Rwanda, intego za Repuburika y’u Rwanda
Nkuko byasohotse mu itegeko nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo kuwa 04/06/2003. Repuburika y’u Rwanda ifite intego eshatu: Ubumwe Umurimo Gukunda igihugu Imvano: iterinete.
Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize. Egide atuye mu murenge
Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12
Ikigo cya TUSK Conservation Awards gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu
Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu
Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu
Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu
Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori
Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka
Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda bizihiza umuganura bafata umwanya
Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango
Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye
Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi, ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona
Nkuko byasohotse mu itegeko nshinga rya Repuburika y’u Rwanda ryo kuwa 04/06/2003. Repuburika y’u Rwanda ifite intego eshatu: Ubumwe Umurimo Gukunda igihugu Imvano: iterinete.
Rwanda nziza Gihugu cyacuWuje imisozi, ibiyaga n’ibirungaNgobyi iduhetse gahorane ishyaReka tukurate tukuvuge ibigwiWowe utubumbiye hamwe tweseAbanyarwanda uko watubyayeBerwa, sugira, singizwa iteka Horana Imana, murage mwizaIbyo tugukesha ntibishyikirwaUmuco dusangiye uraturangaUrurimi rwacu rukaduhuzaUbwenge, umutima, amaboko yacuNibigukungahaze bikwiyeNuko utere imbere ubutitsa Abakurambere b’intwariBitanze batizigamaBaraguhanga uvamo ubukombeUtsinda ubukoroni na mpatisbihuguByayogoje Afurika yoseNone uraganje mu bwigengeTubukomeyeho uko turi twese Komeza […]
Intara y’uburengerazuba yashyizweho n’itegeko No.29/2005 ryo kuwa 31/12/2005 rigena imitegekere y’inzego z’igihugu, ryavuguruwe mu itegeko No.14/2013 ryo kuwa 25/03/2013 rigena imituganyirize n’imikorere by’intara . 8. Intara y’uburengerazuba igizwe n’uturere 7: Imvano iterinete(website western Province)
Rwanda rwacu Rwanda Gihugu cyambyayeNdakuratana ishyaka n’ubutwariIyo nibutse ibigwi wagize kugeza ubuNshimira AbarwanashyakaBazanye Repubulika idahinyukaBavandimwe, b’uru Rwanda rwacu tweseNimuhagurukeTurubumbatire mu mahoro, mu kuliMu bwigenge no mu bwumvikane Impundu nizivuge mu Rwanda hoseRepuburika yakuye ubuhakeUbukolonize bwagiye nk’ifuni ihezeShinga umuzi DemokarasiWaduhaye kwitorera AbategetsiBanyarwanda: abakuru namwe abatoMwizihiye u RwandaTurubumbatire mu mahoro, mu kuliMu bwigenge no mu bwumvikane Bavuka […]
Uturere tw’u Rwanda twashyizweho n’itegeko No.29/2005 ryo kuwa 31/12/2005 rigena imitegekere y’inzego z’igihugu, ryavuguruwe mu itegeko No.14/2013 ryo kuwa 25/03/2013 rigena imituganyirize n’imikorere by’intara n’uturere hagamijwe kwegereza ubuyobozi n’ubushobozi abaturage. U Rwanda rugizwe n’uturere 30, akarere kayoborwa na Meya afatanyije n’Inama-jyanama itorwa n’abaturage. Intara y’Umujyi wa Kigali Intara y’Amajyaruguru Intara y’Amajyefo Intara y’uburengerazuba Intara y’Uburasirazuba […]
Ni mucyo twambare, twambarire Kuba imena. Jyewe ubu nahisemo, nzatwaza ngana imbere. Nushaka unkurikire, mu runana Rw’imihigo, Turishinge turahire, yuko Tuzahora Dukunda ibyiza: Ubutabera n’amahoro Urukundo n’ubupfura; Ubukire Bwanga ibyo ndabugaya, Ntumpeho 1. Nuteranya abuzuye, Ubwo uratata nturi imfura. Niba uhora utanya amoko Ngo abantu bamashane, Nusumbanya n’uturere Uribagire wifashe, Ntumpeho. 2. Niba utunzwe na […]
Kuva Tariki ya 1 Ugushyingo harabura amezi abiri, iminsi 61, amasaha 1464 ngo umwaka urangire, ni ngombwa gutangira gutekereza uko umwaka urangiye, ugapanga n’ibintu wakora mbere y’uko urangira. Ni igihe cya kazi kenshi , igihe cyo gushaka amafaranga kandi ni n’igihe cyo kwishima. Dore ibintu wakora mbere y’uko umwaka urangira: 1.Kureba ingamba wari ufite muri […]
“u Rwanda Rwa Gasabo rwari rufite ibihugu birukikije” Iyo bavuze imitegekere y’ingoma iyi n’iyi,biba bishaka kuvuga amatwara n’imikorere y’iyo ngoma.Ibyo bikagendana n’imirongo migari ubutegetsi buba bwarihaye yo kugenderwaho. Iyo bavuze Ibihugu-Nkiko,baba bashatse kuvuga ibihugu bihana imbibe n’igihugu iki n’iki.Ibihugu-Nkiko bivugwa aha,bikaba ari ibyari bituranye n’u Rwanda rugari rwa Gasabo.Mu bihugu-nkiko by’u Rwanda rugari rwa Gasabo,byari […]
Umunyarwanda Nkusi Laurent ni umunyapolitiki, umwarimu, umunyamateka, umwanditsi w’ibitabo. Nkusi yari afite ubunararibonye mu byerekeranye n’umuco, amateka , politiki ndetse n’ itangazamakuru. Prof.Laurent Nkusi yari umuntu w’ikitegererezo mu buzima bwe bwa buri munsi; mu rugo, mu kazi ke, mu mibereho ye muri rusange ndetse no mu buzima bwa politiki. Dore ibintu wamenya kuri Prof.Laurent Nkusi: […]
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi. 1. Ubwanacyambwe Ni agace kari kagizwe na Nyaugenge, Kicukiro n’uduce tumwe twa Gasabo 2. Uburiza Ni uduce […]
Email Us:
info@igicumbi.com
Contact:+250 783 541 018
Igicumbi @2024. All Rights Reserved.









