Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

igicumbi Magazine

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

Blog

Abahanzi

Amagambo y’indirimbo: Umurunga w’iminsi ya Alexis Kagame

Burya gusaza ni ugusahurwa, Kuko iyo tujya ni habi, Nariye iminsi ndayiyongeza, Nsigara nyitera inyoni ziguruka None iranze iranyigabije Iranyiganzuye yogapfusha Cyo rero Kibondo cyanjye Igira hino nkurage intwaro Nitwaje iki gihe cyose Ibihe bibi byose nkabyirenza Uyitwaje azira kuneshwa Utayitunze azira kuramba Iyo ntwaro izirika iminsi Nta yindi shahu ni umurimo Iyo isi imaze […]

Abahanzi

Amagambo y’indirimbo “Habibi” ya The Ben

Habibi, Come close sweet yo nkubwire Ese war’uziko wanzonze mammy Ni ukuri sinkiriho Hoya sinibuka Uko nabagaho ntarakumenya Taliki yari nk’iyi ngiyi Ubwo imitima yahuraga HOYA HOYA NTACYAKUNTWARA SINSHAKA NO KUBITEKEREZA KUBA NAKUBURA BABY Y’RE MY LIFE WEWE BARAKA YANGU IBYIZA BYOSE NABIBONEYE MURI WOWE Iyaba wenda Amarira yasobanura Urukundo ngukunda Sinazigera mpora EVERY TIME […]

Inkuru zo kwamamaza

Impamvu 5 zo kuba I kigali ku munsi wa Noheli

Umunsi mukuru wa Noheli, ni byiza kumenya ukuntu wakwizihiza uwo munsi kuba wemera hamwe n’inshuti n’abavandimwe babo. Dore impamvu eshanu ugomba kuba uri I Kigali: 1.Amasengesho yo ku munsi mukuru Abanyarwanda bakunda gusenga, ku munsi mukuru wa Noheli, ni byiza kujya gusenga kwishimira ivuka ry’umukiza kuba mwemera. Ni byiza kujya mu rusengero kwifatanya n’abandi gushimira […]

Inkuru zo kwamamaza

Ibintu 10 byo gukora mu gihe cy’iminsi mikuru #FestiveSeason

Ni byiza gufata umwaka wo  gutekereza ku bintu byo gukora muri iki gihe cy’iminsi mikuru, igihe cyigizwe no gusoza mwaka no gutangira. Dore ibintu 10 wakora muri iki gihe: 1.Kureba uko umwaka uragiye wagenze Iki ni igihe cyiza cyo gutekereza uko umwaka urangiye wagenze, kwikorera isuzuma mu buzima ni ikintu cyiza cyo kuzirikana mu mpera […]

Urugendo

Impamvu 1 yo kuba I kigali mu ijoro ry’ubunani

Umwaka iyo urangiye ni byiza gutekereza ahantu uzawusoreza, n’ aho uzawutangirira undi.  Biri mu bintu byiza cyane biba urwibutso mu buzima. Impamvu imwe ugomba kuba uri I Kigali, ni ukurangiza umwaka no gutangira umwaka mushya kuri Kigali Convention Center ni ikintu cyiza cyane, haba hateguwe ahantu bari buturikirize imiriro yo mukirere (Fire warks), ni ahantu […]

Amateka y'Ahantu

Inkomoko y’Urutare rwa Kamegeri

Kamegeri yari umutware ku ngoma ya Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura yatwikiwe kuri uru rutare nyuma y’aho asabiye ko abari bagize nabi barujugunywa ho rumaze gucanirwa. Ruherereye mu karere ka Ruhango umurenge wa Ruhango munsi y’umuhanda hagati y’umujyi wa Ruhango n’ahahoze ibiro bya Komini Kigoma. Uyu mwami yari azwiho ubwitonzi, kugira ubuntu, guha amata abakene begereye […]

Amateka y'Ahantu

Inkomoko y’izina Gisozi

Kuva u Rwanda rwatangira kubaho n’impugu zarwo, hariho agace kitwaga “NTORA “kabarizwaga mu Ngoma y’ u Bwanacyambwe.Nyuma y’aho Umwami KIGELI I MUKOBANYA umuhungu wa Cyilima I Rugweagabye Igitero kibasiye Ingoma y’u Bwanacyambwe , ahasaga mu w’ 1378, kikigarurira Ingoma y’aho, ako gace kari kagize iyo Ngoma ,nako kegukiye burundu Ingoma y’U Rwanda yari ifite umurwa […]

Amateka y'Ahantu

Inkomoko y’izina Kinyaga

Umwami Rwabugiri yagiye kugaruza ibihugu ageze ku karwa kitwa Nkombo amasha umwambi ugwa ahantu ho mu cyika, bomotse umwambi barawubura kuko nta mwami wasubiraga inyuma. Ageze ku mugezi wa Kirimbi, arahindukira ati ‘Uri kinyaga’. Ni aho izina ‘Kinyaga’ ryakomotse.”    Abatuye Ruzizi na Nyamasheke bazi amateka y’ubwami bwa Kinyaga, ubu hariho Akagari ka Kinyaga,Umurenge wa Nkaka mu […]

Amateka y'Ahantu

Inkomoko y’Izina Kigali

Iri zina ry’umurwa mukuru w’u Rwanda rikaba rikomoka ku musozi wa Kigali uzwi nka “Mont Kigali”hagati y’ikinyejana cya 14 na 15 ku ngoma y’umwami Kigeli Mukobanya.Umusozi wa Kigali ( “Mont Kigali”)  hari ahu u Bugesera uwitwa Cyilima Rugwe yahatuye ashaka kwiyenza ku mwami Nsoro Bihembe w’u Bugesera ngo amutere. Icyo gihe Nsoro Bihembe yarahamurekeye ari […]

Urugendo

Kigali: Ibintu 5 ukwiriye kumenya mu gutegura urugendo mu mujyi wa Kigali

Umujyi wa Kigali ni umurwa mukuru w’u Rwanda kuva mu 1962. Kuva mu mwaka wa 2006, umujyi wa Kigali ugizwe n’uturere dutatu aritwo Gasabo, Nyarugenge na Kicukiro. Umujyi wa Kigali ufite ubuso bungana na kirometero kare 738 (738 km2) ukaba urimo igice cy’umujyi n’igice cy’icyaro. Ni umujyi utuwe n’abaturage bagera kuri miliyoni 1,200. Hari uburyo […]

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.