Ijambo rya Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu muhango wo Kwita Izina ku nshuro ya 20 (Musanze,05/09/2025)
Good Afternoon, Mwiriwe neza! Murabinyemereye? Murakoze cyane. Mukomeze mugire umunsi mwiza. Murakoze cyane kandi mugire amahoro!
Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize. Egide atuye mu murenge
Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12
Ikigo cya TUSK Conservation Awards gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu
Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu
Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu
Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu
Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori
Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka
Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda bizihiza umuganura bafata umwanya
Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango
Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye
Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi, ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona
Good Afternoon, Mwiriwe neza! Murabinyemereye? Murakoze cyane. Mukomeze mugire umunsi mwiza. Murakoze cyane kandi mugire amahoro!
Mu Rwanda turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe kiba kirangwa n’imvura, ariko hakaba ni bintu bitandukanye by’ibirori n’ibitaramo wakwitabira. Muri aya mariki y’Ukwakira hari ibintu bizaba hirya no hino mu gihugu wakwitabira: Wikendi ya 17-18-19 Ukwakira 2025 1.Kuwa Gatanu (17/10/2025) : -Rwanda National Volleyball League 2025/2026 -Caravane du Rire (17-31/10/2025) -Pool Table Tournment /Black Ball) […]
Kuva mu kwezi kwa Ukwakira-Ugushyingo-Ukuboza tuba turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe cy’imvura nyinshi. Ni byiza kumenya amaserukiramuco wa kwitabira muri iki gihe. 1.Umurage International Books and Arts Festival Iserukiramuco Mpuzamahanga ry ’ibitabo n’ubugeni, rigizwe n’ibiganiro ku bakora mu ruganda rw’ibitabo, ubugeni n’umurage, abahanzi, abarimu, abakora mu muco, amateka, ririmo imurika ry’ibitabo. Rizaba 1-3 Ukwakira 2025, […]
Mukunzi Jean De Dieu ni umusore w’umunyarwanda, ukunda ibintu by’umuco n’ubukerarugendo. Kuganira n’abantu bakuze bimwigisha ibintu byinshi cyane, bituma amenya amateka ya kera y’abantu n’ahantu. Mukunzi avana ibyishimo mu gutembera mu ishyamba ahantu hatuje. Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye mu Ngoro Ndangamurage y’ubugeni (Rwandan Arts Museum) hazwi nko kwa Habyarimana, mbona ibintu byinshi cyane; […]
Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo, ureshya na 2400m z’uburebure. Ni umusozi ukora ku mirenge itatu y’akarere ka Huye, Umurenge wa Huye, umurenge wa Maraba […]
Buri mwaka, kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, mu gihugu hose aba ari umunsi w’umuganura. Uyu mwaka ku rwego rw’igihugu wabereye kuri Sitade Ubworoherane mu murenge wa Muhoza mu Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Itorero Urukerereza Itorero ry’igihugu rigizwe n’abahungu n’abakobwa, bashimishije abitabiriye ibirori mu mbyino za Kinyarwanda harimo nk’ikinimba Hinga Amasaka, intore […]
Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta mu Rwanda. Ibyo kurya Mu mafunguro bategura harimo amafunguro azwi cyane akomoka muri Uganda, harimo Umunyigi, ikinyobwa, kawunga […]
Ku munsi ubanziriza kwizihiza umuganura w’umwaka 2025, Umuyobozi w’inteko y’Umuco yasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco I Huro (Akarere ka Gakenke) n’ I Rwiri (Akarere ka Rulindo). 1.Kumenya amateka avuga mu kurinda ahantu ndangamateka Itegeka No 28/2016 ryo kuwa 22/7/2016 rigena ibungabungwa ry’umurage ndangamuco n’ubumenyi gakondo n’iteka No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 08/02/2024 ryerekeye urutonde rw’umurage ndangamuco ufatika […]
Bungwe Queen’s Park ni mu rugo rugari rwashinzwe mu rwego rwo gusigasira ubwami bwa Bungwe. Hashinzwe ikigo cy’ubukerarugendo cya GiHomArts & Cultours Ltd ku bufatanye na MSC Ibisumizi (Mountains Sports Club Ibisumizi) Bungwe Queen’s Park ikora ibikorwa bishyigikira ubukerarugendo buramye. 1.Mu bikorwa bakora bafatanya n’abaturage. Binyuze muri Bungwe Youth Volunteer, Bungwe Queen’s Park ikorana byahafi […]
Email Us:
info@igicumbi.com
Contact:+250 783 541 018
Igicumbi @2024. All Rights Reserved.









