwanda!Azaniye  umuwami kuzajya aboha abatutsi kandi bitajyaga  kuzabaho inka zigiye kujya zizanwa n’umugozi”!

Bukeye ikimasa kimaze gukura,Runukamishyo ati:”Ni mukizane bagiye imbuto y’umwami bakimuragurire”.Barakizana bagiye kukibikirira mu gikari cy’umuturage waho,bagikojeje umushyo kirasimbuka,injishi kirazica kiratwaza kimena urugo!

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.