Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

igicumbi Magazine

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

Blog

Abanditsi

Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie

Igitabo Le Concept de Safari : Un Cadre Africain Pour les soins de Fin de Vie. Cyanditswe na Dr Christian Ntizimira, cyasohotse tariki ya 18 Mutarama 2025 kuri Mundi Center. Dr Christian yari kumwe na Dr Déo Mbonyinkebe basobantura akamaro k’iki gitabo ku ruhande rw’abanyarwanda n’abanyafurika muri rusange. Umwanditsi mu gitabo yaditse: hari umugani mugufi mu […]

Imigenzo & Imigenzo

Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.

Ni byiza gutangira umwaka ufata ingamba, intego cyangwa imigenzo myiza wagenderaho kugirango umwaka uzabe mwiza. Ni ibintu umuntu wese yakora kugirango ubuzima buzabe bwiza. 1.Gufata ingamba nziza zifatika Kumenya ingamba ufashe, kubera iki ugomba gufata iz’ ingamba? Kureba ahantu wandika izo ngamba , ntimba ushaka kubaka cyangwa kugura inzu, kuzigama 1 Miliyoni, , gutembera ahantu […]

Abanditsi

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Uwahoze ari Perezida wa  Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation — Jonathan Haidt 2.Intermezzo — Sally Rooney 3.Patriot — Alexei Navalny 4.Orbital — Samantha Harvey 5.The Anthropologists — […]

Urugendo

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda;  amazi ya Nyabarongo  aturuka mu majyepfo mu ishyamba rya Nyungwe, afatwa nk’isoko ya Nili, agahura n’amazi ava mu biyaga by’impanga (Burera na Ruhondo) byavutse kubera ibirunga […]

Urugendo

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka Muhanga, mu Ntara y’Amajyepfo, riri mu Murenge wa […]

Urugendo

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)

Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by’imiti ivura abantu n’amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n’imondo, ingunzu n’izindi. Mu biti birebire biboneka muri iryo shyamba harimo; umuyove, umusebeya, umurangara n’ibindi. Ishyamba rikurura imvura muri ako […]

Inkuru zo kwamamaza

Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?

Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène  par Hervé Kimenyi (Comédien) Centre Culturel Francophone/16/Jan /2025/ 18h30. Entrance 10K/ Payable en avance ou […]

Inkuru zo kwamamaza

Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya

Abantu bakunda amaserukiramuco ni byiza gutangira umwaka wa 2025 uzi amaserukiramuco azaba muri uku kwezi kwa mbere. Ni amaserukiramuco azagufasha gukomeza gutangira umwaka mushya wishimye, ubyina, utembera, uhura n’abandi, ushyigikira abahanzi. Kigali Youth Festival (Kuva 10-31 Mutarama 2025) Kigali Youth Festival ni iserukiramuco riteganyijwemo ibikorwa byinshi ahantu hatandukanye mu mujyi wa Kigali. Amarushanwa yo kubyina […]

Inkuri z'ibirori

Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).

Umwaka wa 2024, usobanura byinshi mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi. Ni umuhango umaze imyaka 20, hakaba hamaze kwitwa abana b’ingagi 395. Mu muco nyarwanda, umwana uvutse ahabwa izina, guha izi nyamaswa ni ukuziha agaciro, no kuzirinda kugirango zidacika. Dore ibintu ukwiriye kuzirikana kuri uyu muhango: 1.Kwita izina byatangiye mu mwaka wa 2005 2. […]

Indashyikirwa

Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza

Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko,  umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi cy’Ubwongereza Diana) wabaye umugore wa mbere w’umwami Charles II, akaba ari nyina w’ibikomangoma William ba Harry. Uwishema yashinze umuryango udaharanira inyungu Oli […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.