Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

igicumbi Magazine

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

Blog

Indashyikirwa

Umunyarwandakazi watsindiye igihembo muri ATLF 2020

Umunyarwandakazi Aline Murekatete yatsindiye igihembo cyo mu rwego rw’urubyiruko rufite imishinga ifite udushya (Youth Innovation Competition). Umushinga wa Aline ni Spree Bubble Concept. Ni irushanwa ryateguwe urubyiruko rwohereza imishinga ifite udushya yo gufasha mu bukerarugendo mu bihugu byabo no ku mugabane wa Afurika muri rusange. Ni ibihembo byatanzwe mu nama ya Africa Tourism Leadership Forum, […]

Indashyikirwa

2020, Voyages Afriq yatsindiye igihembo muri Africa Tourism Leadership Forum

I Kigali habereye Africa Tourism Leadership Forum  ku nshuro yaryo ya gatatu, habayemo umuhango wo guhemba mu irushanwa ry’abakora mu nzego z’ubukerarugendo ku mugabane wa Afurika. Voyages Afriq niyo yabonye igihembo mu itsinda ry’ibigo byandika ku bukerarugendo, bimenyekanisha ubukerarugendo bwa Afurika, bihindura isura ya Afurika mu rwego mpuzamahanga Voyages Afriq yabonye igihembo cya Outstanding Africa […]

Amateka y'Ahantu

Imirage 5 y’igihugu, imirage ndangamuco ifatika iri muri kigali 2024

Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’ iteka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage ndangamuco ufatika n’uburyo bwo kuwukoresha n’ubwo kuwubyaza inyungu. 1.Urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali 2.Urwibutso rwa Jenoside […]

Amateka y'Ahantu

Rwanda 2024, Imirage Ndangamuco Ifatika y’Igihugu

Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’iteka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage ndangamuco ufatika n’uburyo bwo kuwukoresha n’ubwo kuwubyaza inyungu. Minisititi w’ubumwe bw’abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. Ashingiye ku itegeko nshinga rya Repubulika […]

Jenoside

Kwibuka, inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ziri mu mirage ndangamuco ifatika y’igihugu.

Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’teka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage ndangamuco ufatika n’uburyo bwo kuwukoresha n’ubwo kuwubyaza inyungu. 1. Urwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Kigali 2. Urwibutso rwa […]

Ibyiza Nyaburanga

Impamvu 20 zo gusura Victoria Falls

Victoria Falls witwa na none Mosi-Oya-Tunya ni ahantu nyaburanga kamere haherereye ku ruzi rwa Zambezi, hagati y’igihugu cya Zambia na Zimbabwe. Uko kuntu hameze, hateye, amateka yaho hagati yahoo n’abantu bahaturiye, akamaro kaho, byatumye hashyirwa mu mirage y’isi mu mwaka wa 1989, kandi hafatwa nka hantu heza ku isi. Perezida Paul Kagame yahasuye 4-5 Mata […]

Insingamigani

INSIGAMIGANI : “Bamushyize igorora”

Uyu mugani uvugwa kenshi mu Rwanda bawerekeje ku muntu, bakuye mu mage bakamudabagiza; niho bavuga ngo: «Bamushyize igorora!» Wakomotse ku munyagisaka witwaga Rumanzi; ahagana mu mwaka w’i 1700, wusirwa n’umunyanduma witwaga Shabwega bwa Rubunge w’umwenegitoli, ahagana mu mwaka w’i 1800. Ni bo bombi bashyizwe igorora: Rumanzi yashyizwe igorora rya Bishenyi mu Buganza, Shabwega ashyirwa igorora […]

Inkuru zo kwamamaza

Rwanda, ibintu 18 bikomeye bizaba mu mwaka wa 2024

Umwaka wa 2024 uzabamo ibintu byinshi bikomeye mu Rwanda. Ni byiza gutangira umwaka uzirikana ibyo bintu kugirango uzabyitabire. 1.Umushyikirano (Inshuro 19) Umushyikirano ni umwanya mwiza abanyarwanda bahura n’abayobozi babo bakareba uko igihugu gihagaze mu nzego zitandukanye, havugirwamo ibibazo, hatangirwamo ibyifuzo n’ibitekerezo, abayobozi batandukanye basobanura ibikorwa bitandukanye by’igihugu. Umushyikirano witabirwa na Perezida wa Repuburika n’Umufashe we. […]

Inkuru zo kwamamaza

2024, ibiciro byo gusura ingoro ndangamurage mu Rwanda

Mu Rwanda hari ingoro ndangamurage umunani (8) ubu basizeho ibiciro bishya byo kubasha kuzisura; gusura imurika rihoraho mu ngoro n’ibindi bikorwa bigaragara mu ngoro ndandamurage (amamurika yihariye) Ibiciro bishya: Ibiciro by’abashyitsi  (Kuri buri ngoro) Abanyarwanda: Abaturage bo muri EAC na CEPGL Abanyamahanga baba mu Rwanda Abaturuka mu bindi bihugu Amatike akomatanyije Ingoro ndangamurage zose (8) […]

Repubulika

Rwanda 2017, amatora ya Perezida wa Repubulika

Amatora yo guhitamo umukuru w’igihugu yabaye 3 Kanama 2017 mu gihugu imbere, na 4 Kanama 2017 mu mahanga. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora ni Prof Kalisa Mbanda. Harimo abakandinda batatu: Umukandinda w’Umuryango FPR: Paul Kagame Umukandinda w’ingenga: Mpayimana Philippe Umukandinda wishyaka Democratic Green party: Habineza Frank Komisiyo y’Igihugu y’amatora yavuze ko abanyarwanda mu gihugu imbere […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.