Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

igicumbi Magazine

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

  • Home  
  • Ikinyarwanda: Twiyungure  amagambo
- Ururimi rw'ikinyarwanda

Ikinyarwanda: Twiyungure  amagambo

1.Urutoto: Amagambo menshi ahatira umuntu  gukora ikintu runaka 2.Uruhindu: Igikoresho kimeze nk’agacumu gato, kiboha ibyibo 3.Umunyana: Igisimba kimeze nk’Inyana bivugwa ko cyazaga n’ijoro, wakibona kirakinagira ukazabaho igihe kirekire, ukarama. 4.Umunyamahugu: Umuntu wamenyereye kwambura, udashobora kwishyura amafranga yagurijwe, umuntu ushaka gutwara iby’abandi abeshya ko ari ibye. 5.Rwarikamavubi: Izina rihabwa imbogo bitewe n’uko amavubi  ayarika mu matwi. […]

1.Urutoto: Amagambo menshi ahatira umuntu  gukora ikintu runaka

2.Uruhindu: Igikoresho kimeze nk’agacumu gato, kiboha ibyibo

3.Umunyana: Igisimba kimeze nk’Inyana bivugwa ko cyazaga n’ijoro, wakibona kirakinagira ukazabaho igihe kirekire, ukarama.

4.Umunyamahugu: Umuntu wamenyereye kwambura, udashobora kwishyura amafranga yagurijwe, umuntu ushaka gutwara iby’abandi abeshya ko ari ibye.

5.Rwarikamavubi: Izina rihabwa imbogo bitewe n’uko amavubi  ayarika mu matwi.

6.Rwabunga: Ikintu kinini cyane, izina rihabwa  inzovu kubera ubunini bwayo bukabije.

7.Rushimusi: Umuntu uhiga atabyemerewe, akiba inyamaswa zibujijwe guhigwa.

8.Musumbashyamba: Izina rihabwa twiga kubera ijosi ryaro rirerire cyane,rituma isumba ibiti byo mu ishyamba irimo.

9.Kugwa agacuho: Kunanirwa cyane.

10.ishyo:  Inka cyangwa inmbogo nyinshi ziteraniye hamwe.

11.Igiti cy’inganzamarumbo: Igiti kinini cyane mu mubyimba kimaze imyaka myinshi cyane.

12. Gutirimuka: Kuba umaze akanya gato uvuye ahantu.

13.Gutamiriza: Kwambara nk’umutako

14.Gusesekara: Kugera ahantu n’imbaraga

15.Gusatira: Kwegera cyane umunyu cyangwa ikintu mu buryo bwo kukibangamira.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.