Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

Winter Dressing Tips When It’s Really Cold Out

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

  • Home  
  • UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
- Amateka y'Ahantu - Uncategorized

UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA

Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi. 1. Ubwanacyambwe Ni agace kari kagizwe na Nyaugenge, Kicukiro n’uduce tumwe twa Gasabo 2. Uburiza Ni uduce […]

Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi.

1. Ubwanacyambwe

Ni agace kari kagizwe na Nyaugenge, Kicukiro n’uduce tumwe twa Gasabo

2. Uburiza

Ni uduce tumwe twa Rulindo harimo za Mugambazi

3. Ubumbogo

Ni agace kari kagizwe n’igice cya Gasabo cy’icyaro n’uduce twa Rwamagana

4. Ubuganza

Ni agace hafi ya kose ka Kayonza, igice kinini cya Rwamagana n’uduce twa Gicumbi nka Rutare

5. Igisaka

Ni agace kagizwe na Ngoma na Kirehe n’uduce tumwe twa Rwamagana

6. Ndorwa

Ni agace ka Nyagatare na Gatsibo

7. Umubali

Ni ibice bya Gatsbo na Kayonza biri muri Pariki y’igihugu y’Akagera

8. Urukiga

Ni agace ka Gicumbi n’uduce tumwe twa Gatsibo,Rulindo na hamwe muri Burera

9. Umurera

Ni agace ka Burera, Musanze na Gakenke (harimo ibice bikomeye nk’Ubukonya n’Ubugarura).

10. Ubushiru

Ni agace ka Nyabihu

11. Ibigogwe

Ni agace ka Nyabihu

12. Icyingogo

Ni mu gace ka Ngororero

13. Ubugoyi

Ni agace ka Rubau n’uduce twa Rutsiro

14. Nyantago

Ni ibice bimwe bya Karongi

15. Ubwishaza

Ni agace a Karongi

16. Ikinyaga

Ni agace ka Rusizi na Nyamasheke( hakabamo ibice byari bikomeye nk’Ubusozo n’Ubukunzi)

17. Akanage

Ni agace ka Rutsiro

18. Ubunyambiriri

Ni agace ka Nyamagabe

19. Ubufundu

Ni agace ka Nyamagabe n’uduce tumwe twa Nyaruguru

20. Inyaruguru

Ni agace ka Nyaruguru yo hagati

21. Ubuyenzi

Ni agace ka Nyaruguru y’epfo muri za Nshili na Kivu

22. Mvejuru, Buhanga, Ndara

Ni uduce tumwe twa Nyaruguru, Huye na Gisagara (iruhande rwa Nyakizu)

23. Bwanamukari

Ni mu gace ka Huye na Gisagara

24. ubuganza

Ni mu gace ka Nyanza, Huye na Gisagara (Rusatira na Rubona)

25. Induga

Ni agace ka Muhanga, Ruhango na Nyanza ndetse na Kamonyi

26. Amarangara

Ni ibice bimwe bya Muhanga na Ruhango(Mukingi na Kanyarira)

27. Ndiza

Ni uduce twa Muhanga (Nyabikenke na Nyakabanda) n’uduce twa Kamonyi.

28. Amayaga

Ni igice cya Kamonyi y’epfo,Muhanga , Ruhango,Nyanza na Gisagara( ni igice cyose gikora ku ruzi rwa Kanyaru

29. Ubugesera

Ni akarere kose ka Bugesera

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.